Kayonza: IBUKA yemeje ko urupfu rwa Tito Barahira rutazabuza kuregera indishyi z’ibyo yangije
Umuryango uharanira inyungu z’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, IBUKA, watangaje ko nubwo Tito Barahira wari warahamijwe ibyaha bya Jenoside yapfuye, bitazakuraho kureba uko batanga ikirego kugira ngo mu mitungo ye hakurwemo indishyi zakwishyurwa abarokotse Jenoside yagizemo uruhare. Ku wa 29 Nyakanga 2024, Me Richard Gisagara, umwe mu bunganira abaregera indishyi mu rubanza rwa Tito […]
Continue Reading
