Mpayimana yabijeje guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi
Umukandida wigenga ku mwanya wa Perezida wa Republika, Mpayimana Phillipe yiyamamarije mu Turere twa Nyaruguru na Nyamagabe mu Majyepfo y’u Rwanda, aho akomoka i Nyaruguru ababwira ko natorwa azateza imbere ubuhinzi n’ubworozi bukikuba inshuro 10. Mu Karere ka Nyamagabe yabageneye ubutumwa bwo gukunda Igihugu by’umwihariko ku Banyarwanda batuye mu mahanga. I Ndago mu Murenge wa […]
Continue Reading
