Rulindo : Bombori Bombori hagati y’umuyobozi w’ishuri n’umwungirije

Mu Karere ka Rulindo,Umurenge wa Shyorongi akagari ka Kijabagwe, ku ishuri rya GS Musenyi umuyobozi w’Ishuri wungirije ushinzwe amasomo ari mu mazi abira nyuma yo gutanga amakuru y’ubujura bukorerwa mu kigo n’amanyanga yabaye mu masoko,none uyu munsi akaba abizira. Ni ibibazo byagaragajwe mu bihe bitandukanye n’uwitwa Nkurunziza Patrick,akaba ari n’umuyobozi wungirije ushinzwe amasomo muri iri […]

Continue Reading

LONI yanyomoje amakuru ashinja RDF gufata ku ngufu abagore muri Centrefrique

  Umuryango w’Abibumbye biciye mu butumwa bwawo bwo kugarura amahoro muri Repubulika ya Centrafrique (MINUSCA), wahakanye ibirego bishinja ingabo z’u Rwanda gufata ku ngufu abagore n’abakobwa bo muri kiriya gihugu, ushimangira ko uduce byavuzwe ko bakoreyemo biriya byaha zitadukoreramo. Ku wa 16 Ukwakira ni bwo umunyamakurukazi Barbara Debout yanditse inkuru ikubiyemo ibirego bishinja ingabo z’u […]

Continue Reading

Gen Tauzin watewe agahinda agasebywa n’Inkotanyi yiteze kurenganurwa na Charles Onana??

Gen Didier Tauzin wabaye mu gisirikare cy’u Bufaransa ni umwe mu bakomeje kugaragaza ko bahengamiye ku ruhande rwa Charles Onana, mu rubanza uyu mugabo ashinjwamo kugoreka amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi. Urubanza rwa Charles Onana ukomoka muri Cameroon ariko akagira ubwenegihugu bw’u Bufaransa rwatangiye kuburanishirizwa i Paris ku wa 7 Ukwakira 2024. Ikirego Onana ashinjwa […]

Continue Reading

Digging for Gold, Building Futures: Rwandan Scholar’s Quest for Sustainable Mining in Africa

On this week marking the International Day of the Girl Child, we celebrate not just the dreams of girls worldwide but the women who are making those dreams a reality. Today, we highlight an inspiring The Regional Scholarship and Innovation Fund (Rsif) scholar Jeanne Pauline Munganyika whose ground-breaking research is paving the way for future […]

Continue Reading

RDF irahakana ibirego byo gufata abagore ku ngufu muri Centrafrique

Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) cyahakanye ibirego byo gusambanya abagore ku ngufu bishinjwa abasirikare bacyo bari mu butumwa muri Centrafrique, kivuga ko abasirikare b’u Rwanda bari mu butumwa barangwa “n’ikinyabupfura” no “kurinda no kubaha abantu basanze”. Ikinyamakuru The New Humanitarian ku wa gatatu cyatangaje inkuru y’uburyo abagore n’abakobwa muri Centrafrique “bakomeje kwangirizwa ubuzima” bakorerwa ihohotera rishingiye […]

Continue Reading

Icyorezo cya Marburg gikomeje kotsa igitutu abanyarwanda ngo cyaba cyageze no muri amwe mashuli yisumbuye

Nyuma y’imibare yatangajwe na Minisiteri y’ubuzima ku bijyanye n’icyorezo cya Mariburu, kuri ubu biravugwa muri groupe Scolaire Kimironko ya mbere n’iya kabiri haba hagaragaye abana banduye iyi ndwara. Amakuru agera kuri Rwandanews24 aravuga ko hari abana 4 banduye iki cyorezo biga muri Groupe Scolaire Kimironko I bagizwe n’umwana 1 wiga mu mashuli abanza n’abandi batatu […]

Continue Reading

Ihumana ry’ikirere, impungenge ku mujyi wa Kigali

Iyo imodoka igutambutseho ku bw’amahirwe make igasohora ya myotsi y’umukara, wicuza icyatumye uwo munsi uva mu rugo utambaye agapfukamunwa. Uwo mwanya uhita umenya ko umwuka uhumeka wanduye cyane, nyamara inzobere mu kurengera ibidukikije zihamya ko igihe cyose imihanda y’i Kigali irimo ibinyabiziga byinshi abantu baba bakwiye kwirinda kuko baba bahumeka umwuka wanduye. Imikindo in’indabo byo […]

Continue Reading

RBA yaje ku mwanya wa mbere mu bitangazamakuru bikurikirwa cyane

Ikigo cya abanyasuwedi FOJO ishami ryacyo rikorera mu Rwanda, cyashyize hanze ubushakashatsi cyakoze ku birebana n’uko ibigo bitandukanye by’itangazamakuru bikorera mu Rwanda bikurikiranwa n’abaturage. Ni ubushakashatsi bwamuritswe ku itariki ya 16 Kanama 2024 Ikigo cya leta y’u Rwanda gishinzwe itangazamakuru RBA cyane ku mwanya wa mbere mu bikurikiranwa n’abaturage cyane. Imbuga nkoranyambaga nazo muri iki […]

Continue Reading

Rwamagana: Ishyaka DGPR ryagiranye amasezerano n’abaturage

Umunyamabanga mukuru w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije DGPR akaba anashinzwe ibikorwa byo kwamamaza muri Aya matora, Hon Ntezimana Jean Claude, yatangarije abanya Rwamagana ko mu gikorwa bajemo cyo kwamamaza Hon Dr Frank Habineza ku mwanya wa Perezida ndetse n’abadepite b’iri shyaka mu matora ya 2024 bagirana amasezerano n’aba baturage bakazagira igihe bazagaruka baje kureba […]

Continue Reading

Ishyaka DGPR ryagaragaje impamvu Dr Frank Habineza akwiye kuba Perezida wa Repubulika.

Umunyamabanga mukuru w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije DGPR Ntezimana Jean Claude aravuga ko Ari ngombwa gutora Dr Habineza Frank kugira ngo bafunge burundu ibigo by’inzererezi no gukuraho igifungo cy’agateganyo cy’iminsi 30. Uyu mugabo unashinzwe ibikorwa byo kwamamaza muri iri shyaka, yabitangarije I Musanze ubwo bari mu gikorwa cyo kwamamaza Dr Frank Habineza ku mwanya […]

Continue Reading