Perezida Kagame yavuze ko Tshisekedi atigeze atorwa

Perezida Paul Kagame yatangaje ko Félix Tshisekedi uyobora Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo atigeze atsinda amatora y’Umukuru w’Igihugu yabaye mu 2018 no mu 2024. Ni ubutumwa yatangiye mu kiganiro yagiranye n’abadipolomate bahagarariye ibihugu mu Rwanda kuri uyu wa 16 Mutarama 2025, ubwo yasobanuraga inkomoko y’amakimbirane y’u Rwanda na RDC. Umukuru w’Igihugu yagaragaje ko iyo ibihugu […]

Continue Reading

Nyabugogo: Nyuma yo gusenyerwa aho bakoreraga babuze aho berekeza

Bamwe mu bacuruzi bakoreraga mu nzu nto na kiyosike Nyabugogo mu Karere ka Nyarugenge, Umujyi wa Kigali barataka ibihombo no kubura aho kwerekeza ibikorwa by’ubucuruzi nyuma yo gusenyerwa bavuga ko ari amabwiriza yatanzwe n’Umujyi wa Kigali. Kuva iki cyumweru cyatangira Umujyi wa Kigali watangiye ibikorwa byo gusenya zimwe muri kiyosike n’inzu nto zikorerwamo ubucuruzi mu […]

Continue Reading

Ibitaro bya CHUK bigiye kwimurwa

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yatangaje ko bitarenze muri Kamena 2025, imirimo yo kubaka ahazimurirwa Ibitaro bya Kaminuza bya Kigali, CHUK, i Masaka izaba yarangiye, bigatangira kuhimukira. Ibyo yabigarutseho kuri uyu wa Kane tariki ya 16 Mutarama 2025, ubwo yagezaga ku basenateri aho ishyirwa mu bikorwa rya Politiki y’Ubuzima rigeze, ibikorwa mu guteza imbere amavuriro […]

Continue Reading

Gasabo: Impanuka yakomerekeje 15 umwe yitaba Imana

Mu ma Saa Moya z’ijoro ryo kuri uyu wa 15 Mutarama, impanuka y’imodoka yahitanye umuntu umwe, abandi 15 barakomereka ndetse isenya n’inzu z’ubucuruzi ziri hafi y’aho yabereye. Ni impanuka yabereye mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Bumbogo, mu ikorosi ry’ahazwi nka Zindiro. Abari bahari bavuze ko iyi mpanuka yabaye ubwo ikamyo yavaga ahazwi nko […]

Continue Reading

Uwera Jean Maurice yasezeye kuri RBA

Uwera Jean Maurice wamenyekanye nk’umunyamakuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Itangazamakuru (RBA), by’umwihariko mu biganiro nka ‘Waramutse Rwanda’ n’amakuru ya Televiziyo y’u Rwanda, yamaze guhabwa akazi ko kuyobora radiyo nshya ya Sam Karenzi. Uyu mugabo yamaze kumvikana na Sam Karenzi ndetse yanamaze gushyikiriza ubuyobozi bwa RBA ibaruwa isezera mu gihe ategereje ko radiyo nshya agiye kuyobora itangira gukora. […]

Continue Reading

Vestine uririmbana na Dorcas yasezeranye n’umukunzi we

Ishimwe Vestine usanzwe aririmbana indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana na murumuna we Dorcas, yasezeranye mu mategeko n’umukunzi we, mu muhango wabereye mu Murenge wa Kinyinya mu Karere ka Gasabo. Uyu muhanzi uri mu bakunzwe n’abatari bake mu Rwanda yasezeranye n’umusore wo muri Burkina Faso. Amakuru avuga ko umuhango wo gushyingirwa bikorewe imbere y’umwanditsi w’irangamimerere […]

Continue Reading

Umugabo ushinjwa gutera mugenzi we grenade bapfa umugore yafashwe

Kamonyi Nkuriyingoma Jean Baptiste ushinjwa gutera mugenzi we grenade yafatiwe i Kigali Bamwe mu baturage bo mu Kagari ka Mbati, Umurenge wa Mugina, babwiye Umuseke dukesha iyi nkuru ko Nkuriyingoma Jean Baptiste ukurikiranyweho icyaha cyo gutera mugenzi we grenade yafatiwe ku Muhima mu Mujyi wa Kigali. Bavuga ko uyu mugabo yigeze gukora mu Nzego zishinzwe […]

Continue Reading

Perezida wa Koreya y’Epfo yatawe muri yombi

Yoon Suk Yeol yabaye Perezida wa mbere wa Koreya y’Epfo uri ku butegetsi utawe muri yombi. Abategetsi bo muri Koreya y’Epfo bavuze ko ubu Yoon arimo guhatwa ibibazo mu kigo gikora iperereza kuri ruswa kizwi nka CIO (Corruption Investigation Office). Yavuze ko yemeye guhatwa ibibazo “nubwo ari iperereza rinyuranyije n’amategeko, mu rwego rwo kurinda ko […]

Continue Reading

Lorenzo yavuze impamvu yagumye kuri RBA akareka kujya kwa Sam Karenzi wari wamwifuje

Umunyamakuru w’imikino mu rwego rw’Igihugu cy’Itangazamakuru, RBA, Musangamfura Christian Lorenzo yahishuye impamvu yanze kujya kuri Radiyo nshya ya Sam Karenzi wari wamwifuje. Ati: “Nkubwiye ngo nzakorera RBA kugeza mpfuye naba nkubeshye pe, ariko ayo mafaranga yaraje ndayabona ndashyugumbwa, ndahinda, ndashya, mfata umwanya wo kubitekerezaho ntekereza rwose no kuyakira ndumva hari n’abantu babimenye ariko ntabwo nigeze […]

Continue Reading

Umuturage wahingaga yabonye Imibiri 4 y’Abatutsi bishwe muri Jenoside

Mu ma saa munani z’amanywa zo ku wa kabiri, tariki ya 14 Mutarama 2025, ubwo umugabo witwa Murengera Jean n’umugore we bahingaga isambu bakodesha, yabonye imibiri 4 y’Abatutsi bo mu muryango umwe bishwe muri Jenoside, Ibuka, ubuyobozi n’izindi nzego barabyemeza n’amazina yabo aramenyekana. Iyo mibiri yabonywe mu Mudugudu wa Kabuga, Akagari ka Karengera, Umurenge wa […]

Continue Reading