MONUSCO irafunga ibiro byayo i Bukavu uyu munsi menya impamvu

Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye zikorera muri DR Congo, ku wa kabiri zafunze icyicaro cyazo mu mujyi wa Bukavu, muri gahunda ikomeje yo kuva muri iki gihugu mu byiciro. Ubwo yari mu ruzinduko i Goma mu mpera z’icyumweru gishize, Bintou Keita, ukuriye MONUSCO, yagize ati: “Ubu ntitugikorera mu ntara ya Kivu y’Epfo, ariko turacyafite inshingano zo gusohoza […]

Continue Reading

Abanyarwanda ni intare ziyobowe n’intare -Perezida Paul Kagame uko kwiyamamaza byagenze {AMAFOTO}

Rwanda news 24 iguhaye ikaze kuri Site ya Rugarama mu Karere ka Nyarugenge, aho Umuryango FPR Inkotanyi ukomereza ibikorwa byawo byo kwamamaza Chairman akaba n’Umukandida wawo ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu, Paul Kagame. Nyakubahwa Perezida Kagame akomereje ibikorwa byo kwiyamamaza i Nyamirambo Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 25 Kamena 2024, ni umunsi wa kane wo […]

Continue Reading

Umwihariko imodoka Perezida Kagame ari gukoresha mu kwiyamamaza ifite

Nyakubahwa Perezida Kagame ari kujya kwiyamamaza hirya no hino yitwaye mu modoka nziza cyane kandi yihariye yitwa “Armored Urban Land Rover Defender 110” – ya 2023/2024. Iyi modoka aguze vuba, iri mu zikunzwe n’abakomeye kubera ubushobozi ifite bwo kurira imisozi n’umuvuduko wayo. Nyuma yo kuyigura, Perezida Kagame yayishyizemo ikoranabuhanga ryihariye rituma iba igitangaza kurushaho. Ikigo […]

Continue Reading

“Nta muntu ukwiriye kuba impunzi”- Paul Kagame umukadida wa FPR Inkotanyi nyuma ya Ngororero yakomereje ibikorwa byo kwiyamamaza mu Karere ka Muhanga

Umukandida w’Umuryango FPR Inkotanyi ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu, Paul Kagame, yatangaje ko uko umubare w’Abanyarwanda waba ungana kose, bitazigera bibaho ko Umunyarwanda aba impunzi kandi afite igihugu cye. Mu gikorwa cyo kwiyamamaza cyabereye mu Murenge wa Shyogwe mu Karere ka Muhanga kuri uyu wa 24 Kamena 2024, Kagame yibukije abaturage ko byigeze kubaho ko Abanyarwanda […]

Continue Reading

Dr Frank Habineza yongeye gushimangira ko naramuka atowe azakuraho burundu umusoro w’ubutaka

Kuri uyu wa mbere, ni umunsi wa gatatu hatangiye ibikorwa byo kwiyamamaza ku bemerewe na Komisiyo y’Amatora haba ku mwanya wa Perezida wa Repuburika ndetse no mu Nteko Nshingamategeko umutwe w’Abadepite. Kuri uyu munsi wa gatatu wo kwiyamamaza, ishyaka riharanira demokarasi no kubungabunga ibidukikije, Green Party, yakomereje ibikorwa byayo byo kwiyamamaza mu karere ka Ngoma. […]

Continue Reading

M23 Yanenze Ibihuha by’Ubutegetsi bwa RDC buvuga ko Gen Makenga yirukanywe

Umuvugizi w’ishami rya Politiki rya AFC/M23, Lawrence Kanyuka, yanyomoje amakuru y’uko umugaba w’igisirikare cy’uyu mutwe, Gen. Sultani Makenga, yahagaritswe agasimburwa na Col Innocent Kayinamura (Kaina). Kanyuka yavuze ko ibyo ari ibinyoma byacuzwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC) mu rwego rwo kuyobya abantu. Yongeyeho ko ririya tangazo ryari rigamije gutanga indishyi idashoboka yo […]

Continue Reading

Perezida Paul Kagame, umukandida wa FPR Inkotanyi ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu, yakomereje ibikorwa byo kwiyamamaza mu Karere ka Ngororero abasaba ibintu bibiri; uko kwiyamamaza byagenze

Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 24 Kamena 2024, Perezida Paul Kagame, umukandida wa FPR Inkotanyi ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu, yakomereje ibikorwa byo kwiyamamaza mu Karere ka Ngororero. Umukandida wa FPR Inkotanyi yageze kuri Stade Ngororero aho yakomereje ibikorwa byo kwiyamamaza ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu. Perezida Kagame Yashimangiye ko Abanyarwanda Bagomba Kwigira Ngororero, tariki ya […]

Continue Reading

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yihanganishije umuryango wabuze uwabo hasozwa ibirori byo kwiyamamaza

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu, MINALOC, yashyize hanze itangazo rihanganisha umuryango wabuze uwabo mu gihe habaye umuvundo ku muryango abantu basohokeragamo hasojwe ibikorwa byo kwiyamamaza kuri site ya Gisa mu Karere ka Rubavu. Ubwo butumwa bwashyizwe kuri X ya MINALOC kuri iki Cyumweru, tariki ya 23 Kamena 2024, nyuma y’uko umuntu umwe yitabye Imana abandi bagera kuri […]

Continue Reading

Kamonyi: Dr. Frank Habineza yakiranywe urugwiro n’abaturage benshi

Dr. Frank Habineza yiyamamarije mu karere ka Kamonyi mu murenge wa Runda mu kagari ka Gihara yakirwa neza ndetse abaturage bitabira ku bwinshi. Kuri iki cyumweru taliki ya 23 Kamena 2024, abakandida batandukanye ku mwanya wa perezida n’abadepite bo mu ishyaka Riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije (DGPR), biyamamarije mu karere ka Kamonyi bageza ku baturage […]

Continue Reading

Leta yatanze impuruza ikomeye kubera inzoka zimereye nabi abantu

Ibigo nderabuzima n’ibitaro byose byo muri Bangladesh byategetswe kwigwizaho imiti ivura ubumara, nyuma y’amakuru yo kwiyongera cyane k’ururumwa n’inzoka muri iki gihugu cyo muri Aziya y’amajyepfo. Minisitiri w’ubuzima Dr. Samanta Lal Sen yashishikarije abaturage kujyana ku bitaro abarumwe n’inzoka vuba bishoboka. Ibitaro byo mu byaro bya Bangladesh byatangaje ukwiyongera kw’abantu barumwa n’inzoka, cyane cyane inzoka […]

Continue Reading

Kandida Perezida Mpayimana Philippe yavuze ko azazamura ingengo y’imari yihariye ku mikino mu Mirenge

Umukandida wigenga ku mwanya wa Perezida wa Repubulika, Mpayimana Philippe, yatangaje ko, aramutse atorewe kuyobora u Rwanda, azashyiraho ingengo y’imari ku rwego rw’Umurenge izajya ikoreshwa mu marushanwa ategurwa mu rwego rwo kurushaho gushaka impano z’abakiri bato ndetse no kubona ibihembo ku makipe yitabira amarushanwa. Mpayimana yabitangaje kuri iki Cyumweru tariki ya 23 Kamena 2024, ubwo […]

Continue Reading