Nyamasheke: Abanyerondo 2 bafatiwe mu iduka bari kwiba

Abanyerondo 2 Ndayishimiye Elie w’imyaka 19 na Dusingizimana Emmanuel w’imyaka 25, bari mu irondo ry’umwuga ryacungaga santere y’ubucuruzi ya Banda, mu Mudugudu wa Gahira, Akagari ka Banda, Umurenge wa Rangiro, Akarere ka Nyamasheke bafungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Kanjongo nyuma yo gufatirwa na bagenzi babo mu iduka biba. Bafatiwe mu iduka rya Bankundiye Odette […]

Continue Reading

AFC/M23 yongereye ingabo muri Walikale

Ihuriro rya AFC/M23 rikomeje kongera ingabo mu bice bitandukanye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo by’umwihariko muri teritwari ya Walikale, mu gace ka Ihula muri gurupoma ya Kisimba, mu rwego rwo kwitegura kurinda abaturage cyane ko ibitero by’Ingabo za RDC n’abo bafatanyije bikomeje gukaza umurego muri iyi minsi. Tariki ya 24 Nzeri 2025, […]

Continue Reading

Ukuri ku ifoto y’umukozi wa Croix Rouge yakwirakwiriye ku mbuga asa n’uhana nimero n’umukinnyi w’amagare

Kimwe mu bikomeje guherekeza Shampiyona y’Isi y’Amagare iri kubera i Kigali, ni amafoto atandukanye yo muri iri rushanwa. Imwe mu yarikoroje ni iyafashwe na B&B Fm Kigali, umukinnyi umwe afite telefoni mu ntoki ahagaze aganira n’umukozi wa Croix Rouge y’u Rwanda. Benshi mu bayibonye bakomeje kuyigarukaho cyane bagaragaza ko uyu mukinnyi yasabaga nimero uyu mukobwa […]

Continue Reading

AFC/M23 yavuze ko ishaka kubohora RDC

Umuyobozi Mukuru w’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille Nangaa, yatangaje ko bafite inshingano yo kubohora igihugu, abatuye mu duce babohoye bakazagerwaho n’imiyoborere myiza. Yabigarutseho ubwo yasozaga amahugurwa agamije kongerera abakozi ubushobozi ku wa 23 Nzeri 2025. Nangaa yavuze ko impinduramatwara bari gukora “ikubiyemo impinduka zikomeye. Ibice twabohoye bigomba kugerwaho n’imiyoborere […]

Continue Reading

Nicolas Sarkozy wayoboye u Bufaransa yakitiwe gufungwa kubera amafaranga ya Gaddafi yariye

Urukiko rwo mu Bufaransa rwahamije Nicolas Sarkozy wayoboye igihugu, uruhare mu byaha bifitanye isano n’ibirego by’amafaranga yahawe na Muammar Gaddafi wayoboraga Libya ngo azamufashe mu bya politiki, rumukatira igifungo cy’imyaka itanu. Sarkozy yayoboye u Bufaransa kuva mu 2007 kugeza mu 2012. Icyemezo cy’urukiko kigaragaza ko yahamijwe ibyaha byo kwemera inkunga zatanzwe na Libya mu bikorwa […]

Continue Reading

Ntimukabe indorerezi- Perezida Kagame ahanura urubyiruko rwa Afurika

Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yongeye kwibutsa urubyiruko rwa Afurika ko ari rwo uyu mugabane uhanze amaso, bityo rukwiye kurangwa n’ibintu bitatu by’ingenzi ari byo ubumenyi ku mugabane wabo, gufata inshingano no gukora ibikwiye birinda guhinduka indorerezi gusa. Perezida Kagame yabigarutseho kuri uyu wa Kane tariki ya 25 Nzeri, mu birori byo kwakira abanyeshuri 51 […]

Continue Reading

Rusizi: Inyubako y’ubucuruzi n’ububaji yakongokeyemo ibya miliyoni 10 Frw

Inyubako y’ubucuruzi y’uwitwa Ndayisabye Jean, iherereye mu Mujyi wa Rusizi, Umudugudu wa Kabeza, Akagari ka Gihundwe, Umurenge wa Kamembe, mu Karere ka Rusizi, yafashwe n’inkongi y’umuriro ikongokeramo ibyakorerwagamo byose bifite agaciro ka miliyoni zizaga 10 z’amafaranga y’u Rwanda. Iyo nyubako yafashwe n’inkongi y’umuriro ahagana saa tanu z’amanywa yok u wa 24 Nzeri 2025, isanzwe ikorerwamo […]

Continue Reading

Rwamagana: Abayobozi barenga 150 bahawe smartphones

Abayobozi 156 bo mu nzego z’ibanze bo mu Murenge wa Musha uherereye mu Karere ka Rwamagana, bahawe telefone zigezweho, basabwa gufasha abaturage kubona serivisi z’ikoranabuhanga zirimo kwiyishyurira mituweli ndetse no kubona ibyangombwa bimwe na bimwe byabasabaga gukora ingendo ndende bajya gushaka umukozi w’Irembo. Izi telefone bazihawe ku wa 23 Nzeri 2025 nyuma yo guhabwa amahugurwa […]

Continue Reading

Peter Mutharika yongeye gutorerwa kuyobora Malawi

Komisiyo y’Amatora muri Malawi yatangaje ko Peter Mutharika wabaye Perezida w’iki gihugu yatsinze amatora ku majwi 57%, mu gihe Lazarus Chakwera wari usanzwe ku butegetsi yagize 37%. Mutharika yayoboye Malawi kuva mu 2014 kugeza mu 2020, atsinzwe amatora na Lazarus Chakwera. Amateka nk’aya yaherukaga muri Amerika aho Trump yatsinzwe amatora arangije manda imwe, hanyuramo Joe […]

Continue Reading

Chantal wareze Dr. Nsabimana wabaye Minisitiri, yatsinzwe urubanza anacibwa miliyoni 1 Frw

Muganga yavugaga ko yatunguwe no kubona Nsabimana ashatse undi mugore rwihishwa kandi ko ubwo buriganya yamukoreye bwamuteye uburwayi bukomeye bw’agahinda gakabije ku buryo yavujwe n’umuryango we ariko kugeza ubu bikaba byaranze. Yasabaga urukiko gutegeka Nsabimana Ernest kuryozwa indishyi zitandukanye zingana na 406.000.000 Frw zirimo n’amafaranga agomba kumufasha gukomeza kwivuza. Yaburanye avuga ko igikorwa yakorewe cyo […]

Continue Reading

RDF yavuze ku musirikare wayo ufungiye i Burundi

Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF) bwasobanuye iby’umusirikare wayo witwa Sgt Sadiki Emmanuel, umushoferi mu Ngabo z’u Rwanda, wafatiwe ku mupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi wa Nemba-Gasenyi, ubwo yibeshyaga ku mbibi z’umupaka. Itangazo ryashyizwe hanze na RDF rishimangira ko Sgt Sadiki Emmanuel yahise atabwa muri yombi na Polisi y’u Burundi, ubu aka afungiye kuri Sitasiyo […]

Continue Reading