Minisitiri Kayikwamba yavuze ko abarwanyi ba FDLR bagomba gutaha

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 16 Mata 2025 yabwiye Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe Umutekano ko FDLR idafite umugambi wo kuguma mu burasirazuba bw’igihugu kandi ko bagomba gusubira mu Rwanda. “Ni muri urwo rwego twemeza ko FDLR idafite umugambi wo kuguma muri Repubulika ya Demokarasi ya […]

Continue Reading

Virgil van Dijk yongereye amasezerano muri Liverpool

Kapiteni wa Liverpool FC, Virgil van Dijk, yongereye amasezerano y’imyaka ibiri muri iyi kipe ikomeye yo mu Bwongereza, yemeza ko akomeje urugendo rwo kwandikira amateka akomeye kuri Anfield. Ku wa Kane, tariki ya 17 Mata 2025, nibwo Liverpool yatangaje ko uyu myugariro w’imyaka 33 azakomeza kuyikinira kugeza mu mpeshyi ya 2027. Mu mashusho yasangijwe ku […]

Continue Reading

Ingabo za SADC zizanyura mu Rwanda ziva muri RDC

Umuryango wa Afurika y’amajyepfo (SADC) wasabye u Rwanda guha inzira ingabo zawo ziri mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu gihe zizaba zitashye. Amakuru agera kuri Igihe dukesha iyi nkuru ni uko izi ngabo zirimo iza Afurika y’Epfo, Tanzania na Malawi zemerewe kunyura mu Rwanda, ariko igihe zizatahira ntikiramenyekana. Uwahaye Igihe amakuru yavuze […]

Continue Reading

Menya uturere 10 turangwamo ubukene kurusha utundi mu Rwanda

Ubukene mu Rwanda bugeze kuri 27, 4% buvuye kuri 39.8% bwariho mu 2017. Ni ukuvuga ko ubukene bwagabanutseho 12,4% mu myaka irindwi ishize. Byagaragajwe n’ubushakashatsi bwa 7 ku mibereho y’ingo, EICV7, bwamuritswe kuri uyu wa Gatatu. Muri rusange, abaturage barenga miliyoni 1,5 bavuye mu bukene mu myaka 7 ishize. Ubu bushakashatsi bwagaragaje kandi ko Akarere […]

Continue Reading

Niki cyateye ikibazo cy’amatara cyasubitse umukino wa Mukura na Rayon Sports

Umukino ubanza wa 1/2 cy’Igikombe cy’Amahoro wagombaga guhuza Mukura Victory Sports na Rayon Sports kuri Stade Huye, wahagaritswe utarangiye kubera ikibazo cy’amashanyarazi cyatumye amatara acana iyi stade azima burundu. Uyu mukino wari witezwe n’abafana benshi mu gihugu, watangiye utinzeho iminota 28, nyuma yo gutegereza ko amatara acanwa neza. Ku munota wa 17 w’umukino, wari uhagaze […]

Continue Reading

Ntazinda Erasme yegujwe ku buyobozi bw’Akarere ka Nyanza

Inama Njyanama y’Akarere ka Nyanza yahagaritse Ntazinda Erasme ku nshingano zo kuyobora ako Akarere. Ni umwanzuro wafatiwe mu nama idasanzwe y’Inama Njyanama yateranye kuri uyu wa 15 Mata 2025, ivuga ko Ntazinda yahagaritswe kubera kutuzuza inshingano uko bikwiye. Ntazinda yari ayoboye Akarere ka Nyanza muri manda ya kabiri, nyuma y’uko mu matora yo mu 2021 […]

Continue Reading

RRA yasobanuye ibyo gusoresha abageni

Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro, RRA cyatangaje ko amakuru agendanye n’abatanga serivisi zishyurwa mu birori asanzwe asabwa mu rwego rwo gukurikirana ko abakora imirimo ibyara inyungu banditswe kandi bubahiriza amategeko y’imisoro. Ni nyuma y’amakuru yasakaye ku mbuga nkoranyambaga avuga ko abakora ibijyanye n’imitako mu bukwe (decoration), abakodesha ‘Sonolisation’, abatanga ibyo kunywa no kurya, ababyinnyi (itorero) ndetse […]

Continue Reading

Menya uko Kabarebe yinjije Joseph Kabila mu gisirikare

Joseph Kabila ni umwe mu mazina afite amateka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nk’umwe mu bayoboye icyo gihugu ariko n’uwa mbere mu bakiyoboye wavuye ku butegetsi mu mahoro. Umuhungu wa Laurent-Désiré Kabila, Joseph Kabila izamuka rye muri Politiki ryabaye nk’iry’ibimanuka tujya tubwirwa mu mateka. Ikidakunze kuvugwa, ni uko mu batumye Joseph Kabila aba uwo […]

Continue Reading

Mushiki wa Perezida wa Sena ya RDC yerekeje muri M23

Nathalie Kyenge  mushiki wa Perezida wa Sena ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Jean-Michel Sama Lukonde, yerekeje muri AFC/M23. Lukonde yanabaye Minisitiri w’Intebe wa RDC hagati ya 2021 na 2024, mbere yo gusimburwa na Judith Suminwa Tuluka kuri ubu ufite izi nshingano. Amakuru y’uko mushiki we yihuje na M23 yashimangiwe na Guverineri wungirije w’uriya mutwe, […]

Continue Reading

Nyanza: Umusaza w’imyaka 69 akurikiranyweho gutema umukobwa we

Sigebigiyeho Valens w’imyaka 69 wo mu Murenge wa Nyagisozi, Akarere ka Nyanza, yatawe muri yombi akekwaho gutema umukobwa we Nyiransengimana Vestine w’imyaka 30, mu makimbirane ashingiye ku mitungo y’umuryango. Ibi byabereye mu Kagari ka Gahunga, Umudugudu wa Gituntu, aho abaturage bavuga ko amakimbirane yaturutse ku gikorwa cyo kuzitura ihene, umukobwa agasanga mukase witwa Nsingizimana w’imyaka […]

Continue Reading

SAMIDRC yavuze ku byatangajwe na M23 biyishinja ubufatanye n’Ingabo za FARDC na FDLR mu mirwano i Goma

Ingabo ziri mu butumwa bw’Umuryango w’Afurika y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zizwi nka SAMIDRC, zamaganye yivuye inyuma ibirego bishinjwa n’umutwe wa M23, wavuze ko izi ngabo zifatanyije n’ingabo za Leta (FARDC), inyeshyamba za FDLR n’umutwe wa Wazalendo mu mirwano yabereye mu Mujyi wa Goma. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ku wa Gatandatu, tariki ya […]

Continue Reading