Igihe umukino wa Rayon Sports na APR FC uzabera cyamenyekanye

Nyuma y’igihe kinini hariho urujijo ku gihe Umukino w’Umunsi wa Gatatu wa Shampiyona y’u Rwanda ugomba guhuza Rayon Sports na APR FC uzakinirwa, wamaze gushyirwa tariki ya 7 Ukuboza 2024. Tariki ya 14 Nzeri 2024 ni bwo Rayon Sports yagombaga kwakira ikipe ya APR FC kuri Stade Amahoro, ariko ntiwakinwa kuko Ikipe y’Ingabo z’Igihugu yakinaga […]

Continue Reading

Umwe mu baguye mu mpanuka y’imodoka ubwo we na bagenzi be bari bagiye mu nama ya FPR Inkotanyi yari yujuje Hoteli i Gicumbi

Rwiyemezamirimo Nyirandama Chantal waherukaga kuzuza Hoteli mu Karere ka Gicumbi, rwashenguye benshi mu bari bamuziho kuba umwe mu bagore batinyutse umurimo bakagera ku rwego rwo gukabya inzozi zabo. Uyu mugore ni umwe mu bantu 28 b’abanyamuryango ba FPR Inkotanyi bari mu modoka ya Coaster, yakoze impanuka mu ma saa mbili z’igitondo cyo ku Cyumweru tariki […]

Continue Reading

Rusizi: Umusore yarohamye mu mashyuza yitaba imana

Munezero Théoneste w’imyaka 19, wakoraga akazi ko mu rugo mu Murenge wa Mururu, Akarere ka Rusizi, yatashye iwabo mu Kagari ka Cyingwa, Umurenge wa Gitambi ageze ku mashyuza mu Murenge wa Nyakabuye, abanza kujya kuyogamo,ararohama arapfa. Umuturage watanze amakuru yavuze ko umurambo we wabonywe n’abatambukaga berekeza kuri CIMERWA, kuko iki gice kitazitiye,barebye mu mashyuza babonamo […]

Continue Reading

Rulindo: Impanuka y’imodoka ya Coaster ikomeretsa 28, umwe ahasiga ubuzima

Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki 24 Ugushyingo 2024, imodoka Toyota Coaster yari itwaye Abanyamuryango ba FPR Inkotanyi yakoze impanuka umuntu umwe ahasiga ubuzima, abandi 28 barakomereka. Iyi mpanuka yabereye mu muhanda wa kaburimbo Gicumbi-Base ubwo iyi modoka yari igeze mu Karere ka Rulindo, Umurenge wa Cyungo, Akagari ka Rwili mu ikorosi riri mu […]

Continue Reading

Gakenke: Inyamaswa zitazwi zishe amatungo icumi

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki 23 Ugushyingo 2024, inyamaswa zitaramenyekana zishe amatungo icumi y’abaturage bo mu Karere ka Gakenke mu murenge wa Muhondo, mu Kagari ka Huro, Umudugudu wa Kabuga. Ibi byabaye ku mugoroba ahagana saa kumi n’imwe ubwo imvura yagwaga. Izo nyamaswa zitaramenye ziraye muri ayo matungo zica ihene umunani n’intama […]

Continue Reading

Abayobozi b’inzego z’umutekano z’u Rwanda na Mozambique basuye agace bambuye ibyihebe

Umuhuzabikorwa w’inzego z’Umutekano ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro mu gihugu cya Mozambique (RSF), Gen Maj Emmy K. Ruvusha we n’Umugaba Mukuru w’Ingabo za Mozambique (FADM), Admiral Joaquim Mangrasse, basuye agace ka Mucojo gaherereye mu nkengero z’u mujyi wa Cabo Delgado. Uyu mujyi wahoze ari indiri y’imitwe y’iterabwoba ya Ansar Al-Sunna Wajamah kuva mu Kuboza […]

Continue Reading

Umweyo uvuye gukubura I Karongi wageze I Rusizi unyuzwa muri Njyanama na Nyobozi uhitana guverineri

Nyobozi y’inama Njyanama y’akarere ka Rusizi ndetse na bamwe mu bagize nyobozi y’akarere bamaze kwandika amabaruwa yegura mu nshingano zabo ndetse na guverineri w’intara y’I burengerazuba avanwa mu nshingano. Amakuru agera kuri Rwandanews24 avuga ko ahagana mu masaha ya saa tanu nibwo aba bayobozi banditse amabaruwa basaba kwegura nyuma y’inama idasanzwe yari yateranye uyu munsi […]

Continue Reading

Uwari Umushumba w’Itorero Ebenezer riherutse kwamburwa ubuzima gatozi arafunzwe

Umuryango w’uwari umushumba w’Itorero Ebenezer riherutse kwamburwa ubuzima gatozi mu Rwanda, uvuga ko uwo mugabo afungiwe kuri Sitasiyo y’Ubugenzacyaha i Bumbogo mu Karere ka Gasabo, nyuma y’uko afatiwe iwe mu ijoro ryo ku wa Gatatu tariki 13 Ugushyingo 2024, aho ngo yashakaga kugirira nabi Umugore basezeranye hamwe na mushiki we. Pasiteri Nkundabandi yari yarakatiwe n’Urukiko […]

Continue Reading

Baltasar engonga yagizwe umwere

Urukiko Rwisumbuye rwa Guinea Equatorial rwatangaje ko Baltasar Engoga, wigeze kuba umuyobozi ukomeye mu gihugu, yagizwe umwere ku birego bijyanye n’amashusho 400 yamugaragazaga aryamanye n’abagore barimo abayobozi bakomeye. Ibi bibaye nyuma y’iperereza ryimbitse ryemeje ko nta mategeko y’ubugizi bwa nabi yigeze arenga mu byagaragaye muri ayo mashusho. Urukiko rwemeje ko Abagore bagaragara muri ayo mashusho […]

Continue Reading