Uganda yemeye ko yakiriye Abanyafurika birukanwe na Amerika.

Kugeza muri uku kwezi ubutegetsi bwa kabiri bwa Trump bumaze kwirukana muri iki gihugu abantu bagera ku 675,000 nk’uko bivugwa n’ikigo cya leta ya Washington cy’ibarurishamibare. Leta ya Kampala yemeje ko yakiriye abantu umunani (8) bageze muri icyo gihugu ku wa gatatu boherejwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika nyuma y’ubwumvikane bw’ibihugu byombi. Mu itangazo, […]

Continue Reading

Burundi:Abagabo babiri bahawe ibihano birimo icyo gufungwa imyaka 500.

Urukiko Rukuru mu Gihugu cy’u Burundi rwahamije abagabo babiri icyaha cyo kwica umuturage rutegeka ko bahanishwa gufungwa imyaka 20 no gutanga indishyi za miliyoni 200fbu batazitanga bagafungwa imyaka 500. Ku wa Kane tariki ya 2 Mata 2026, Urukiko Rukuru mu Gihugu cy’u Burundi rukorera mu Ntara ya Kirundo, nibwo  rwahamije uwitwa Iradukunda na Niyonkuru icyaha […]

Continue Reading

Papa Leo XIV yikoreye umusaraba; ibyaherukaga mu myaka irenga 30 ishize.

Ku wa Gatanu Mutagatifu, Papa Leo XIV w’imyaka 70 yagaruye umuco wa kera, ayobora abantu bagera ku bihumbi 30 mu isengesho ry’Inzira y’Umusaraba mu byiciro byose uko ari 14 mu nyubako y’amateka y’i Roma, Colosseum, abikora yikoreye umusaraba. Iki gikorwa cyari kimaze imyaka irenga 30 kitakibaho. Papa ubwe yikoreye umusaraba amasaha hafi abiri, igikorwa gisaba […]

Continue Reading

Igiciro cya lisansi cyazamutseho 314 Frw naho mazutu izamukaho 257 Frw

Kuri uyu wa 3 Mata 2026, Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwatangaje ibiciro bishya ntarengwa by’ibikomoka kuri peteroli, kimwe n’ibiciro bishya by’ingendo mu Mujyi wa Kigali no mu Ntara. Lisansi yazamutseho 314 Frw kuko ibiciro byaherukaga gushyirwaho tariki ya 5 Werurwe lisansi yari ku 1,989 Frw naho mazutu yari ku 1,948Frw, yo yazamutseho 257 Frw. Urwego Ngenzuramikorere […]

Continue Reading

FERWAFA yimye Rayon Sports ibyangombwa by’umutoza Haringingo Francis.

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryamenyesheje Ikipe ya Rayon Sports ko idashobora kubona ibyangombwa byemerera umutoza Haringingo Francis kuyitoza muri aka kanya kuko hari ikibazo cy’amasezerano agifitanye na Kiyovu Sports yahozemo. Ku wa Kane, tariki ya 2 Mata 2026, ni bwo Rayon Sports yandikiye FERWAFA isaba ko Umutoza wayo mushya, Haringingo Francis, yahabwa ibyangombwa […]

Continue Reading

Perezida Kagame yavuze ku gukura Ingabo z’u Rwanda muri Mozambique.

Perezida Paul Kagame yatangaje ko u Rwanda rushobora gukura Ingabo zarwo mu Ntara ya Cabo Delgado yo mu Majyaruguru ya Mozambique, aho zafashaga kurwanya imitwe yitwaje intwaro, mu gihe Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi hagarika inkunga y’amafaranga ashyirwa muri ibyo bikorwa. Mu kiganiro Perezida Kagame yagiranye na Jeune Afrique cyagarutse ku ngingo zitandukanye aho yagaragaje ko […]

Continue Reading

Nyamasheke: Arakekwaho gusambanya umwana we w’imyaka 6.

Manirabona Corneille w’imyaka 30 y’amavuko, wo mu Mudugudu wa Mataba, Akagari ka Nyakabingo, Umurenge wa Macuba, Akarere ka Nyamasheke, arashakishwa akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwana w’imyaka itandatu y’amavuko yibyariye. Amakuru y’uko Maniragaba yasambanyije umwana we w’imfura, yatanzwe na nyina w’umwana akaba n’umugore we Mukamana Charlotte w’imyaka 28 y’amavuko, bikimara kuba.  Umwe mu bayobozi b’Inzego z’ibanze […]

Continue Reading

RDC: Inyeshyamba za ADF zishe abasaga 40 mbere yo gutwika inzu 44.

Teritwari ya Mambasa mu Ntara ya Ituri ikomeje kumenekamo amaraso no kwangirika kw’imitungo myinshi kubera ibitero bya hato na hato by’intagondwa ziyitirira idini ya Islam zo mu mutwe wa ADF. Kuri uyu wa Kane, itariki ya 2 Mata 2026, ADF yagabye ikindi gitero ihitana abantu mirongo kandi yangiza ibintu byinshi muri kariya gace k’igihugu, kayobowe […]

Continue Reading

Abakunzi b’inkoko baranezerewe nyuma yuko KFC yongeye Gufungura nyuma y’amezi arenga 2.

Sosiyete yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika imenyerewe mu gutegura amafunguro yihuse azwi nka ‘Fast Food’, KFC (Kentucky Fried Chicken) yongeye gusubukura ibikorwa byayo mu mugi wa kigali nyuma ya amezi arenga abiri. KFC yari isanganywe ishami rimwe ryari riherereye i Remera, gusa ryari rimaze iminsi ridakora kuko inzu ryakoreragamo yasenywe, kubera imirimo yo […]

Continue Reading

Guverinoma yavuze ku biciro birimo ibya gaz byatumbagiye.

Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa Kane tariki ya 2 Mata 2026, yakomoje ku biciro birimo iby’ingufu n’iby’ibicuruzwa by’ibanze byatumbagiye kubera intambara ikomeje kubera mu burasirazuba bwo hagati. Guverinoma yakomeje kuri iki kibazo nyuma y’uko kuva mu mpera z’icyumweru gishize igiciro ku bicuruzwa bitandukanye cyazamutse mu buryo bukomeye, ku buryo hari n’aho cyazamutseho hafi 50%. Urugero […]

Continue Reading