Kivu y’Amajyepfo: M23 iri gusatira santere ya Shabunda
Umutwe witwaje intwaro wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo uri gusatira santere ya Shabunda mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu gihe ikomeje guhangana n’ihuriro ry’ingabo za Leta n’imitwe ya Wazalendo. Teritwari ya Shabunda ni igice cy’ingenzi kuri Leta ya RDC kuko ikungahaye ku mabuye y’agaciro menshi, arimo zahabu. Ingabo za Leta […]
Continue Reading
