Amajyepfo: Polisi yaburiye abamotari batagira isuku
Ku wa Kane tariki ya 21 Kanama, Polisi y’u Rwanda yakomeje gahunda y’ubukangurambaga bw’umutekano wo mu muhanda ‘Gerayo Amahoro’ mu bakoresha umuhanda bo mu ntara y’Iburengerazuba n’Amajyepfo. Ubu bukangurambaga bwabereye mu turere twa Nyanza na Rusizi, bwibanze cyane ku batwara abagenzi kuri moto bo muri utwo turere, bwari bukubiyemo ubutumwa bubashishikariza kwitwararika birinda uburangare n’amakosa […]
Continue Reading
