Umujyi wa Kigali ugiye kubaka amazu maremare yo guparikwamo imodoka gusa
Mu rugamba rwo gukemura ikibazo cy’amamodoka abura aho aparika, Umujyi wa Kigali watangaje gahunda yo kubaka amazu meremare ageretse yagenewe guparikwamo imodoka gusa. Ibi bikaba biri mu rwego rwo gushaka ibisubizo birambye ku kibazo cya parikingi gikomeje kwiyongera mu murwa mukuru. Umuvugizi w’Umujyi wa Kigali, Emma Claudine Ntirenganya, yatangaje ko ibi bizakorwa binyuze mu kubaka […]
Continue Reading
