Abarimu barenga 2000 basabye guhindurirwa aho bakorera muri 2024

Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje ko mu mwaka wa 2024 abarimu 2.235 basabye guhindurirwa aho bakora bakajyanwa ahandi, kubera ibibazo bitandukanye birimo kuba kure y’umuryango. MINEDUC yagaragaje ko umubare munini w’abarimu basabye guhindurirwa aho bakorera ari abakorera mu Karere ka Rusizi bangana na 132, mu gihe Akarere ka Kicukiro ari ko gafite umubare muto w’abarimu bashaka […]

Continue Reading

U Rwanda na RDC byahuriye mu nama yo gusuzuma iyubahirizwa ry’amasezerano y’amahoro

U Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byahuriye mu nama ya Komite ihuriweho ishinzwe gusuzuma iyubahirizwa ry’amasezerano y’amahoro yasinyiwe i Washington muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika tariki ya 27 Kamena 2025. Iyi nama yabereye i Washington ku wa 31 Nyakanga 2025, yitabiriwe n’abahagarariye Amerika, Qatar, Togo ndetse n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU), […]

Continue Reading

Umunyamakuru Ishimwe Ricard ‘Umutasi’ yatawe muri yombi

Umunyamakuru Ishimwe Ricard wa SK FM yatawe muri yombi,mu gihe hakorwa iperereza ku mafaranga ya APR FC yanyerejwe. Yatawe muri yombi  ku wa kane tariki ya 31 Nyakanga 2025. Amakuru  aravuga ko hamaze iminsi hafunguwe case yo gukurikirana amakosa yaba yarakozwe mu miyoborere, yaba yarahombeje apr fc mu igurwa ry’ama-tickets n’abakinnyi. Aho bigaragara ko byaba […]

Continue Reading

BDF yahujwe na BRD

Guverinoma y’u Rwanda yemeje ko Ikigega cy’Iterambere gishinzwe guteza Imbere Imishinga (BDF) na Banki y’u Rwanda Itsura Amajyambere (BRD), bihuzwa hagamijwe gushyiraho urwego rukomeye ruzafasha guteza imbere abashoramari n’abacuruzi bo mu gihugu hose. Izi mpinduka zigamije guhuza ubushobozi bwa BDF ikunze gukorana n’abacuruzi bato n’abaciriritse (SMEs) n’ubushobozi bwa BRD bwo gutanga inguzanyo nini, ubunararibonye mu […]

Continue Reading

MINEDUC yavuze ku Abarimu batazi Icyongereza

Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC), yavuze ko hari abarimu n’abayobozi b’ibigo bahuguwe ndetse hakiri n’abandi bari guhugurwa ku rurimi rw’Icyongereza kandi ko nyuma y’isuzuma abazatsindwa batazirukanwa ahubwo bazakomeza guhugurwa kugeza bageze ku rugero rwifuzwa. Mu nama Nyunguranabitekerezo n’abarimu bo mu mashuri y’uburezi bw’ibanze kuri uyu wa 31 Nyakanga, agaruka ku bazatsindwa icyo kizamini niba bashobora kwirukanwa Minisitiri […]

Continue Reading

Rutsiro: Batatu barimo umunyerondo bafungiye gutobora butiki bakayisahura

Kuri sitasiyo ya RIB ya Kivumu mu Karere ka Rutsiro hafungiye abagabo 3 barimo umunyerondo witwa Ndungutse w’imyaka 35, bakurikiranyweho gutobora butiki y’umucuruzi Habyarimana Gilbert ukorera kuri santere y’ubucuruzi yo kwa Shuni iri mu Mudugudu wa Kabuye, Akagari ka Kabujenje, Umurenge wa Kivumu mu Karere ka Rutsiro. Umwe mu bacururiza muri iyi santere y’ubucuruzi yavuze […]

Continue Reading

Umunyamakuru Rugaju Reagan na Jangwani batawe muri yombi

Umunyamakuru Rugaju Reagan ukora kuri RBA, Radio Rwanda Rugaju Reagan,Umuvugizi w’Abafana ba APR FC Mugisha Frank ‘Jangwani’ na Kalisa Georgine Kalisa Georgine wahoze ashinzwe umutungo muri APR FC  bari mu bantu batawe muri yombi, mu gihe hakorwa iperereza ku mafaranga ya APR FC yanyerejwe. Uko ari batatu batawe muri yombi ku mugoroba wo ku wa […]

Continue Reading

Guverinoma yemeje ibiciro byo gupimisha ibyuka by’ibinyabiziga byangiza ikirere

Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa Gatatu, tariki ya 30 Nyakanga, yemeje iteka rya Minisitiri rigena amafaranga y’ipimwa ry’imyuka ihumanya ikirere, iva mu binyabiziga bidakoresha amashanyarazi, harimo na moto. Iri teka rya Minisitiri w’Ibidukikije rigamije kuzamura ireme ry’ubwiza bw’ikirere no kurinda ubuzima bw’abaturage. Rigamije kongerera imbaraga ishyirwa mu bikorwa ry’amabwiriza y’igihugu yo gushyira mu bikorwa amabwiriza […]

Continue Reading

Bombori bombori muri Rayon Sports

Komite Nyobozi ya Rayon Sports ihagarariwe na Twagirayezu Thaddée yasubije ibaruwa yari yandikiwe n’Urwego rw’Ikirenga rwayo ruyobowe na Muvunyi Paul, igaragaza imbogamizi mu kwitabira Inteko Rusange Isanzwe rwari rwatumije. Buri mwaka, akenshi mbere y’uko umwaka mushya w’imikino utangira, amakipe menshi arimo Rayon Sports ategura inteko rusange isanzwe iba igiye gusuzumirwamo ibyaranze umwaka wabanje, ikanemerezwamo ibikorwa […]

Continue Reading

Ibyo wamenya kuri ba Jenerali icyenda bagiye mu kiruhuko cy’izabukuru

Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba Mukuru mu Ngabo z’u Rwanda, yemereye abasirikare barenga 1000 barimo abari ku rwego rw’Abajenerali kujya mu kiruhuko cy’izabukuru. Ni icyemezo cyatangajwe n’ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda ku mugoroba wo ku wa Kabiri tariki 29 Nyakanga 2025. Abasirikare bakuru bagiye mu kirihuko cy’izabukuru, abafite ipeti rya Major General ni babiri, mu gihe […]

Continue Reading

Umwuka mubi hagati ya Leta y’u Burundi n’abatwara abagenzi wahagaritse ingendo

Umwuka mubi hagati ya Leta y’u Burundi n’abatwara abagenzi mu buryo bwa rusange wahagaritse ingendo zihuza Umujyi wa Bujumbura n’ibice bitandukanye byo muri iki gihugu. U Burundi bumaze igihe kirekire bwugarijwe n’ikibazo cy’ibura ry’ibikomoka kuri peteroli (lisansi na mazutu), ibyatumye abafite ibinyabiziga bajya kubyishakira muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Tanzania. Iyo bagiye kugurira […]

Continue Reading