Bizagenda bite ku nsengero zambuwe ubuzima gatozi

Urwego rw’Igihugu rushinzwe Imiyoborere(RGB), ruvuga ko nyuma yo kwambura ubuzima gatozi imwe mu miryango ishingiye ku myemerere (amadini n’amatorero), imitungo yayo irimo insengero, ikoreshwa icyo amategeko shingiro agenga iyo miryango ateganya. Itegeko No 72/2018 ryo ku wa 31/08/2018 rigena imitunganyirize n’imikorere by’imiryango ishingiye ku myemerere, mu ngingo ya 39, rivuga ko umutungo w’umuryango, impuzamiryango, ihuriro […]

Continue Reading

Menya igihe U Rwanda ruzahagarika kwandika moto zikoresha lisansi

Guverinoma y’u Rwanda yiteguye guhagarika kwandika moto zikoresha ibikomoka kuri peteroli nka bumwe mu buryo bwo gutwara abagenzi mu Mujyi wa Kigali, guhera muri Mutarama 2025, izizaba zemerewe kwandikwa zikaba ari izikoresha amashanyarazi. Ni imwe mu ngamba Leta y’u Rwanda ikomeje gufata mu kwimakaza ubwikorezi burambye butangiza ibidukikije kandi butekanye ku babukoresha, nk’uko bishimangirwa na […]

Continue Reading

Botswana: Ishyaka ryari rikaze muri politiki ryatsinzwe amatora

Kuri uyu wa gatanu (ejo hashize), Perezida wa Botswana, Mokgweetsi Masisi, yemeye ko yatsinzwe nyuma y’amatora yatunguranye, yatumye ishyaka rye riharanira demokarasi (BDP) ritsindwa nyuma y’imyaka 58 riri ku buyobozi. Perezida watowe ni umunyamategeko, Duma Boko w’imyaka 54 y’amavuko. Ni umuyobozi w’urugaga ruharanira impinduka muri demokarasi (UDC), rwatsindiye imyanya 31 yari ikenewe kugirango, rugire ubwiganze […]

Continue Reading

How tourism in Rwanda paid money in the first half of 2024

Tourists who visited Rwanda from various parts of the world spent $267.71 million on goods and services in the first half of 2024, a new survey by National Institute of Statistics of Rwanda (NISR) shows. This represents an increase of almost 12 per cent compared to $236.2 million visitors spent in the first half of […]

Continue Reading

RDC: Inama y’Abepisikopi yahaye umukoro Perezida Thsisekedi

Inama y’Igihugu y’Abepisikopi Gatulika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yasabye Umukuru w’Igihugu kugira icyo akora kugira ngo ibintu bijye ku murongo muri iki Gihugu byumwihariko mu rwego rw’umutekano, ubukungu ndetse na Politiki, mu rwego rwo kuzanira ineza Abanyekongo. Inama y’Abapesikopi muri Congo, CENCO (Conférence Episcopale Nationale du Congo) yatanze iki cyifuzo mu itangazo ryashyizweho […]

Continue Reading

Nyamasheke : Abantu 30 bafashwe basengera mu rugo bamwe batabwa muri yombi

Abaturage babarirwa muri 30 basengera mu madini atandukanye bafatiwe mu rugo rw’umwe muri bo barimo gusenga mu buryo bunyuranye n’amategeko, bamwe baraganirizwa abandi babiri bo barafungwa. Byabereye mu Mudugudu wa Nyange, Akagari ka Muyange, Umurenge wa Nyabitekeri, Akarere ka Nyamasheke, mu rugo rwa Nyinawabega Béatrice watawe muri yombi ari kumwe na Bisengimana Cassien w’imyaka 29 […]

Continue Reading

Musanze: Abantu batanu bariyahuye Mu minsi ibiri

Mu minsi ibiri gusa, mu Karere ka Musanze hiyahuye abantu batanu, aho benshi muri bo bakoresheje imiti yica udukoko cyangwa imigozi. Abaturage bafite impungenge zikomeye ku bwiyongere bw’iki kibazo mu karere, by’umwihariko ku itariki za 30 na 31 Ukwakira 2024, aho abantu batanu biyahuye, batatu muri bo bahita bapfa, abandi babiri bajyanwa kwa muganga. Raporo […]

Continue Reading

Hari ibice by’umubiri Virusi ya Marburg ishobora kumaramo igihe kinini itarashiramo

Minisiteri y’Ubuzima itangaza ko Virus ya Marburg hari ibice by’umubiri ishobora kumaramo igihe kirenga umwaimo amasohoro, ku buryo umugabo wayikize agomba kuwumara adakora imibonano mpuzabitsina idakingiye. Byatangajwe n’Umuyobozi ushinzwe Iterambere ry’Abakozi bo kwa Muganga muri Minisiteri y’Ubuzima, Dr. Nkeshimana Menelas, wavuze ko Virus ya Marburg itera indwara ya Marburg, idasanzwe nk’uko byakunze kuvugwa. Avuga ko […]

Continue Reading

Karongi: Mbere y’uko Ba gitifu bandika basezera babanje gufungirwa mu karere

Mu ntangiriro z’iki cyumweru, mu karere ka Karongi humvikanye inkuru yo gusezera akazi kwa Ntakirutimana Gaspard, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Murundi, hamwe n’abayobozi b’utugari batatu nyuma yo gufungirwa mu biro by’akarere, hakurikiraho n’iyeguzwa ry’abandi bakozi batatu byatangajwe ko basezeye ku mpamvu zabo bwite. Amakuru avuga  ko hari abandi bakozi batatu bakurikiye abo beguye. Gusa, abaturage […]

Continue Reading