Perezida Ruto yasabwe kugira icyo akora ku myigaragambyo y’abarimu muri kenya

Ababyeyi n’abafatanyabikorwa mu rwego rw’uburezi muri Kenya basabye Perezida William Ruto kugira icyo akora ku myigaragambyo y’abarimu, kuko ishobora kugira ingaruka ku ifungura ry’amashuri mu minsi iri imbere. Ibi babisabye binyuze mu Ihuriro ry’Ababyeyi ku rwego rw’Igihugu, aho bifuza ko Perezida yizeza abaturage ko amashuri azafungura nta nkomyi. Silas Obuhatsa, Umuyobozi w’Ihuriro ry’Ababyeyi, yagaragaje impungenge […]

Continue Reading

NESA yatangaje uko ingendo z’abanyeshuri bazasubira ku masomo zizakorwa

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), cyatangaje cyatangaje ko umwaka w’amashuri wa 2024-2025 uzatangira kuya 09 Nzeri 2024, iboneraho kumenyesha abanyeshuri biga bacumbikirwa ko bazatangira kujya ku masomo y’igihembwe cya mbere guhera ku wa 06 Nzeri 2024. Ibinyujije ku rubuga rwayo rwa, “ X”  kuri uyu wa mbere NESA yasabye inzego z’ibanze gukurikirana icyo gikorwa cyo […]

Continue Reading

Ibiganiro by’u Rwanda na RDC biherutse i Luanda ntacyo byatanze

Ibiganiro byahuje intumwa za Guverinoma y’u Rwanda n’iza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) i Luanda ku itariki ya 20 n’iya 21 Kanama 2024 ntibyatanze umusaruro wari witezwe, byongera kuzamura impungenge ku mahoro n’umutekano mu karere. Ibyavuye mu Biganiro i Luanda Ibi biganiro byari bikomeye cyane, byakurikiye guhura kw’inzobere mu by’ubutasi z’u Rwanda, RDC na […]

Continue Reading

U Rwanda na Indonesia mu bufatanye biteguye gusinyana amasezerano menshi

Leta y’u Rwanda ifite icyizere cyo gusinyana na Indonesia amasezerano menshi y’ubufatanye mu nzego zitandukanye mu Nama ya Kabiri ihuza Indonesia n’Afurika iteganyijwe hagati y’itariki ya 1 n’iya 3 Nzeri 2024. Byakomojweho n’Ambasaderi w’u Rwanda muri Indonesia Sheikh Abdul Karim Harelimana, washimangiye ko icyizere ari cyose cyo gusinya ayo masezerano na Leta ya Indonesia muri […]

Continue Reading

Menya uturere Abakandida Senateri baziyamamarizamo

Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) yatangaje ko kuri uyu wa Mbere tariki ya 26 Kanama 2024, ari bwo hatangira ibikorwa byo kwiyamamaza mu matora y’Abasenateri. Ni mu gihe hateganyijwe amatora aziguye, azaba tariki ya 16 n’iya 17 Nzeri 2024, akazakorerwa mu Ntara n’Umujyi wa Kigali. Ubusanzwe Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda igizwe n’Abasenateri 26 barimo 12 […]

Continue Reading

Rusizi: Buji yatwitse inzu maze abana 2 bahiramo barakongoka

Abana babiri, umukobwa w’imyaka ine n’umuhungu w’imyaka itatu, bahiriye mu nzu bakongokoreramo n’ibyarimo byose, ababyeyi bahageze na bo bagwa igihumure bajyanwa kwa muganga.  Iyo nzu bivugwa ko yatwitswe na buji yacanywe na mukuru wabo w’imyaka irindwi,  iherereye mu Mudugudu wa Cyimbogo, Akagari ka Karangiro, Umurenge wa Nyakarenzo, Akarere ka Rusizi. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Nyakarenzo Ntawizera […]

Continue Reading

Kenya yakumiriye isukari ituruka muri EAC

Leta ya Kenya yafashe icyemezo cyo guhagarika kwinjiza isukari mu gihugu yaba iturutse mu bihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba (EAC) cyangwa hanze y’uyu muryango. Iki cyemezo cyafashwe nyuma yo kubona ko Kenya yihagije mu musaruro w’isukari, bityo ikaba itagikeneye kuyitumiza hanze. Umunyamabanga Mukuru wa Minisiteri y’Ubuhinzi muri Kenya, Kipronoh Ronoh, ku ya 13 Kanama […]

Continue Reading

Gen Muhoozi Kainerugaba Yatangaje ko Yigiye ku Ntwari Fred Rwigema Uburyo bwo Kubohora Afurika

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko yakuye isomo rikomeye ku ntwari Maj Gen Fred Rwigema, isomo rizamufasha mu ntego ye yo kubohora umugabane wose wa Afurika. Muhoozi, uzwi kandi nk’umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni, yabigarutseho mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa X (yahoze yitwa Twitter) kuri uyu wa Gatandatu, […]

Continue Reading

Depite Justin Bitakwira Arashinjwa Gushishikariza Mai Mai Yakutumba Gukora Ubwicanyi ku Banyamurenge mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo

Mu gace ka Fizi mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, umutwe witwaje intwaro wa Maï Maï Yakutumba ukomeje kwibasira abaturage b’Abanyamurenge, ukabangamira ituze ryabo binyuze mu gushyiraho bariyeri no kubabuza gutambuka mu buryo bworoshye. Uyu mutwe washyizeho imipaka ahantu hatandukanye, aho abagenzi bacibwa amafaranga kugirango bemererwe gukomeza urugendo. Ibintu byarushijeho kuba […]

Continue Reading

AFC- M23 yungutse izindi mbaraga

Tikaïleli Baundjwa, wahoze ari umwe mu bayobozi bakomeye mu ishyaka rya politiki riyobowe na Guy Loando Mboyo, aherutse kwinjira mu mutwe wa politiki ’Alliance Fleuve Congo (AFC)’ uyobowe na Corneille Nangaa Yobeluo, umuturage utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Félix Tshisekedi ndetse ushyigikiwe n’abarwanyi ba M23. Iyi nkuru yasakaye nyuma y’uko inyandiko zasohowe n’ishyaka rya AREP, […]

Continue Reading