AFC- M23 yungutse izindi mbaraga

Tikaïleli Baundjwa, wahoze ari umwe mu bayobozi bakomeye mu ishyaka rya politiki riyobowe na Guy Loando Mboyo, aherutse kwinjira mu mutwe wa politiki ’Alliance Fleuve Congo (AFC)’ uyobowe na Corneille Nangaa Yobeluo, umuturage utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Félix Tshisekedi ndetse ushyigikiwe n’abarwanyi ba M23. Iyi nkuru yasakaye nyuma y’uko inyandiko zasohowe n’ishyaka rya AREP, […]

Continue Reading

Umuyobozi wa Polisi ya MINUSCA yasuye abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa

Umuyobozi w’Ishami rya Polisi mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kugarura amahoro mu gihugu cya Centrafrique MINUSCA, Commissioner of Police (CP) Christophe Bizimungu, ku wa Kane tariki ya 22 Kanama 2024, yasuye abapolisi b’u Rwanda bagize itsinda RWAFPU1-10, rikorera i Bangui mu murwa mukuru w’icyo gihugu. Ni muri gahunda y’uruzinduko agirira mu mitwe itandukanye y’abapolisi bari […]

Continue Reading

Ibiganiro bya RDC n’u Rwanda muri Angola byasojwe mu bwumvikane

Nubwo ibiganiro by’i Luanda byo ku rwego rwa ba Minisitiri byasojwe nta masezerano y’amahoro asinywe, inzego zihagarariye u Rwanda, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) n’umuhuza wabyo bashimangiye ko ibiganiro byabaye mu mucyo w’ubwumvikane. Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’Angola yatangaje ko iyo nama ibaye ku nshuro ya gatatu byabaye ku wa 20 na 21 Kanama 2024 yanzuye […]

Continue Reading

Umunyamakuru Sandrine Isheja wa Kiss FM yaginzwe umuyobozi ukomeye muri RBA

Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 23 Kanama 2024, iyobowe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yafashe ibyemezo bitandukanye birimo gushyira Sandrine Isheja Butera ku mwanya w’Umuyobozi Mukuru Wungirije wa RBA (Rwanda Broadcasting Agency). Sandrine Isheja Butera ni umunyamakuru uzwi cyane mu Rwanda, aho amaze igihe kinini mu mwuga w’itangazamakuru. Yatangiriye kuri […]

Continue Reading

Uwari umuyobozi ukomeye muri Minisiteri ya Siporo yirukanywe

Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 23 Kanama 2024, yafashe icyemezo cyo gukura ku mirimo Niyonkuru Zephanie wari Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri ya Siporo (MINISPORTS). Itangazo ry’ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri ryashyizwe hanze n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe, ryavuze ko Niyonkuru Zephanie atakiri kuri uwo mwanya. Niyonkuru Zephanie yari yagizwe Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri ya […]

Continue Reading

Nyabihu: Inzoga yitwa Igisawasawa yaba yogoje

Abatuye mu Murenge wa Jenda, Akarere ka Nyabihu, barahangayikishijwe n’icyorezo cy’inzoga y’inkorano yiswe ‘Igisawasawa’, ikomeje gutera urugomo n’akajagari muri aka gace. Iyi nzoga ngo isindisha birenze urugero, bikaba byongera umubare w’abagaragaraho imyitwarire mibi n’urugomo rwakomeje kwiyongera mu minsi ishize. Abaturage bavuga ko batazi neza ibyo iyi nzoga ikorwamo, gusa bayivuga ho ko iyo umuntu amaze […]

Continue Reading

MIFOTRA speaks on minimum wage and responds to those wondering if it will lead to salary increases

The Ministry of Public Service and Labor (MIFOTRA) has clarified that the new minimum wage currently under review is not intended to automatically increase the salaries of employees already in the workforce, despite public expectations. It has been six years since the enactment of Law No. 66/2018 of August 30, 2018, which governs labor in […]

Continue Reading

NESA yavuze igihe izatangariza amanota y’ibizamini bya Leta

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri ,NESA, cyatangaje ko amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n’icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye azatangazwa ku wa kabiri  saa tanu za mugitondo. Mu itangazo NESA yanyujije ku rubuga rwayo rwa “X”kuri uyu wa gatanu yavuze ko amanota y’umwaka w’amashuri wa 2023/2024,azatangazwa ku wa kabiri w’icyumweru gitaha ku ya 27 […]

Continue Reading

Kigali: Iminsi yo kubona ibyangombwa by’ubutaka n’imyubakire igiye kuba 14

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel, yatangaje ko arimo guharanira ko igihe abaturage babonera ibyangombwa by’ubutaka n’ibyo kubaka yava ku minsi 21 ikaba 14. Meya Dusengiyumva yagaragaje ko abaturage bamaze igihe binubira ko ibyo byangombwa bitinda kuboneka kandi ntibasobanurirwe icyabiteye. Ubwo yari amaze kongera guterwa kuyobora Umujyi wa Kigali, mu matora yabaye kuwa Kane tariki […]

Continue Reading

MIFOTRA yavuze ku mushahara fatizo isubiza n’abibaza niba uzatuma imishahara yiyongera

Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo yatangaje ko umushahara fatizo mushya uri kwigwaho utazatangazwa ugamije kongera amafaranga abakozi basanzwe bahembwa nkuko bamwe babikeka. Hashize imyaka itandatu hasohotse itegeko N° 66/2018 ryo ku wa 30/08/2018 rigenga umurimo mu Rwanda, ryemeje ko umushahara fatizo ugomba kujyaho ariko bikagenwa n’Iteka rya Minisitiri ufite umurimo mu nshingano ze nyamara kugeza […]

Continue Reading

Impuruza ku cyorezo cya Mpox

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Nsanzimana Sabin, yatangaje ko bari gukorana n’izindi nzego zose mu gihugu ndetse n’imiryango mpuzamahanga ishinzwe ubuzima kugira ngo icyorezo cya Mpox giteye impungenge gihagarikwe burundu, avuga kandi ko bishoboka nk’uko byakozwe no ku bindi byorezo. Minisitiri Dr. Nsanzimana yavuze ko hari gushyirwa imbaraga mu gushyiraho ingamba zo guhangana n’iki cyorezo kugira ngo […]

Continue Reading