Rubavu: Hatashywe ikibuga cya Basketball cyubatswe na Giants of Africa

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 9 Nzeri 2024, mu Karere ka Rubavu hatashywe ikibuga cya Basketball cyubatswe ku bufatanye bwa Guverinoma y’u Rwanda na Giants of Africa, kigamije gufasha kuzamura impano z’urubyiruko muri uyu mukino. Umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’Umukino wa Basketball mu Rwanda (FERWABA), Désiré Mugwiza, yashimiye Masai Ujiri ku ruhare rwe mu guteza imbere […]

Continue Reading

Burera: Arasabwa miliyoni 15 Frw yo kuvuza umwana ufite urutirigongo rwahetamye

Mutwaranyi Jean de Dieu, umubyeyi w’abana bane, ahangayikishijwe n’ikibazo cy’umwana we w’umukobwa ufite uburwayi budasanzwe bwatumye ahetamishwa urutirigongo. Uyu mwana w’imyaka 12 akeneye nibura miliyoni 15 z’amafaranga y’u Rwanda kugira ngo avurwe. Uyu mubyeyi utuye mu Mudugudu wa Kidaho, Akagari ka Gitega, mu Murenge wa Cyanika, Akarere ka Burera, aratabaza abagiraneza ngo bamufashe kubona ayo […]

Continue Reading

RIB yataye muri yombi abantu 45 bari barajujubije abantu babiba kuri Mobile Money

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwerekanye abajura 45 bibaga abantu bakoresheje amayeri atandukanye, cyane cyane Mobile Money, bakaba baragiye bakira amafaranga arenga miliyoni 400 Frw nk’uko byatangajwe n’umuvugizi wa RIB, Dr Thierry B. Murangira. Dr Murangira yatangaje ko aba bajura bari hagati y’imyaka 20 na 35 y’amavuko, kandi bakaba barafashwe mu bihe bitandukanye. Yagize ati: “Nihagira […]

Continue Reading

Special Force ya RDF yitwaye neza mu irushanwa ryo kurwana

Ingabo z’u Rwanda zo mu mutwe udasanzwe (Special Operations Forces – SOF) zigaragaje mu irushanwa ryahurizaga hamwe imitwe y’ingabo zidasanzwe (Special Forces) zo hirya no hino ku Isi, ryabereye muri Jordan. Iri rushanwa ry’iminsi itanu ryahuje amakipe 32 yaturutse mu bihugu 18, rigamije gupima ubushobozi mu bijyanye no kurwana n’ubundi bumenyi bw’abasirikare badasanzwe. U Rwanda […]

Continue Reading

Muhanga: Abiyise Abamonyo bategera abantu mu nzira bakabakubita

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Kiyumba, Akarere ka Muhanga, cyane cyane abahakorera ingendo bava ku isoko rya Rucyeri, baratabaza ubuyobozi ndetse n’inzego z’umutekano kubera ikibazo cy’abajura biyise “Abamonyo” bagenda bahungabanya umutekano mu nzira. Abo bajura ngo bitwaza ibyuma kandi bibasira cyane abagenzi batembereza ibintu by’agaciro. Maniriho Egide, yavuze ko aba bajura bitwaza ibyuma […]

Continue Reading

Rusizi: RIB yataye muri yombi abagabo 2 bakekwaho urupfu rw’umugore waguye imbere y’inzu y’ubucuruzi

Bizimana François w’imyaka 44 na Ngabitsinze Callixte w’imyaka 25 batawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) nyuma y’urupfu rwa Murekatete Denyse, umugore w’imyaka 38, wapfuye nyuma yo gutangaza ko abo bagabo bombi bamusagarariye. Ibyo byabereye mu isantere y’ubucuruzi ya Vubiro, Akarere ka Rusizi. Murekatete, wari utuye mu Mudugudu wa Gahinga, Akagari ka Buhokoro, yahuye n’aba […]

Continue Reading

Barasaba kwishyurwa inzu zisenywa n’imashini zikora umuhanda

Abaturage bo mu Murenge wa Ruhango, Akarere ka Ruhango, barasaba kwishyurwa imitungo yabo irimo kwangizwa n’imashini zikora umuhanda wa kaburimbo wa Kibingo-Karambo-Buhoro, ungana na kilometero 4,5. Nubwo bishimiye ko uyu muhanda uzoroshya imigenderanire n’ibindi bice by’igihugu, abatuye hafi y’aho ukorwa bemeza ko imashini ziwukora zangiza inzu zabo, nyamara batarigeze babarirwa ngo bishyurwe. Nsengimana Emmanuel, umwe […]

Continue Reading

Rusizi: Umusore na nyina bafungiwe gusambanya umukobwa w’imyaka 15

Iberabose Hakim w’imyaka 19 afungiye kuri Sitasiyo y’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) ya Gashonga mu Karere ka Rusizi, akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwangavu w’imyaka 15 witeguraga gutangira mu mwaka wa mbere w’amashuri yisumbuye. Nyina umubyara nawe afungiye hamwe nawe, akekwaho gufatanya muri iki cyaha, gusibanganya ibimenyetso no kugerageza kurwanya inzego z’umutekano zakurikiranye iki kibazo. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge […]

Continue Reading

Gatsibo: Umuturage yatemwe na mugenzi we ahita apfa

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 7 Nzeri 2024, umuturage witwa Ntirenganya Emmanuel yatemwe na mugenzi we bakiranye amakimbirane mu Mudugudu wa Mayoro, Akagali ka Taba, mu Murenge wa Muhura, ahita apfa. Ntirenganya yatemwe n’umuturanyi we, umupagasi uzwi ku izina rya Gerard, nyuma y’amakimbirane hagati yabo. Nyuma yo gukomereka, yaje ku kigo […]

Continue Reading

Ihumana ry’ikirere, impungenge ku mujyi wa Kigali

Iyo imodoka igutambutseho ku bw’amahirwe make igasohora ya myotsi y’umukara, wicuza icyatumye uwo munsi uva mu rugo utambaye agapfukamunwa. Uwo mwanya uhita umenya ko umwuka uhumeka wanduye cyane, nyamara inzobere mu kurengera ibidukikije zihamya ko igihe cyose imihanda y’i Kigali irimo ibinyabiziga byinshi abantu baba bakwiye kwirinda kuko baba bahumeka umwuka wanduye. Imikindo in’indabo byo […]

Continue Reading