Imbere y’abanyeshuri Umwarimu yazaniwe uruhinja

Siborurema Amiel w’imyaka 25 wigishaga mu mwaka wa Gatanu w’amashuri abanza kuri GS Rurembo, mu karere ka Nyamasheke, ubwo yatangaga amasomo, yatunguwe n’uwo bivugwa ko babyaranye, amuzanira uruhunja rw’amzi atatu. Byabaye mu ma saa tatu z’igitondo zo ku wa Gatatu tariki 21 Gicurasi 2025, kuri GS Rurembo, riherereye mu Murenge wa Karambi. Umuyobozi w’iri shuri […]

Continue Reading

Nyuma yo kwamburwa ubudahangarwa Kabila agiye kugeza ijambo ku Banye-Congo

Joseph Kabila Kabange wayoboye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu 2001 kugeza mu 2019, ateganya kugeza ijambo ku Banye-Congo mu ijoro ryo kuri uyu wa 23 Gicurasi 2025 nyuma yo kwamburwa ubudahangarwa. Mu ijoro ryo ku wa 22 Gicurasi, abasenateri mu Nteko Ishinga Amategeko ya RDC batoye umwanzuro wo kwambura Kabila ubudahangarwa kugira ngo […]

Continue Reading

Komisiyo idasanzwe ya Sena yafashe umwanzuro kuri Joseph Kabila

Komisiyo idasanzwe ya Sena ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yafashe umwanzuro wo kwambura ubudahangarwa Joseph Kabila, wahoze ayobora icyo gihugu, kugira ngo atangire gukurikiranwa n’ubutabera ku byaha bikomeye ashinjwa. Uyu mwanzuro wafashwe ku wa 22 Gicurasi 2025, nyuma y’itora ryabereye mu ibanga, aho Abasenateri 40 bagize iyo Komisiyo bose batoye bishyigikira ko Kabila […]

Continue Reading

Umusirikare w’u Rwanda yasoje amasomo muri Amerika ahabwa ishimwe ry’indashyikirwa

Sous-Lieutenant Janet Uwamahoro, umwe mu basirikare b’u Rwanda, yasoje amasomo ya gisirikare muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) anahabwa ishimwe ry’indashyikirwa ku musaruro wihariye yagaragaje. Nk’uko byatangajwe n’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Sous-Lieutenant Uwamahoro yari amaze igihe yiga muri US Coast Guard Academy, ishuri rikuru rya gisirikare riri i Connecticut, rikaba ryaramuhaye impamyabumenyi mu gikorwa […]

Continue Reading

Donald Trump yavuze niba haraho ahuriye n’u Rwanda na Congo

Perezida wa Leta zunze Ubumwe za America, Donald Trump yavuze ko we ntaho ahuriye n’u Rwanda na Congo, cyakora ko hari intumwa ifite ubuhanga America yohereje irimo gukurikirana ikibazo gihari kandi yakoze akazi gakomeye. Perezida wa America yabigarutseho ubwo yagiranaga ikiganiro na Perezida wa Africa y’Epfo mu biro bye, White House. Ibinyamakuru byinshi byanditse ko […]

Continue Reading

Minisitiri Nduhungirehe ari mu Bubiligi

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb Olivier Jean-Patrick Nduhungirehe, yageze i Buruseli mu Bubiligi aho yitabiriye inama yahuje Abaminisitiri b’Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe (AU) n’Umuryango w’Ibihugu by’Ubumwe bw’Uburayi (EU). Ni inama y’umunsi umwe yateranye kuri uyu wa Gatatu tariki 21 Gicurasi 2025. Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga n’Ubutwererane yatangaje ko muri iyi nama […]

Continue Reading

How extreme heat impacts women in Ghana

Auntie Fausty, 54, endures 32°C temperatures as a trader (Photo: Ernest Ankomah) Scorching sun, no shade, and temperatures soaring to 32 degrees Celsius—the relentless heat takes its toll on Auntie Fausty, a hardworking woman in her mid-50s, who ekes out a living selling bags in Accra, Ghana’s capital city, at the brimming Makola Market. As […]

Continue Reading

Rulindo: Abantu 28 batawe muri yombi

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyaruguru yafashe abantu 28 bakurikiranyweho gukora ubucukuzi butemewe bw’amabuye y’agaciro n’abandi batanu bayaguraga mu buryo bwa magendu, mu Mirenge ya Ntarabana na Masoro, Akarere ka Rulindo. Aba bantu bafatiwe mu mukwabu wakozwe mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 20 Gicurasi 2025, nyuma y’amakuru yatanzwe n’abaturage b’iyo […]

Continue Reading

Nyanza: Abanyeshuri 16 birukanywe mu kigo burundu

Abanyeshuri 16 bigaga mu mwaka wa Gatandatu  ku  ishuri rya Sainte Trinite Nyanza TSS, birukanwe burundu umunsi umwe bashinjwa imyitwarire mibi. Iri shuri riri mu Murenge wa Kigoma mu karere ka Nyanza, mu Ntara y’Amajyepfo. Ubuyobozi bw’Ikigo burega aba banyeshuri gusohoka ikigo banyuze ahatemewe, kunywa inzoga bagasinda no kuba batambara imyambaro yishuri. Abirukanywe burundu ni […]

Continue Reading

Ibyo wamenya ku ndirimbo ya Bruce Melodie na Diamond

Bruce Melodie na Diamond Platnumz bageze kure umushinga w’indirimbo ‘Pom Pom’ aba bombi bazahuriramo, aho by’umwihariko ibikorwa byo gufata amashusho yayo byagizwemo uruhare n’Umunya-Uganda, Sacha Vybz. Ikinyamakuru ‘Big Eye’ cyo muri Uganda kivuga ko Sacha Vybz amaze iminsi atunganya amashusho y’iyi ndirimbo ya Bruce Melodie na Diamond, izasohoka mu minsi iri imbere. Sacha Vybz yavuze […]

Continue Reading

Perezida Ndayishimiye yasezereye Lt Gen muri Polisi y’u Burundi

Mu gihugu cy’u Burundi hakomeje kuvugwa inkuru ya Minisitiri w’Intebe Lt Gen de Police Gervais Ndirakobuca wamenyekanye ku izina ‘Ndakugarika’ wasezerewe muri Polisi y’igihugu. Ndirakobuca wavukiye Bukinanyana mu Ntara ya Cibitoke mu 1970, ni umwe mu babaye abayobozi b’umutwe witwaje intwaro wa FDD warwanye intambara yari ihanganishije amoko kuva mu 1993 kugeza mu 2005. Pierre […]

Continue Reading