Perezida Kagame yaganiriye na mugenzi we wa Angola
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame kuri uyu wa Kane tariki ya 19 Nzeri 2024, yagiranye ikiganiro kuri telefoni na mugenzi we wa Angola, João Lourenço. Ni ibiganiro byibanze ku biganiro byabereye i Launda mu murwa mukuru wa Angola, byo gushakira amahoro ndetse no kugarura umubano mwiza hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi […]
Continue Reading
