Nyamasheke : Abantu 30 bafashwe basengera mu rugo bamwe batabwa muri yombi

Abaturage babarirwa muri 30 basengera mu madini atandukanye bafatiwe mu rugo rw’umwe muri bo barimo gusenga mu buryo bunyuranye n’amategeko, bamwe baraganirizwa abandi babiri bo barafungwa. Byabereye mu Mudugudu wa Nyange, Akagari ka Muyange, Umurenge wa Nyabitekeri, Akarere ka Nyamasheke, mu rugo rwa Nyinawabega Béatrice watawe muri yombi ari kumwe na Bisengimana Cassien w’imyaka 29 […]

Continue Reading

Musanze: Abantu batanu bariyahuye Mu minsi ibiri

Mu minsi ibiri gusa, mu Karere ka Musanze hiyahuye abantu batanu, aho benshi muri bo bakoresheje imiti yica udukoko cyangwa imigozi. Abaturage bafite impungenge zikomeye ku bwiyongere bw’iki kibazo mu karere, by’umwihariko ku itariki za 30 na 31 Ukwakira 2024, aho abantu batanu biyahuye, batatu muri bo bahita bapfa, abandi babiri bajyanwa kwa muganga. Raporo […]

Continue Reading

Karongi: Mbere y’uko Ba gitifu bandika basezera babanje gufungirwa mu karere

Mu ntangiriro z’iki cyumweru, mu karere ka Karongi humvikanye inkuru yo gusezera akazi kwa Ntakirutimana Gaspard, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Murundi, hamwe n’abayobozi b’utugari batatu nyuma yo gufungirwa mu biro by’akarere, hakurikiraho n’iyeguzwa ry’abandi bakozi batatu byatangajwe ko basezeye ku mpamvu zabo bwite. Amakuru avuga  ko hari abandi bakozi batatu bakurikiye abo beguye. Gusa, abaturage […]

Continue Reading

Rusizi: Abari mu bukwe bakoze Impanuka

Imodoka ifite pulake RAH 642E yavaga mu Murenge wa Muganza yerekeza mu Bugarama mu Karere ka Rusizi, itwaye abari bagiye mu bukwe, yakoze impanuka ikomeretsa abantu 10. Iyi mpanuka yabereye mu Mudugudu wa Gisozi, Akagari ka Cyarukara, Umurenge wa Muganza, Akarere ka Rusizi ubwo imodoka yari itwawe na Nikuze Vincent yageragezaga kwirinda umwana wambukaga umuhanda, […]

Continue Reading

Miss Nshuti Divine Muheto yasabiwe igifungo

Ubushinjacyaha bwasabiye Miss Nshuti Divine Muheto gufungwa umwaka n’amezi umunani n’ihazabu y’ibihumbi 220 by’amafaranga y’u Rwanda, nyuma yo kugaragaza impamvu zifatika zishimangira ibyaha akekwaho birimo gutwara imodoka yasinze, gutwara adafite uruhushya no guhunga amaze guteza impanuka. Ni ibihano yasabiwe ubwo Miss Muheto yitabaga urukiko Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro kuri uyu wa Kane tariki ya 31 […]

Continue Reading

Muhanga: Ibura ry’umuriro rya hato na hato riratwikira bamwe ibikoresho

Bamwe mu batuye Umujyi wa Muhanga bahangayikishijwe n’ikibazo cy’umuriro, ubura bya hato na hato kuko ukabatwikira ibikoresho byo mu rugo bikoresha amashanyarazi nka televiziyo, amatara, frigo n’ibindi. Bifuza ko ubuyobozi bwabafasha iki kibazo kigakemuka cyangwa hakajya habaho itangazo riburira kugira ngo nugaruka badahita bacana ibikoresho mu rwego rwo kubirinda ko bihita bishya. Ndagijimana Eric atuye […]

Continue Reading

Umusore w’imyaka 21 Yafatiwe mu cyuho amaze kwiba mudasobwa

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 30 Ukwakira 2024, Ntigurirwa Ezechiel w’imyaka 21 yafatiwe mu cyuho amaze kwiba mudasobwa yo mu rugo rwa Sinzabakwira Leonard ufite imyaka 53, mu Mudugudu wa Nyarucyamu III, Akagali ka Gahogo, mu Murenge wa Nyamabuye, Akarere ka Muhanga. Abaturanyi bavuze ko Ntigurirwa yinjiye mu rugo rwa Sinzabakwira saa […]

Continue Reading

Gen  James Kabarebe  yamennye ibanga  ryafashije ingabo z’u Rwanda gutsinda intambara y’abacengezi

Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Gen (Rtd) James Kabarebe, yagaragaje ko intambara y’abacengezi yatangiriye mu Majyaruguru y’u Rwanda ishyigikiwe n’abaturage, ariko abinjijwe mu gisirikare bavanywe mu gicengezi bafatanyije n’ingabo z’Inkotanyi bararwana ndetse batsinda intambara. Intambara y’abacengezi yabaye kuva mu 1997 kugeza mu 1998 ariko yashyizweho akadomo neza mu 2000. Yari […]

Continue Reading

Minisitiri w’Umutekano w’u Rwanda yaganiriye na mugenzi we wa Qatar

Minisitiri w’Umutekano Dr Biruta Vincent yahuye na mugenzi we wa Qatar, Sheikh Khalifa bin Hamad bin Khalifa Al Thani, baganira ku ngingo zitandukanye zifitiye inyungu ibihugu byombi ndetse n’imikoranire mu guteza imbere umutekano.   Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 29 Ukwakira 2024, Amabasade y’u Rwanda muri Qatar yatangaje ko abo bayobozi bombi baganiriye ku […]

Continue Reading

MONUSCO iravugwaho ubugambanyi ifatanyije na FDLR

Ihuriro Alliance Fleuve Congo ribarizwamo umutwe wa M23, ryongeye gushinja Ingabo za Loni ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO) gukorana n’abarimo FDLR. FDLR ni umwe mu mitwe igize ihuriro ry’ingabo za Leta ya Congo zimaze igihe zirwana na M23. Impande zombi kuri ubu zimaze icyumweru kirenga zirwanira muri […]

Continue Reading