Facebook yashyize u Rwanda mu bihugu byemerewe kwinjiza amafaranga binyuze mu mashusho magufi

Facebook yatangaje ko ubu abarukoresha mu bihugu bimwe bya Afurika, harimo n’u Rwanda, bashobora kwinjiza amafaranga binyuze mu kwamamaza mu mashusho magufi ‘short-form videos’ batangariza kuri urwo rubuga. Uburyo Bwo Kwinjiza Amafaranga Abakoresha Facebook bazajya binjiza amafaranga mu buryo bubiri: In-stream Ads: Amashusho y’ubutumwa bwamamaza azajya anyuzwa mbere ya video nyirizina, hagati muri yo, cyangwa […]

Continue Reading

Abanya-Sudani basaba ubuhungiro mu Rwanda bakomeje kwiyongera

Abanya-Sudani bakomeje guhungira mu Rwanda kubera intambara ihanganishije ingabo za Leta, Sudanese Armed Forces, n’umutwe wa Rapid Support Forces (RSF) kuva muri Mata 2023. Iyo ntambara imaze guhitana abarenga 15,500, ikaba yarateye ubwiyongere bw’abahunga igihugu cyabo. Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Mpunzi (UNHCR) ryerekana ko muri 2024 gusa, abanya-Sudani basaga 718 bamaze gusaba ubuhungiro mu […]

Continue Reading

Umusaza w’umwongereza yariwe asanga miliyoni 140 Frw kubera Anita wamubeshye

Rodrick Lodge, umusaza w’imyaka 69 w’Umwongereza, yahuye n’uruva gusenya nyuma yo guhomba amafaranga yizigamye yose arenga miliyoni 142 Frw ku mukobwa bakundaniye ku mbuga nkoranyambaga nyuma akaza gusanga ari umutubuzi. Uyu musaza yahuye na ‘Anita’ ku rubuga nkoranyambaga, akeka ko ari umunya-Kenya. Mu gihe Rodrick yari afite irungu, yahuye na ‘Anita’ ku mbuga nkoranyambaga, batangirana […]

Continue Reading

RBC irashishikariza abantu kwihutira kwa muganga mu gihe bagaragaje ibimenyetso

Ikigo cy’Igihugu cyita ku buzima RBC kivuga ko indwara y’ubushita bw’inkende (MPOX) ari indwara yandura, ku buryo gishishikariza abantu baba bagaragayeho ibimenyetso byayo kwihitira kujya kwa muganga. Umuyobozi ushinzwe kurwanya indwara z’ibyorezo muri RBC, Dr Edison Rwagasore avuga ko indwara y’ubushita bw’inkende yandura abantu babonye bafite ibimenyetso bayo bajya kwa muganga vuba na bwangu kuko ivurwa igakira, kandi […]

Continue Reading

Ku mupaka w’u Rwanda na Uganda hatoraguwe amafaranga atazwi nyirayo

Ubuyobozi bushinzwe abinjira n’Abashohoka mu Rwanda bwatangaje ko bwatoraguye amafaranga ku mupaka w’u Rwanda na Uganda ariko hatazwi nyirayo. Mu itangazo ubwo buyobozi bwasohoye kuri uyu wa Kane tariki ya 8 Kanama 2024, bwagize buti: “Hari amafaranga yatowe ku mupaka wa Gatuna, uhuza u Rwanda na Uganda, tariki ya 2 Kanama 2024, ariko nyirayo akaba […]

Continue Reading

Umupadiri n’umucungamutungo we bakurikiranweho ubujura bw’asaga miliyari 1 Frw

Abakozi babiri ba Kiliziya Gatolika muri Tanzania, barimo umupadiri na umucungamutungo we, barashinjwa kwiba amafaranga arenga miliyari 1.7 y’amashilingi ya Tanzania (angana na 832,424,985 Frw), 100,000 by’amadolari y’Amerika, ndetse na 20,000 by’amayero. Padiri Karoli Mganga wo muri Diyosezi ya Bunda mu Ntara ya Mara, hamwe n’uwahoze ari umucungamutungo we, Gerald Mgendigendi, bakurikiranyweho ibyo byaha. Bagejejwe […]

Continue Reading

Basezeraniye ku buriri kubera uburwayi

Tuyishimire Blandine, wo mu Mudugudu wa Gitwa, Akagari ka Rukira, Umurenge wa Huye, Akarere ka Huye, yerekanye urukundo rudasanzwe ku mugabo we Bizumuremyi Yohani. Biyemeje gusezerana imbere y’Imana nubwo Bizumuremyi yari arwaye atabasha kweguka kubera uburwayi bw’umugongo. Urukundo rwabo rwatangiye mu 2019, ubwo Tuyishimire wari ufite imyaka 27 yemera kubana na Bizumuremyi wari ufite imyaka […]

Continue Reading

M23 yigaruriye agace ka Nyakakoma mu mirwano yamaze iminota mike

Ku wa 7 Kanama 2024, umutwe witwaje intwaro wa M23 wigaruriye agace ka Nyakakoma, ahakorerwa uburobyi, nyuma y’imirwano yamaze iminota mike. Iyi mirwano yabaye hagati y’ingabo za M23 n’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zirwanira mu mazi hamwe n’imitwe y’inyeshyamba nka Maï-Maï. Abaturage basigaye mu ngo zabo bavuze ko abarwanyi ba […]

Continue Reading

RDC mu bihugu bya mbere u Rwanda rwoherezamo ibicuruzwa

Raporo nshya y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare igaragaza ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kuba kimwe mu bihugu by’ingenzi u Rwanda rwoherezamo ibicuruzwa, nubwo umubano w’ibihugu byombi utari mwiza. Muri Kamena 2024, u Rwanda rwohereje muri RDC ibicuruzwa bifite agaciro ka miliyoni 16.20$; ibi bingana na 9.55% by’ibicuruzwa byose u Rwanda rwohereje mu mahanga. Iyi […]

Continue Reading

RDC: Perezida Tshisekedi yavuze ku burwayi bwatumye bu muhejeje mu Bubiligi

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Félix Tshisekedi, yatangaje ko yagiye mu Bubiligi kwivuza indwara amaranye igihe ya ‘hernie discale’, akaba agumyeyo kugira ngo abashe gukira neza azongere gusubira mu gihugu cye akomeze imirimo. Tshisekedi yagiye i Bruxelles nyuma yo kuyobora inama y’abaminisitiri yabaye ku itariki 2 Kanama 2024, aherekejwe n’itsinda ry’abaganga be […]

Continue Reading

Perezida wa Centrafrique yakiriye Gen. Nyakarundi

Perezida wa Centrafrique, Faustin-Archange Touadéra, yakiriye Umugaba Mukuru w’Ingabo zirwanira ku Butaka, Maj. Gen. Vincent Nyakarundi, hamwe n’itsinda bari kumwe, mu nama igamije gutsura umubano no gukomeza ubufatanye mu bijyanye n’umutekano. Mu biganiro byabo, Maj. Gen. Vincent Nyakarundi yashimiye Perezida Touadéra ku bushake afite bwo kubaka igisirikare cy’umwuga, cyitezweho gukomeza kugira uruhare rukomeye mu kugarura […]

Continue Reading