Abantu batandatu barimo na Gitifu w’Akarere ka Rulindo batawe muri yombi

NEWS

Biravugwa ko abakozi b’akarere ka Rulindo barimo na Gitifu w’ako batawe muri yombi bakurikiranweho kunyereza umutungo wa Leta. Kigali Today iravuga ko amakuru yizewe ifite, ari uko mu batawe muri yombi harimo n’umunyamabanga nshingwabikorwa w’akarere ka Rulindo, Kanyangira Ignace.

 

Biravugwa ko baba baranyereje amafaranga ataramenyekana umubare, mu ngengo y’imari igenewe kubaka umuhanda umwe muri ako karere.

What do you feel about this post?

0%
like

Like

0%
love

Love

0%
happy

Happy

0%
haha

Haha

0%
sad

Sad

0%
angry

Angry

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *