Ishusho y’uburinganire mu Rwanda rwo hambere no mu bihe by’ubu
Muri ibi bihe by’umusirimuko mvamahanga, hari abahirahira bakifatira abakurambere mpangarwanda ku gahanga, babashinja ko nta buringanire bw’ibitsina byombi bwabaranze, aho banihanukira bakemeza ko ari ibihe byaranzwe n’ihohoterwa ritagira uko ryabarwa. Nyamara ubusesenguzi ku mateka y’impitabihe ku gihugu cy’u Rwanda, butugaragariza ko nta n’ingoma yigeze iyingayinga uburinganire bw’ibitsina byombi mu ngeri zose, abakurambere baremye bakanabwubakiraho ibihe […]
Continue Reading
