Uko umugore wa Ndayishimiye yafungishije Umunyarwanda wacuruzaga ibikomoka kuri peteroli i Bujumbura

Umugore wa Perezida w’u Burundi, Angeline Ndayishimiye yategetse ko Dushimirimana Protais, umushoramari w’Umunyarwanda wakoraga ubucuruzi bw’ikomoka kuri peteroli i Bujumbura no mu bindi bice by’iki gihugu, afungwa. Amakuru yizewe dukesha  IGIHE nuko Dushimirimana Protais yafunzwe mu ntangiriro z’uyu mwaka wa 2025. Afunganywe n’umunyamategeko we, Ciza Felicien muri Gereza ya Mpimba iherereye i Bujumbura. Gufungwa k’uyu […]

Continue Reading

Ibiganiro hagati ya Leta ya Congo na M23 I Doha byasubitswe

Ibiganiro by’amahoro hagati ya Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’inyeshyamba za M23 byari biteganijwe kuri uyu wa Gatatu i Doha byasubitswe, nk’uko amakuru aturuka mu mpande zombi agera kuri Reuters avuga. Amakuru aturuka ku ruhande rwa leta n’urwa AFC/M23 muri iki cyumweru agera ku Biro Ntaramakuru by’Abongereza, avuga ko ibiganiro byari biteganyijwe kuri […]

Continue Reading

Kabila yatangaje ko agiye gusubira muri RDC anyuze mu burasirazuba

Joseph Kabila wabaye Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo akaba yari ari muri Afurika y’Epfo kuva mu Ukuboza 2023, yatangaje ko agiye gusubira mu gihugu cye anyuze mu gice cy’iburasirazuba bw’icyo gihugu. Ibi Kabila yabyemereye Jeune Afrique kuri uyu wa 8 Mata 2025, ati “Nyuma y’imyaka itandatu yo gutuza burundu, umwaka w’ubuhunzi, ndetse nshingiye […]

Continue Reading

Perezida Kagame yakiriye umujyanama wihariye wa Donald Trump

Ibiro by’Umukuru w’igihugu, Village Urugwiro ,byatangaje ko Perezida Paul Kagame, kuri uyu wa Kabiri tariki 8 Mata 2025, yakiriye Massad Boulos, Umujyanama wihariye wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump ku mugabane wa Afurika. Village Urugwiro yatangaje ko “bagiranye ibigabniro byiza ku bijyanye n’imikoranire ihamye yageza ku mahoro arambye mu Karere k’Ibiyaga […]

Continue Reading

Ubufatanye hagati ya RDC n’abayihuzaga na Amerika bwahagaze

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwahagaritse ubufatanye n’ababuhuzaga n’ubwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu biganiro byerekeye ubucukuzi n’itunganywa ry’amabuye y’agaciro. Kuva muri Gashyantare 2025, ubutegetsi bwa RDC bwatangiye gukorana n’ibigo by’abahuza mu biganiro by’ubufatanye (lobbyists) nka Earhart Turner LLC gikorera i Washington D.C. Earhart Turner yari imaze igihe kitageze ku kwezi ivutse, […]

Continue Reading

Umunsi Kagame amenyesha amahanga ko agiye guhagarika Jenoside niba ntacyo bakoze

Tariki 8 Mata mu 1994 nibwo Gen. Maj. Paul Kagame wari uyoboye Ingabo zahoze ari iza RPA yamenyesheje amahanga ko agiye gufata icyemezo cyo guhagarika Jenoside yari yatangiye gukorerwa Abatutsi, niba ntacyo akoze. Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yatangiye byeruye ku wa 7 Mata mu 1994, nyuma y’umunsi umwe indege yari itwaye Juvenal Habyarimana wari […]

Continue Reading

Ibikorwa by’itegurwa rya jenoside yakorewe Abatutsi ndetse n’amatariki byakoreweho

Mu mezi atatu gusa guhera tariki 7 Mata 1994, u Rwanda rwinjiye mu gitabo kibi cy’amateka y’Isi ubwo Abatutsi guhera ku ruhinja kugeza ku mukambwe bahigwaga mu bukware bazira uko bavutse, muri Jenoside ya mbere ku Isi yakoranywe ubukana n’imitegurire ihambaye. Nta Jenoside iraba ku Isi itateguwe kandi buri gihe itegurwa n’ubutegetsi hanyuma igashyirwa mu […]

Continue Reading

U Bufaransa bugiye gufata abakekwaho Jenoside bakibwihishemo

Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron, yavuze ko Igihugu ayoboye kigiye gushyira imbaraga nyinshi mu guta muri yombi abakekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Umukuru w’Igihugu w’u Bufaransa yabikomojeho mu butumwa yagaragajemo ko u Bufaransa bwifatanyije n’Abanyarwanda n’Isi yose kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Perezida Macron yagaragaje ko u […]

Continue Reading

Perezida Kagame yitabiriye Urugendo rwo Kwibuka, acana urumuri rw’icyizere

Perezida Paul Kagame yitabiriye Urugendo rwo Kwibuka ruzwi nka Walk to remember rwabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa 7 Mata 2025. Uru rugendo rwasorejwe kuri BK Arena ahabereye Umugoroba wo Kwibuka, cyane ko yanifatanyije n’abawitabiriye, abacanira urumuri rw’icyizere. Uru rugendo rwatangiriye ku Biro by’Akarere ka Gasabo rwitabiriwe n’urubyiruko mu ngeri zitandukanye, abahanzi, abakoresha imbuga […]

Continue Reading

Umunsi umugambi wo kwica Abatutsi ukwira mu gihugu hose

Mu ijoro ryo ku itariki ya 6 rishyira iya 7 Mata 1994, nyuma y’ihanurwa ry’indege Falcon 50 yari itwaye perezida Habyarimana Juvenal nibwo Interahamwe n’abasirikare bo mu umutwe warindaga Perezida Habyarimana batangiye gushyiraho amabariyeri mu duce twinshi tw’Umujyi wa Kigali, no kwica Abatutsi. Kimwe mu bikorwa Interahamwe n’abasirikare barindaga Umukuru w’Igihugu bahereyeho ni ugushaka uburyo […]

Continue Reading

AFC/M23 na Leta ya RDC byaba byarinjiye mu biganiro bucece

Abagize umutwe wa AFC/M23 n’abahagarariye Guverinoma ya Leta Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu buryo bw’ibanga, batangiye ibiganiro bigamije gushaka igisubizo ku kibazo cy’umutekano muke kimaze igihe mu Burasirazuba bw’iki gihugu. Amakuru yashyizwe hanze n’Ibiro Ntaramakuru by’Abongereza, Reuters avuga ko ibi biganiro byabereye i Doha muri Qatar mu Cyumweru gishize. Ibi biganiro bya mbere impande […]

Continue Reading