U Rwanda na Indonesia mu bufatanye biteguye gusinyana amasezerano menshi

Leta y’u Rwanda ifite icyizere cyo gusinyana na Indonesia amasezerano menshi y’ubufatanye mu nzego zitandukanye mu Nama ya Kabiri ihuza Indonesia n’Afurika iteganyijwe hagati y’itariki ya 1 n’iya 3 Nzeri 2024. Byakomojweho n’Ambasaderi w’u Rwanda muri Indonesia Sheikh Abdul Karim Harelimana, washimangiye ko icyizere ari cyose cyo gusinya ayo masezerano na Leta ya Indonesia muri […]

Continue Reading

Menya uturere Abakandida Senateri baziyamamarizamo

Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) yatangaje ko kuri uyu wa Mbere tariki ya 26 Kanama 2024, ari bwo hatangira ibikorwa byo kwiyamamaza mu matora y’Abasenateri. Ni mu gihe hateganyijwe amatora aziguye, azaba tariki ya 16 n’iya 17 Nzeri 2024, akazakorerwa mu Ntara n’Umujyi wa Kigali. Ubusanzwe Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda igizwe n’Abasenateri 26 barimo 12 […]

Continue Reading

Rusizi: Buji yatwitse inzu maze abana 2 bahiramo barakongoka

Abana babiri, umukobwa w’imyaka ine n’umuhungu w’imyaka itatu, bahiriye mu nzu bakongokoreramo n’ibyarimo byose, ababyeyi bahageze na bo bagwa igihumure bajyanwa kwa muganga.  Iyo nzu bivugwa ko yatwitswe na buji yacanywe na mukuru wabo w’imyaka irindwi,  iherereye mu Mudugudu wa Cyimbogo, Akagari ka Karangiro, Umurenge wa Nyakarenzo, Akarere ka Rusizi. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Nyakarenzo Ntawizera […]

Continue Reading

Kenya yakumiriye isukari ituruka muri EAC

Leta ya Kenya yafashe icyemezo cyo guhagarika kwinjiza isukari mu gihugu yaba iturutse mu bihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba (EAC) cyangwa hanze y’uyu muryango. Iki cyemezo cyafashwe nyuma yo kubona ko Kenya yihagije mu musaruro w’isukari, bityo ikaba itagikeneye kuyitumiza hanze. Umunyamabanga Mukuru wa Minisiteri y’Ubuhinzi muri Kenya, Kipronoh Ronoh, ku ya 13 Kanama […]

Continue Reading

Gen Muhoozi Kainerugaba Yatangaje ko Yigiye ku Ntwari Fred Rwigema Uburyo bwo Kubohora Afurika

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko yakuye isomo rikomeye ku ntwari Maj Gen Fred Rwigema, isomo rizamufasha mu ntego ye yo kubohora umugabane wose wa Afurika. Muhoozi, uzwi kandi nk’umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni, yabigarutseho mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa X (yahoze yitwa Twitter) kuri uyu wa Gatandatu, […]

Continue Reading

Depite Justin Bitakwira Arashinjwa Gushishikariza Mai Mai Yakutumba Gukora Ubwicanyi ku Banyamurenge mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo

Mu gace ka Fizi mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, umutwe witwaje intwaro wa Maï Maï Yakutumba ukomeje kwibasira abaturage b’Abanyamurenge, ukabangamira ituze ryabo binyuze mu gushyiraho bariyeri no kubabuza gutambuka mu buryo bworoshye. Uyu mutwe washyizeho imipaka ahantu hatandukanye, aho abagenzi bacibwa amafaranga kugirango bemererwe gukomeza urugendo. Ibintu byarushijeho kuba […]

Continue Reading

AFC- M23 yungutse izindi mbaraga

Tikaïleli Baundjwa, wahoze ari umwe mu bayobozi bakomeye mu ishyaka rya politiki riyobowe na Guy Loando Mboyo, aherutse kwinjira mu mutwe wa politiki ’Alliance Fleuve Congo (AFC)’ uyobowe na Corneille Nangaa Yobeluo, umuturage utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Félix Tshisekedi ndetse ushyigikiwe n’abarwanyi ba M23. Iyi nkuru yasakaye nyuma y’uko inyandiko zasohowe n’ishyaka rya AREP, […]

Continue Reading

U Rwanda Rwasezerewe mu Gushaka Itike y’Igikombe cy’Isi cya Basketball Nyuma yo Gutsindwa na Sénégal Imbere ya Perezida Kagame

Mu mukino ukomeye wabereye muri BK Arena ku wa Gatandatu, tariki 24 Kanama 2024, ikipe y’igihugu y’u Rwanda mu mukino wa Basketball mu bagore yasezerewe mu majonjora yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya Basketball, nyuma yo gutsindwa na Sénégal amanota 68-65. Uyu mukino wari witabiriwe n’abafana benshi barimo na Perezida Paul Kagame n’Umufasha we Jeannette […]

Continue Reading

APR FC Ikomeje mu Kindi Cyiciro cya CAF Champions League Nyuma yo Gutsinda Azam FC 2-0

Ikipe y’Ingabo z’Igihugu, APR FC, yatsinze Azam FC yo muri Tanzania ibitego 2-0, ikomeza mu kindi cyiciro cya CAF Champions League ku giteranyo cy’ibitego 2-1. Ni mu mukino wo kwishyura w’ijonjora rya mbere wabereye kuri Stade Amahoro ku wa Gatandatu tariki ya 24 Kanama 2024. APR FC yari ifite umukoro ukomeye nyuma yo gutsindwa umukino […]

Continue Reading

Umuyobozi wa Polisi ya MINUSCA yasuye abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa

Umuyobozi w’Ishami rya Polisi mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kugarura amahoro mu gihugu cya Centrafrique MINUSCA, Commissioner of Police (CP) Christophe Bizimungu, ku wa Kane tariki ya 22 Kanama 2024, yasuye abapolisi b’u Rwanda bagize itsinda RWAFPU1-10, rikorera i Bangui mu murwa mukuru w’icyo gihugu. Ni muri gahunda y’uruzinduko agirira mu mitwe itandukanye y’abapolisi bari […]

Continue Reading

Ibiganiro bya RDC n’u Rwanda muri Angola byasojwe mu bwumvikane

Nubwo ibiganiro by’i Luanda byo ku rwego rwa ba Minisitiri byasojwe nta masezerano y’amahoro asinywe, inzego zihagarariye u Rwanda, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) n’umuhuza wabyo bashimangiye ko ibiganiro byabaye mu mucyo w’ubwumvikane. Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’Angola yatangaje ko iyo nama ibaye ku nshuro ya gatatu byabaye ku wa 20 na 21 Kanama 2024 yanzuye […]

Continue Reading