Amajyepfo: Polisi yaburiye abamotari batagira isuku

Ku wa Kane tariki ya 21 Kanama, Polisi y’u Rwanda yakomeje gahunda y’ubukangurambaga bw’umutekano wo mu muhanda ‘Gerayo Amahoro’ mu bakoresha umuhanda bo mu ntara y’Iburengerazuba n’Amajyepfo. Ubu bukangurambaga bwabereye mu turere twa Nyanza na Rusizi, bwibanze cyane ku batwara abagenzi kuri moto bo muri utwo turere, bwari bukubiyemo ubutumwa bubashishikariza kwitwararika birinda uburangare n’amakosa […]

Continue Reading

Bujumbura: Brig Gen Gahungu wavuzwe mu bugizi bwa nabi bwinshi arafunzwe

Urwego rw’u Burundi rushinzwe iperereza (SNR) rwataye muri yombi Brig Gen Bertin Gahungu wavuzweho uruhare rukomeye mu bugizi bwa nabi bwakorewe muri iki gihugu. Brig Gen Gahungu yafatiwe ku cyicaro gikuru cya Polisi i Bujumbura ku wa 21 Kanama 2025, yoherezwa muri kasho ya SNR. Abarinzi be na bo bafashwe, gusa impamvu bose bafashwe ntiramenyekana. […]

Continue Reading

Nyagatare: Hafunguwe ikigo gifasha abahinzi kubona imashini zihinga

Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi MINAGRI, itangaza ko hakenewe umusanzu w’abikorera mu kongera umubare w’imashini zifashishwa mu buhinzi, hagamijwe gukomeza ingamba zo kongera umusaruro ukomoka ku buhinzi. ‎Ibi byagarutsweho kuri uyu wa Kane tariki 21 Kanama ubwo mu Karere ka Nyagatare hafungurwaga ku mugaragaro Ikigo gifasha abahinzi kubona no gukoresha imashini zihinga (Mechanization Hub). ‎ Ni uburyo […]

Continue Reading

Umwana warusoje icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye yiyahuye nyuma y’uko abuze igice ku manota yafatiweho

Ishimwe Osamu warusoje icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye yiyahuye nyuma y’uko abuze igice ku manota yafatiweho Mugitondo Cyo kuri uyu wa Kane Mumudugudu wa Binunga mukagari ka Murama mumurenge wa Kinyinya , Umwana warusoje ikicoro rusajye Cyamashuri Yisumbuye . Uyu mwana witwaga Ishimwe Osamu wimyaka 18 Yamavuko Yasanzwe mucyumba yararagamo yapfuye aho bacyeka ko yiyahuye akoresheje […]

Continue Reading

Banki Nkuru y’u Rwanda yazamuye igipimo cy’inyungu fatizo kigera kuri 6.75%

Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yatangaje ko yazamuye igipimo cy’inyungu fatizo (Central Bank Rate – CBR) cyakurikizwaga na banki z’ubucuruzi, ikigeza kuri 6.75% kivuye kuri 6.5%. Iki cyemezo cyafashwe na Komite ishinzwe Politiki y’Ifaranga (MPC) hagamijwe gukumira izamuka ry’ibiiciro no gukomeza gushyigikira ihungabana ry’ubukungu bw’igihugu. Mu gihembwe cya kabiri cya 2025, umuvuduko w’izamuka ry’ibiciro (inflation) […]

Continue Reading

National Bank of Rwanda raises Central Bank rate to 6.75%

The National Bank of Rwanda (BNR) has increased its Central Bank Rate (CBR) by 25 basis points, moving it from 6.5% to 6.75%, in a bid to curb inflationary pressures and maintain macroeconomic stability. The new rate will apply for the next three months. According to the Monetary Policy Committee (MPC), inflation in the second […]

Continue Reading

Umuryango w’umukobwa “wapfuye urupfu rutavuzweho rumwe” witeguye kurega Ibitaro

Umuryango w’umukobwa warusoje amashuri yisumbuye wapfuye urupfu rutavuzweho rumwe uravuga ko wababajwe n’uko umwana wabo yapfuye, ibitaro by’i Gitwe bigatangaza ko nta ruhare ‘Ambulance’ yabyo ibifitemo, umuryango wo ukavuga ko ufite amakuru ko umwana yishwe agonzwe n’imbangukiragutabara. Rtd. Major Bosco Mubarakah Kayinamura akaba umukuru w’umuryango wa nyakwigendera Umulisa Cynthia w’imyaka 20 wapfuye urupfu rutavuzweho rumwe, […]

Continue Reading

U Bubiligi bwiyemeje guheka RDC kugeza ijwi ryayo ryumvikanye i Burayi

Guverinoma y’u Bubiligi yiyemeje guheka iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kugeza ijwi ry’ibyifuzo byayo ku ntambara yo mu burasirazuba ryumvikanye mu muryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU). Iri sezerano ryatanzwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bubiligi, Maxime Prévot, ubwo yari mu ruzinduko muri RDC tariki ya 19 Kanama 2025. Minisitiri Prévot yatangaje ko kuva mu […]

Continue Reading

RDB yihanangirije hoteli zikora nta mpushya

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB rwihanangirije abakora mu rwego rw’ubugekarugendo barimo abanyamahoteli badafite impushya zemewe zo gukora, kuko bishobora gushyira mu kaga ubuzima bw’ababagana. Itegeko No 12 ter/2014 ryo ku wa 19/05/2014 rigena imitunganyirize y’ubukerarugendo mu Rwanda mu ngingo zaryo za 5, 20, na 29 ziteganya ko buri kigo gikora mu rwego rw’ubukerarugendo kigomba kugira uruhushya […]

Continue Reading

Integanyanyigisho zigiye guhindurwa zijyane n’isoko ry’umurimo- HEC

Inama y’Igihugu y’Amashuri Makuru na Kaminuza (HEC), yatangaje ko integanyanyigisho zikoreshwa mu burezi bw’u Rwanda zigiye guhindurwa zikajyanishwa n’ibikenewe ku isoko ry’umurimo. Ni mu gihe inzego zirimo NEC, Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo (MIFOTRA), Abakora mu Ngaga z’Umwuga n’abandi bafatanyabikorwa bagaragaje ko ikibazo cyugarije benshi mu basoje amashuri yisumbuye na kaminuza ari ubumenyi budahuye n’ubukenewe […]

Continue Reading

Menya Ibigo by’Amashuri 10 mu Cyiciro Rusange Bitsindisha Kurusha Ibindi muri Buri Karere

Dore ibigo by’amashuri 10 mu cyiciro rusange bitsindisha kurusha ibindi muri buri karere buri wese yakwifuza ko uwe yigamo. Urutonde rushobora guhinduka bitewe n’uburyo amashuri ashya akomeza kwitwara neza cyangwa ashingwa. Ababyeyi barasabwa gukomeza gushakisha amakuru ahagije ku bigo by’amashuri bagahitamo, kandi bagasuzuma ibyifuzo by’abana babo mu mashuri bifuza kwigamo. Mu gukora uru rutonde hifashishijwe […]

Continue Reading