Amerika yasabye abaturage bayo kuva muri RDC

Ambasade ya Amerika i Kinshasa yasabye abaturage bayo bariyo guhita bataha kubera ikibazo cy’umutekano muke ukomeje kurangwa mu Burasirazuba bwa Repubulika iharanira demokarasi ya Congo, RDC. Ni ubutumwa bukubiye mu itangazo Ambasade ya Amerika yatangaje kuri uyu wa Mbere tariki ya 3 Gashyantare 2025, kubera umutakano muke urangwa mu Burasirazuba bwa RDC, itangaza ko itongera […]

Continue Reading

Perezida wa Afurika y’Epfo yavuze ku birego Amerika imushinja

Perezida Cyril Ramaphosa wa Afurika y’Epfo yamaganiye kure ibirego Perezida Donald trump amushinja by’uko Afurika y’Epfo iri gufatira ubutaka bw’abaturage ndetse abaturage bari kuba mu buzizma bubi. Perezida Donald Trump yatangaje ko agiye guhagarika inkunga yose Amerika yahaga Afurika y’Epfo kugeza hakozwe iperereza ku kibazo yavuze ko kirimo “gufatira ubutaka” kandi ko “abantu bamwe barimo […]

Continue Reading

M23 yakoze amasuku Umujyi wa Goma

Ihuriro AFC/M23 ryakoze umuganda isukura Umujyi wa Goma nyuma y’imirwano n’ingabo za leta,FARDC,Wazarendo n’indi mitwe irrimo na FDLR yatumye rigenzura uyu mujyi. Nyuma y’ifatwa ry’umujyi wa Goma, hari hanyanyagiye imyenda ya gisirikare yatawe n’ingabo za FARDC na Wazalendo, bakihindura abaturage basanzwe.Hari kandi amasasu menshi n’imbunda byari bijyanyagiye mu mujyi, ubu birimo gukurwa mu nzira. Ni […]

Continue Reading

Ingabo za M23 zishe umusirikare mukuru mu ngabo za FARDC

Abasirikare ba AFC/M23 zishe Col Alex Rugabisha, Umusirikare mukuru mu ngabo za Repubulika Ihanira Demokarasi ya Congo, FARDC. Yapfiriye mu ntambara ikomeje guhanganisha Umutwe wa M23 na FARDC ifatanyije n’ihuriro ry’imirwe ya FDLR yasize ikoze Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda, Wazalendo, Abarundi n’Abacanshuro muri Kivu y’Amajyepfo. Ni amakuru yemejwe mu itangazo ryashyizwe hanze na Generali […]

Continue Reading

Nyabihu: Umusore akurikiranyweho gutema mugenzi we mu mutwe nyuma yo gusangira inzoga mu bukwe

Umusore w’imyaka 30 y’amavuko wo mu Mudugudu wa Kiramira ,Akagari ka Ngando, Umurenge wa Kabatwa, Akarere ka Nyabihu mu ntara y’IBurengerazuba, akurikiranyweho gutema mugenzi we mu mutwe nyuma yo gusangira inzoga mu bukwe. Uru rugomo rwabaye kuwa 1 Gashyantare 2025, ku isaaha ya saa moya z’umugoroba, uwatemwe mu mutwe yitwa Hakizimana Musa w’imyaka 31 y’amavuko. […]

Continue Reading

Minisitiri Nduhungirehe yanyomoje Perezida Ndayishimiye w’u Burundi

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb Olivier Nduhungirehe, yagize icyo avuga ku magambo ya Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, wavuze ko “ u Rwanda rufite umugambi wo gutera u Burundi, ararushinja kugira uruhare mu mutekano mucye muri Congo.” Kuwa gatanu tariki ya 31 Mutarama 2025, Perezida Evariste Ndayishimiye w’Uburundi yahuye n’abahagarariye ibihugu byabo. Mu […]

Continue Reading

U Rwanda rwavuze ko Congo na FDLR byari bifite umugambi wo kurutera

Guverinoma y’u Rwanda, yatangaje ko Ihuriro ry’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’imitwe irimo FDLR, Wazalendo, Ingabo z’u Burundi, Iza SADC n’Abacanshuro b’Abanyaburayi ryari rifite gahunda yo kurutera. Ni amakuru rushingira ku nyandiko n’izindi gihamya zatahuwe nyuma y’uko Umujyi wa Goma ufashwe na M23, nk’uko byatangajwe na Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Rwanda mu gitondo […]

Continue Reading

Bukavu: Bari gukusanya urubyiruko rwo kurwana n’umutwe wa M23

Mu Mujyi wa Bukavu mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, hatangiye igikorwa cyo kwandika urubyiruko rw’abakorerabushake bagomba koherezwa kurwana n’umutwe wa M23. Iki gikorwa cyo kwandika uru rubyiruko cyatangijwe na Minisitiri w’ubutegetsi mu Ntara ya Kivu y’Amajepfo, Albert Kahasha uzwi nka Foka Mike, gitangirizwa ku kibuga cya Funu […]

Continue Reading

Nyanza: Karekezi Olivier Akurikiranyweho Gusambanya Nyirabukwe

Umugabo witwa Karekezi Olivier wo mu Karere ka Nyanza yatawe muri yombi akekwaho gusambanya Nyirabukwe. Kuri uyu wa 01 Gashyantare 2025, uyu mugabo uri mu kigero cy’imyaka 30, wo mu Mudugudu wa Nyamiyaga, Akagari ka Gacu, Umurenge wa Rwabicuma, yatawe muri yombi. Amakuru avuga ko Karekezi yajyanye na Nyirabukwe we, uri mu kigero cy’imyaka 50, […]

Continue Reading

Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bunamiye intwari z’u Rwanda

Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bunamiye Intwari z’u Rwanda, banashyira indabo ku kimenyetso cy’ubutwari kiri ku Gicumbi cy’Intwari i Remera mu Mujyi wa Kigali. Ni umuhango wabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 1 Gashyantare 2025, witabiriwe n’abayobozi bo mu nzego zitandukanye za Leta ndetse n’iz’umutekano, abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda n’abahagarariye imiryango […]

Continue Reading

Nyamasheke: Umugabo yafatanywe amafaranga y’amiganano yari amaze kwishyura inzoga yari anyoye mu kabari

Mugenzi Vincent w’imyaka 51, yatawe muri yombi nyuma yo gufatanwa amafaranga y’amiganano yari amaze kwishyura inzoga yari anyoye mu kabari. Mugenzi ni uwo mu Mudugudu wa Kakirenzi, Akagari ka Gisari, Umurenge wa Kinazi, Akarere ka Ruhango mu Ntara y’Amajyepfo, wari ucumbitse mu Mudugudu wa Rugabano, Akagari ka Ninzi, Umurenge wa Kagano, Akarere ka Nyamasheke. Umwe […]

Continue Reading