M23 yamaze gufata ikibuga cy’Indege cya Kavumu
Umuvugizi wa AFC/M23 ku rwego rwa politiki, Lawrence Kanyuka, yatangaje ko abarwanyi babo bafashe burundu ikibuga cy’indege cya Kavumu, giherereye mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo. M23 yemeje ko yigaruriye ikibuga cyose nyuma yo gufata uduce twa Kabamba na Katana, twose dukaba turi muri teritwari ya Kabale. Kanyuka yavuze ko kwigarurira ikibuga cy’indege cya Kavumu ari […]
Continue Reading
