Hamenyekanye icyifuzo RDC yifuza kuri AFC/M23 mu biganiro byo muri Qatar

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bwasobanuye ko bushaka ko abarwanyi b’ihuriro AFC/M23 babanza kuva mu bice byose bigenzura mu Ntara za Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajyepfo, mbere yo gutangira ibiganiro byimbitse. Ibi byagaragaye nyuma y’uko mu ntangiriro z’iki cyumweru, Guverinoma ya RDC yohereje intumwa zayo muri Qatar, zirimo abashinzwe umutekano, kugira ngo […]

Continue Reading

Barril, umufaransa wategewe umutwe wa Kagame akawubura

Ubwo urugamba rwo kubohora u Rwanda hamwe n’ibiganiro by’amahoro hagati ya FPR Inkotanyi na Guverinoma y’u Rwanda byari birimbanyije mu 1993, Perezida Habyarimana n’inzego ze z’iperereza bari bakataje mu kongera guca umugongo FPR-Inkotanyi. Aho kwita ku kibazo cy’impunzi z’Abanyarwanda zari zandagaye hirya no hino ku Isi, guhagarika akarengane no guhohotera Abatutsi imbere mu gihugu, Guverinoma […]

Continue Reading

Gen Muhoozi yasabye RDC kweguza Guverineri

Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda akaba n’umujyanama wa Perezida Yoweri Museveni mu bikorwa bya gisirikare byihariye, Gen Muhoozi Kainerugaba, yasabye ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kweguza Guverineri wa Ituri. Gen Muhoozi yibasiye cyane Guverineri wa Ituri, Lt Gen Johny Nkashama Loboya, amushinja kugerageza kwitambika ibikorwa by’ingabo za Uganda byo kurwanya imitwe yitwaje intwaro […]

Continue Reading

M23 yihanangirije FARDC

Umutwe wa M23 watangaje ko ushobora gusubira mu mirwano n’ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu rwego rwo kwirwanaho nyuma y’ibitero bikomeje kugabwa ku birindiro byawo. Guhera mu kwezi gushize, M23 yari yafashe icyemezo cyo gukura ingabo zayo mu mujyi wa Walikale, aho yari imaze iminsi yarafashe. Ibi byakozwe nk’intambwe yo […]

Continue Reading

Alain Mukuralinda yasezeweho bwa nyuma

Uwari Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Bernard Mukuralinda, witabye Imana mu ntangiriro za Mata 2025, yasezeweho bwa nyuma n’abo mu muryango, inshuti n’abayobozi mu nzego zitandukanye. Ni umuhango wabaye kuri uyu wa 10 Mata 2025, mu Karere ka Rulindo mu Ntara y’Amajyaruguru. Misa yo kumusabira yabereye muri Paruwasi Gatolika ya Rulindo. Iyo Misa […]

Continue Reading

Muhanga: Gitifu n’Umukozi wa RIB basabye gukurikiranwa badafunzwe

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rongi Nteziyaremye Germain n’Umukozi wa RIB Gatesi Francine basabye Urukiko ko bakurikiranwa badafunzwe kuko icyaha baregwa batagikoze. Babivuze mu iburanisha ry’Ubujurire ryabereye mu Rukiko Rwisumbuye rwa Muhanga Taliki ya 9Mata 2025. Tariki ya 27 Gashyantare 2025 nibwo Urwego rw’Ubugenzacyaha rwafashe Gitifu Nteziyaremye Germain n’Umugenzacyaha Gatesi Francine rubashinja icyaha cyo gusaba no […]

Continue Reading

Ruhango: Abantu batatu batawe muri yombi bakurikiranyweho kwica umuntu

Ku wa 9 Mata 2025, umugabo witwa Habinshuti Protogène w’imyaka 42 wakoraga akazi ko kurinda umurima w’ibisheke yasanzwe mu kabande mu Mudugudu wa Gasiza, Kagali ka Kinazi, Umurenge wa Kinazi, mu Karere ka Ruhango, yapfuye, bikekwa ko yishwe. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyepfo SP Emmanuel Habiyaremye yabwiye Igihe dukesha iyi nkuru  ko […]

Continue Reading

Uko umugore wa Ndayishimiye yafungishije Umunyarwanda wacuruzaga ibikomoka kuri peteroli i Bujumbura

Umugore wa Perezida w’u Burundi, Angeline Ndayishimiye yategetse ko Dushimirimana Protais, umushoramari w’Umunyarwanda wakoraga ubucuruzi bw’ikomoka kuri peteroli i Bujumbura no mu bindi bice by’iki gihugu, afungwa. Amakuru yizewe dukesha  IGIHE nuko Dushimirimana Protais yafunzwe mu ntangiriro z’uyu mwaka wa 2025. Afunganywe n’umunyamategeko we, Ciza Felicien muri Gereza ya Mpimba iherereye i Bujumbura. Gufungwa k’uyu […]

Continue Reading

Ibiganiro hagati ya Leta ya Congo na M23 I Doha byasubitswe

Ibiganiro by’amahoro hagati ya Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’inyeshyamba za M23 byari biteganijwe kuri uyu wa Gatatu i Doha byasubitswe, nk’uko amakuru aturuka mu mpande zombi agera kuri Reuters avuga. Amakuru aturuka ku ruhande rwa leta n’urwa AFC/M23 muri iki cyumweru agera ku Biro Ntaramakuru by’Abongereza, avuga ko ibiganiro byari biteganyijwe kuri […]

Continue Reading

Kabila yatangaje ko agiye gusubira muri RDC anyuze mu burasirazuba

Joseph Kabila wabaye Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo akaba yari ari muri Afurika y’Epfo kuva mu Ukuboza 2023, yatangaje ko agiye gusubira mu gihugu cye anyuze mu gice cy’iburasirazuba bw’icyo gihugu. Ibi Kabila yabyemereye Jeune Afrique kuri uyu wa 8 Mata 2025, ati “Nyuma y’imyaka itandatu yo gutuza burundu, umwaka w’ubuhunzi, ndetse nshingiye […]

Continue Reading