Impaka z’urudaca hagati ya Perezida Trump na Zelenskyy wa Ukraine

Perezida Donald Trump yahuye na Perezida wa Ukraine amusaba kwemera ibiganiro n’Uburusiya kugira ngo intambara iri mu gihugu cye irangire. Byari ibiganiro birimo impaka, Perezida Donald Trump ameze nk’umusaza urimo guhanura “umuhungu utumvira ababyeyi”. Mu burakari, Trump yumvikanye abwira Perezida Volodymyr Zelenskyy ko nta karita yo gukina afite, ko arimo asheta ku rupfu miliyoni z’abaturage, […]

Continue Reading

AFC/M23 yashyizeho abayobozi b’Intara ya Kivu y’Epfo

Ihuriro AFC/M23 yatangaje ko yashyizeho Guverineri na  n’abungirije guverineri w’Intara ya Kivu y’Epfo nyuma y’inama yabereye mu Mujyi wa Bukavu ikaza gusozwa inaturikijwemo ibisasu. AFC/M23 ivuga ko  ishingiye ku cyemezo cyafashwe kuwa 28 Gashyantare 2025, hashyizweho guverineri n’abungirije guverineri  w’Intara ya Kivu y’Epfo. Mu itangazo AFC/M23 yibutsa ko MRDP –Twirwaneho yamaze kwiyunga kuri iri huriro. […]

Continue Reading