Perezida Kagame yavuze ko Tshisekedi atigeze atorwa
Perezida Paul Kagame yatangaje ko Félix Tshisekedi uyobora Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo atigeze atsinda amatora y’Umukuru w’Igihugu yabaye mu 2018 no mu 2024. Ni ubutumwa yatangiye mu kiganiro yagiranye n’abadipolomate bahagarariye ibihugu mu Rwanda kuri uyu wa 16 Mutarama 2025, ubwo yasobanuraga inkomoko y’amakimbirane y’u Rwanda na RDC. Umukuru w’Igihugu yagaragaje ko iyo ibihugu […]
Continue Reading
