Umuhanzi Niyo Bosco yategetswe gusiba amashusho y’umukobwa yihebeye

Niyo Bosco mu minsi ishize yasohoye indirimbo ye nshya ‘Eminado’ ikaba iya mbere yashyize hanze kuva yakwinjira muri KIKAC Music, none Imwe mu nkuru y’imyidagaduro igezweho muri iyi minsi ni iy’uyu muhazi Niyo Bosco waciye amarenga ko yaba asigaye afite inkumi yitwa Keza Nabrizza yihebeye mu buryo bw’urukundo. Ni amakuru yasakajwe ku mbuga nkoranyambaga mu […]

Continue Reading

Indege ya Uganda yarashe abasirikare ba RDC umwe acika amaguru

Indege y’intambara ya Uganda, Sukhoi-30, kuri uyu wa 16 Mutarama 2024 yarashe ku birindiro by’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo biri hafi y’umuhanda wa Eringeti-Komanda mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Ikinyamakuru Chimpreports cyo muri Uganda cyatangaje ko cyahawe amakuru yizewe cyane, avuga ko habaye kwibeshya, iyi ndege irasa ku basirikare ba RDC, umwe muri […]

Continue Reading

Abantu batanu batuma abakene biyongera ku Isi

Umuryango Oxfam watangaje ko kuva mu 2020, amafaranga y’abaherwe batanu bakize ku Isi wiyongereye hafi yo kwikuba kabiri, mu gihe abakene bakabakaba miliyari eshanu bakennye kurushaho. Raporo y’uyu muryango yasohotse ku wa 15 Mutarama 2024, igaragaza ko utewe impungenge n’uko ubukene bwiyongera, usobanura ko bukomeje kuri uyu muvuduko, n’iyo byatwara imyaka 229 kuburandura bitashoboka. Umuyobozi […]

Continue Reading

Ibyo wamenya kuri siporo yo gusimbuka umugozi

Siporo yo gusimbuka umugozi ni nziza cyane ndetse ituma uyikora amaraso atembera neza cyane cyane mu gice cy’amaguru, bigatuma kandi ibinure bishonga vuba, amaraso agatembera neza.   Gusimbuka umugozi ni siporo nziza wakora niba uyemerewe. Gusimbuka umugozi kandi bituma utakaza ibiro,uwukora iyi siporo kandi yo gusimbuka umugozi ahorana imbaraga kuko umutima we uba ukora cyane […]

Continue Reading

Ubuyobozi bw’Akarere ka Karongi bukomeje gushinjwa guhuzagurika bwiseguye ku baturage

Nyuma y’uko bamwe mu bakoze ibizamini by’akazi mu karere ka Karongi, bamwe bashyizwe mu myanya abandi bikarangira bategereje amaso agaheba, bajya kubona bakabona akarere kongeye kubaha ubutumwa ko icyo kizamini kizongera gukorwa bakavuga ko byabatunguye, Akarere kabyutse kabiseguraho.   Ubutumwa akarere ka Karongi kashyize ku rubuga rwa X, mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu, […]

Continue Reading

FARDC igize icyo ivuga kubasirikari bayo bavogereye ubutaka bw’u Rwanda

Mu itangazo basohoye mu minota mike barinyujije ku rukuta rwa X, Igisirikari cya Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo FARDC bagize icyo bavuga ku basirikari b’icyo gihugu bavogereye ubutaka bw’u Rwanda.   N’itangazo riri mu rurimi rw’igifaransa rigira riti “Abasirikari batatu b’Igisirikari cya Congo bari ku burinzi ku mupaka uhuza u Rwanda na Repubulika iharanira Demukarasi […]

Continue Reading

Rubavu: Umujongo yaguye mu gisimu, bagenzi be bakora igisa n’imyigaragambyo

Umwe mubo abaturage bavuga ko asanzwe mu itsinda ry’abajongo (ibihazi byiba amabuye y’agaciro) Hakizimana Jean Claude yaguye mu Gisimu cya Kampani ya CEMINYAKI azize kubura Gazi, bagenzi be bakora igisa n’imyigaragambyo.   Ibi byabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri mu masaha ashyira saa kumi z’umugoroba, tariki 16 Mutarama 2024, mu murenge wa Nyamyumba […]

Continue Reading

Igisirikare cya SADC na FARDC cyatangiye kugaba ibitero ku nyeshyamba za M23

Igirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), cyatangaje ko Ingabo zacyo zatangiye kugaba ibitero ku nyeshyamba za M23 zifatanyije n’iza SADC.   Byemejwe na Lt Gen Fall Sikabwe usanzwe ari umuhuzabikorwa w’ibikorwa bya gisirikare mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ubwo kuri uyu wa Kabiri yari ayoboye inama yahuje FARDC n’ingabo za SADC.   Yavuze […]

Continue Reading

Rubavu: Kuva 2022, abaye Umusirikari wa 4 muri FARDC urasiwe mu Rwanda

Kuva muri 2022 mu karere ka Rubavu harasiwe Umusirikari wa FARDC wari wagerageje kwinjirana na bagenzi be ku butaka bw’u Rwanda mu buryo bunyuranyije n’amategeko.   Abaturage bavuga ko ubwo abasirikari 3 ba FARDC bavogeraga Ubutaka bw’u Rwanda bafashwe n’irondo ryunganira Igisirikari cy’u Rwanda mu kwicungira umutekano, umwe muri bo akagerageza kurasa ku nzego zishinzwe […]

Continue Reading

Kibonke yatangaje icyatumye arembera kwa Muganga akabihisha.

Mugisha Emmanuel uzwi nka Clapton Kibonge muri Cinema no mu rwenya  hano mu Rwanda, impera za 2023 ntizamugendekeye neza kuko aribwo yaje kurwara akaremba ndetse bikanaba ngombwa ko aguma kwa  Muganga kugeza abazwe.   Izina Kibonge cyangwa Clapton riramenyerewe cyane  mumatwi y’Abakunzi b’imyidagaduro hano mu Rwanda  ndetse n’ahandi, Kibonke warumaze iminsi ari mubitaro byitiriwe Umwami […]

Continue Reading

P.Diddy ntazagaragara mu itangwa ry’ibihembo bya Grammy Awards.

Rurangiranwa mu njyana ya hip hop ku isi p diddy yangiwe kuzitabira ibihembo bya grammy awards kubera ibyaha byinshi aregwa byo guhohotera Abakobwa barimo nuwo yahoze afasha mumuziki witwa Cassie.     Sean Combs uzwi nka P.Diddy  umuraperi ukomeye cyane akaba n’umuherwe kuko agaragara k’urutonde rw’aba raperi bambere batunze agatubutse, umwaka dusoje wa 2023 ntiwagendekeye […]

Continue Reading