Umunyamerika yatorewe kuba Papa mushya wa Kiliziya Gatolika

Kiliziya Gatolika yabonye Umushumba mushya nyuma y’amatora y’inteko y’Abakaridinali 133 bateraniye muri Chapelle ya Sistine. Cardinal Robert Francis Prevost, ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ni we watorewe kuyobora Kiliziya, ahita afata izina rya Papa Leon XIV. Itorwa rya Papa mushya ryatangajwe n’umwotsi w’umweru wazamutse ku gisenge cya Chapelle ya Sistine, ahaberaga iri tora […]

Continue Reading

Papa mushya yatowe

Inteko y’Abakaridinali 133 bateraniye muri Chapelle ya Sistine i Vatican, imaze gutora Umushumba mushya wa Kiliziya Gatolika. Itorwa rye ryatangajwe n’umwotsi w’umweru wazamutse ku gisenge cya Chapelle ya Sistine ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane, ikimenyetso gikoreshwa igihe habonetse uzaba Papa. Ibi bisobanuye ko umukandida yatsinze amatora abonye amajwi arenze abiri kuri batatu by’uruhare […]

Continue Reading

Polisi y’u Rwanda yasubije uwayisabye kumujyana i Wawa

Polisi y’u Rwanda yasubije umukoresha wa X (yahoze ari Twitter) wifuje kujyanwa i Wawa, avuga ko ubuzima bwo hanze bumunaniye, asaba kujya kwihugura mu myuga. Ubutumwa bw’uyu musore wiyita Kwigabyanze cyangwa Nibisazi, bwatambutse ku mbuga nkoranyambaga ku wa 7 Gicurasi 2025, aho yandikiye Polisi agira ati: “Muraho Polisi y’u Rwanda, ko mbona hanze hano ubuzima […]

Continue Reading

Ku munsi wa kabiri, umwotsi w’umukara wongeye kugaragara i Vatican: Nta Papa uratorwa

Mu cyiciro cya gatatu cy’umunsi wa kabiri w’amatora y’Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika ku Isi ari kubera i Vatican, hongeye kugaragara umwotsi w’umukara, bivuze ko nta Papa watowe. Ni amatora yo gusimbura Papa Francis witabye Imana ku wa 21 Mata 2025, ku myaka 88 y’amavuko nyuma y’igihe yari amaze arwaye indwara z’ubuhumekero. Gutora Papa mushya […]

Continue Reading

Ku munsi wa mbere w’amatora, nta Papa watowe: Umwotsi w’umukara wazamutse i Vatican

Ku wa Kabiri, tariki ya 7 Gicurasi 2025, hatangiye amatora yo gusimbura Papa Francis uherutse kwitaba Imana. Kuri uwo munsi wa mbere, nta mu Cardinal n’umwe watowe ngo abe Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika, ibintu byamenyekanye binyuze ku mwotsi w’umukara wazamutse saa tatu z’ijoro. Mu matora ya Papa, iyo nta muntu ubonye amajwi abiri kuri […]

Continue Reading

U Burundi bwimye inzira abagenzi bafite pasiporo ziteyeho ‘cachet’ ya AFC/M23

Urwego rw’abinjira n’abasohoka rw’u Burundi rwimye inzira Abarundi baturutse mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bafite pasiporo ziteyeho ‘cachet’ y’ihuriro AFC/M23. Aba bagenzi biganjemo abacuruzi n’abashoferi b’amakamyo basobanuye ko baherutse kunyura mu bice bigenzurwa na AFC/M23. AFC/M23 ni yo igenzura serivisi z’abinjira n’abasohoka ku mipaka iri ku mijyi igenzura irimo Bunagana na Goma […]

Continue Reading

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Macron i Paris

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, byagarutse ku mubano w’ibihugu byombi ndetse no ku bibazo byugarije Isi. Ni ibiganiro byabereye i Paris muri Élysée mu gihe n’ubundi u Bufaransa ari kimwe mu bihugu biri kugira uruhare mu biganiro bigamije guhuza u Rwanda na RDC kugira ngo umwuka mubi uveho. Perezida […]

Continue Reading

Omborenga Fitina yasabye Rayon Sports gusesa amasezerano

Myugariro w’iburyo, Omborenga Fitina, yandikiye ubuyobozi bwa Rayon Sports FC asaba ko amasezerano bagiranye aseswa ku bwumvikane, nyuma y’uko ikipe inaniwe kubahiriza ibyo bemeranyijwe mu masezerano ye. Omborenga yageze muri Rayon Sports mu mpeshyi ya 2024, asinya amasezerano y’imyaka ibiri. Nyuma y’amezi arenga icyenda, uyu mukinnyi yavuze ko ikipe itigeze imwishyura amafaranga yose yemerewe ubwo […]

Continue Reading

Aba-Cardinal 133 bagiye gutangira gutora Papa mushya

Inteko y’Aba-Cardinal 133 iteranira muri Chapelle Sistine i Vatican kuva kuri uyu wa 7 Gicurasi 2025 iratangira gutora Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika ku Isi usimbura Papa Francis witabye Imana. Mbere y’uko iri tora ritangira, tariki ya 5 Gicurasi habaye umuhango wo kurahiza Aba-Cardinal bitabiriye itora, wayobowe na Cardinal Kevin Joseph Farrell uyobora Kiliziya Gatolika […]

Continue Reading

Abasikare 3 b’u Rwanda biciwe muri Mozambique, 6 barakomereka

Igisirikare cy’u Rwanda cyatangaje ko abasirikare batatu bari mu butumwa bwo kurwanya ibyihebe mu Ntara ya Cabo Delgado, bishwe baguye mu gico batezwe, abandi batandatu barakomereka mu gihe ku ruhande rw’umwanzi, benshi bahasize ubuzima. Iki gitero cyabaye ku wa 3 Gicurasi mu Ntara ya Cabo Delgado, mu ishyamba ry’inzitane ryitwa Katupa. Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, […]

Continue Reading

Corneille Nangaa yavuze ko Abanye Congo bose ari abanyamuryango b’Ihuriro AFC/M23

Umuyobozi w’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille Nangaa Yobeluo, yatangaje ko Abanye-Congo bose ari abanyamuryango baryo. Mu kiganiro n’umunyamakuru wigenga Steve Wembi, Nangaa yagize ati “Abanye-Congo bose ni abanyamuryango ba AFC/M23 rwose. Impinduramatwara irakomeje, uyu munsi nta Munye-Congo utadutegereje. Kuva muri Mbuji-Mayi kugera i Lubumbashi. Za Kisangani, ahantu hose baradugereje.” […]

Continue Reading