Umunyamabanga Mukuru w’ishyaka UDPS rya Félix Tshisekedi yegujwe
Ishyaka UDPS riyobowe na Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryafashe icyemezo cyo kwegura Umunyamabanga Mukuru waryo, Augustin Kabuya, ariko we yanga kubahiriza icyo cyemezo. Iki cyemezo cyafashwe n’inama y’abanyamuryango bashinzwe kugenzura imikorere y’inzego z’ishyaka ndetse n’abadepite n’abasenateri bahagarariye UDPS mu Nteko Ishinga Amategeko ya RDC. Inama yabaye ku wa 11 Kanama […]
Continue Reading
