Wa muzungu wasuye u Rwanda akahishimira yageze i Burundi birahinduka ahahurira n’uruva gusenya

Umufaransa Kino Yves ukomeje gusangiza abantu ibyo yaboneye mu rugendo yagize akoresheje igare mu Bihugu byo mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba, nko mu Rwanda yishimiye, noneho yerekanye yageze i Burundi, aho yutswe inabi n’umupolisi, bigatuma atishimira iki Gihugu yagiyemo agifitiye amatsiko, akavuga ko yabonye impamvu kidasurwa. Ni mu mashusho uyu Mufaransa akomeje gushyira kuri YouTube […]

Continue Reading

Yishe inshuti ye magara kugira ngo abone uko amwambura ideni yaramubereyemo

Umugabo wo muri Nigeria yakoreye ubugomo butangaje inshuti ye aho yamukubise umuhini mu mutwe kugira ngo atazamwishyura akayabo k’amamiliyoni yari amurimo. Nk’uko byatangajwe n’ikinyamakuru Choco news, ukekwaho icyaha, Bello Zubairu, bivugwa ko yari afitiye umwenda wa miliyoni 3 z’ama Naira inshuti ye magara, Bello Bukar Adam. Kubera ko atashoboye kwishyura aya mafaranga mu gihe cyumvikanyweho, […]

Continue Reading

Polisi yarashe umugabo wishe se

Barinda Oscar wo mu kagari ka Kigoya, Umurenge wa Kanjongo,muri Nyamasheke,ukekwaho kwica se amutemaguye,yarashwe n’inzego z’umutekano agerageza gutoroka ahita apfa. Ku wa 13 Gicurasi 2024 nibwo hamenyekanye inkuru y’urupfu rw’uyu musaza witwa Munyeshyaka Gratien w’imyaka 67. Uyu musaza wari umaze iminsi ibiri aburiwe irengero, yasanzwe mu bwiherero bw’umuhungu we yapfuye, bacagaguye umubiri we. Amakuru yizewe […]

Continue Reading

Umwarimu yiyahuye kubera umukunzi we wamwanze

Kuri uyu wa Gatatu, abaturage batunguwe n’umusore w’imyaka 27 witwa Harerimana Pascal,wari umwalimu wigisha mu mashuri abanza basanze amanitse mu mugozi yapfuye bagakeka ko yiyahuye. Uyu mwalimu wabaga mu murenge wa Muko, Akagali ka Cyogo, Umudugudu wa Kabere mu karere ka Musanze,wigishaga muri E.P Mubago mu murenge wa Nkotsi,bikekwa ko yiyahuye kubera ko umukobwa yakundaga […]

Continue Reading

Icyunamo i Goma uyu munsi barashyingura impunzi 35 zishwe n’ibisasu byarashwe ku nkambi ya Mugunga

Umuvugizi wa leta ya Kinshasa waraye ageze i Goma mu ijoro ryo kuwa kabiri yasabye abaturage ba Goma “kuza ari benshi bambaye imyenda y’umukara” mu muhango wo gushyingura kuri uyu wa gatatu impunzi 35 zishwe n’ibisasu byarashwe ku nkambi ya Mugunga mu ntangiriro z’uku kwezi. Ageze ku kibuga cy’indege cya Goma, Patrick Muyaya yabwiye abanyamakuru […]

Continue Reading

Abakozi icyenda bo mu karere ka Rusizi banditse amabaruwa basezera ku kazi

Amakuru Kuri uyu wa Mbere tariki 13 Gicurasi 2024, yatangiye gukwirakwira avuga ko hari abakozi icyenda b’Akarere ka Rusizi basezeye ku mirimo yabo ku mpamvu zabo bwite, ariko abandi bakavuga ko batabikoze ku bushake ahubwo babitegetswe n’ababakuriye. Aya makuru yamenyekaniye ku mbuga nkoranyambaga, ko abakozi bakoreraga ku Karere ndetse na bamwe mu bari Abanyamabanga Nshingwabikorwa […]

Continue Reading

Igisirikare cya DR Congo cyakiriye drones z’intambara zisimbura izahanuwe mu mirwano na M23

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), cyakiriye drones nshya zo mu bwoko bwa CH-4 zisimbura izo cyari cyaraguze mu mwaka ushize zigahanurwa na M23. Drones eshatu ni zo FARDC yakiriye, ndetse mu mezi make ari imbere izakira izindi nka zo, nk’uko Africa Intelligence ibivuga. Biteganyijwe ko mu minsi mike iri imbere izi ndege […]

Continue Reading

Wenceslas Twagirayezu yagarutse mu rukiko nyuma yo kugirwa umwere ku byaha bya jenoside

Mu Rwanda urukiko rw’ubujurire rwatangiye kumva urubanza rw’ubujurire ubushinjacyaha buregamo Twagirayezu Wenceslas ibyaha bya jenoside. Twagirayezu woherejwe mu Rwanda n’igihugu cya Denmark mu mwaka 2018 ngo aburane kuri ibyo byaha, mu kwezi kwa mbere uyu mwaka yagizwe umwere n’urukiko rukuru rutegeka ko afungurwa. Wenceslas Twagirayezu niwe wa mbere wagizwe umwere n’urukiko mu Rwanda mu bamaze […]

Continue Reading

Abakozi benshi mu karere ka Rusizi basabwe gusezera ku kazi

Amakuru yiriwe i Rusizi,ku wa 13 Gicurasi,aravuga ko abagitifu b’imirenge 6 basabwe gusezera akazi ku mpamvu zabo bwite cyo kimwe n’abandi bakozi batandukanye bo mu karere.Abatarasabwe gusezera nabo ngo biriwe bafite ubwoba bwinshi. Inkuru dukesha ikinyamakuru  umuryango iravuga ko, Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba na bamwe mubo bafatanyije kuyiyobora bo mu zindi nzego biriwe ku biro by’aka […]

Continue Reading

RURA yahishuye icyateye ibura rya Internet mu Rwanda

Hashize igihe kirenga umunsi wose internet ibuze mu bice bitandukanye by’u Rwanda, aho abanyamahirwe bafite igenda nk’akanyamasyo. Ni ikibazo cyakomereye abatari bake cyane cyane abakora ubucuruzi cyangwa batanga serivisi bifashishije murandasi. Ubuyobozi bw’Urwego rw’Igihugu Ngenzuramikorere (RURA) bwatangaje intandaro y’iki kibazo bivugwa ko cyabaye mu bihugu bitandukanye by’Afurika y’Iburasirazuba n’Amajyepfo. Mu butumwa bwacishijwe ku mbuga nkoranyambaga, […]

Continue Reading

RIB yafunze umudepite yafatanwe imbunda

Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB rwafunze Barikana Eugene wari umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda aho uyu mugabo akurikiranyweho gutunga intwaro mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Ubwo yabazwaga kuri uku gutunga intwaro, uyu mugabo yahise avuga ko yazitunze akibana n’abasirikare ariko akibagirwa kuzisubiza. Kugeza ubu Depite Barikana afungiye kuri Sitasiyo ya RIB ya Remera mu gihe iperereza […]

Continue Reading