U Rwanda rwahaye inzira ingabo za SADC ziturutse i Goma
Kuri uyu wa Kane, u Rwanda rwahaye inzira Ingabo z’Umuryango w’Iterambere w’Ibihugu by’Afurika y’Amajyepfo (SAMIDRC) zari zaraheze mu Mujyi wa Goma mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) aho zagiye kurwana ku ruhande rumwe n’ingabo za Leta y’icyo gihugu. Izo ngabo zaje muri RDC mu mpera z’umwaka wa 2023 mu butumwa zoherejwemo n’ibihugu […]
Continuer la lecture
