Uko wakwivura Diyabete , Hypertension n’umubyibuho ukabije ukoresheje amababi y’imyembe

Amababi y’imyembe ashobora gukoreshwa mu kwivura indwara zitandukanye zirimo nka Diyabete , indwara z’umutima , kugabanya umubyibuho ukabije , indwara za infegisiyo zo ku ruhu ndetse nizindi nyinshi , muri iyi nkuru turakubwira uko wakoresha aya mababi mu kwivura n’indwara wakwivura . Kuva kera amababi y’imyembe yakoreshejwe kuva kera mu buvuzi gakondo , aho akungahaye […]

Continue Reading

“Imana niyo yohereje ingabo zayo ngo ziturinde urupfu.’ Umugore wa Kamerhe

Umugore wa Vital Kamerhe yatangaje ko urugo rwabo rwahindutse nk’isibaniro ry’urugamba rw’amasasu mu gihe kigera ku isaha imwe hagati y’abari babateye n’abarinda urugo rwabo. Hamida Chatur Kamerhe yatangaje uburyo byagenze, avuga ko yabyukijwe n’umugabo we Vital, ubwo yari amaze kumva amasasu hanze y’urugo ahagana saa kumi z’igitondo ku cyumweru. Hamida yagize ati: “Abateye babashije kwinjira […]

Continue Reading

Amavubi yisubiyeho ku gukinisha Umunya-Nigeria Ani Elijah amwirukana mu mwiherero

Rutahizamu wa Bugesera FC, Umunya-Nigeria Ani Elijah yakuwe mu mwiherero w’Ikipe y’Igihugu ’Amavubi’ kugira ngo abanze gushakirwa ibyangombwa byo kuba yakinira u Rwanda. Elijah ni umwe mu bakinnyi bari bitabiriye umwiherero w’Ikipe y’Igihugu mu gitondo cyo kuri uyu wa 20 Gicurasi 2024, aho Amavubi agiye kwitegura imikino ibiri ya Bénin na Lesotho mu gushaka itike […]

Continue Reading

Biratangaje umugabo yapfushije umugore ahita arongora Nyirabukwe, Sebukwe abiha umugisha

Mu Buhinde, umugabo yakunze Nyirabukwe baranashakana ndetse Sebukwe abiha umugisha. Iyo nkuru y’urwo rukundo rutangaje ngo rwatangiye ubwo umugore w’uwo mugabo witwa Sikandar Yadav yari amaze gupfa, nyuma uyu mugabo arimuka ajya kubana na Sebukwe na Nyirabukwe ahitwa i Bihar, mu Mudugudu wa Heer Moti. Uko iminsi yagendaga ishira, urukundo rw’uwo mugabo ufite imyaka 45 […]

Continue Reading

Man City yegukanye Premier League ya kane yikurikiranya

Ikipe ya Manchester City yatsinze West Ham United ibitego 3-1, yegukana Igikombe cya Shampiyona y’u Bwongereza (Premier League) ku nshuro ya kane yikurikiranya, ikaba iya cyenda muri rusange. Mu gihe City yari ikeneye intsinzi kugirango yizere neza gutwara igikombe Arsenal bari bahanganye, yatangiye neza umukino itsinda ibitego hakiri kare. Phil Foden yafunguye amazamu kuri iyi […]

Continue Reading

Perezida Ndayihimiye yahawe impano y’inyoni

Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan yoherereje mugenzi we w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye impano y’inyoni zizwi nka ‘peacocks’ nk’ikimenyetso cy’ubufatanye n’ubucuti buri hagati y’ibihugu byombi. Amakuru yashyizwe hanze n’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu mu Burundi avuga ko Perezida Ndayishimiye yashyikirijwe iyi mpano kuri iki Cyumweru tariki 19 Gicurasi mu 2024. Yayihawe n’intumwa zihariye za Perezida Suluhu. Amafoto […]

Continue Reading

Musenyeri wiyahuye kubera imyenda myinshi

Inzego z’iperereza muri Tanzania zatangaje ko Joseph Bundala wari Musenyeri mu itorero ry’aba- méthodiste yiyahuye akoresheje umugozi wa telefone yo mu biro, aho bikekwa ko ari icyemezo yafashe kubera imyenda yari imuremereye. Amakuru y’urupfu rwa Musenyeri Joseph Bundala yamenyekanye ku wa Gatandatu tariki 18 Gicurasi mu 2024, gusa bivugwa ko yiyahuye ku wa Kane tariki […]

Continue Reading

Abanyeshuri Barohamye Mu Kiyaga Cya Kivu

Abanyeshuri babiri bigaga mu rwunge rw’amashuri rwa Gihinga( Groupe Scolaire Gihinga ya mbere), taliki 17, Gicurasi, 2024 bagiye koga mu Kivu barohama mu kiyaga cya Kivu, umwe avanwamo yapfuye n’aho undi byageze kuri iki Cyumweru ataboneka. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Musasa mu Karere ka Rutsiro aho iki kigo giherereye Biziyaremye Jean Baptiste, avuga ko aba […]

Continue Reading

“Abagabo basambanya abana bakwiye gushahurwa.” Umudepite yasabye ko hashyirwaho iryo tegeko

Mwantum Dau Haji uri mu bagize Inteko Ishinga Amategeko ya Tanzania, yasabye ko hashyirwaho itegeko rigena ko abagabo basambanya abana n’abafite ubumuga bajya bakatwa imyanya ndangagitsina (gushahurwa). Ni ingingo uyu mugore yagarutseho mu mpera z’iki cyumweru ubwo abagize Inteko Ishinga Amategeko muri Tanzania, baganiraga ku ngengo y’imari igomba guhabwa Minisiteri ifite mu nshingano ibijyanye n’umuryango, […]

Continue Reading

Perezida wa Iran yakoze impanuka ya kajugujugu

Kajujugu yari itwaye Perezida wa Iran, Ebrahim Raisi yakoze impanuka kuri iki Cyumweru tariki 19 Gicurasi mu 2024. Kugeza ubu ntiharamenyekana uko ubuzima bwe buhagaze. Iyi mpanuka yabereye mu Majyaruguru ashyira uburengerazuba bwa Iran, mu ntara ya East Azerbaijan. Amakuru yashyizwe hanze n’itangazamakuru ryo muri Iran avuga ko ibikorwa by’ubutabazi byahise bitangira, nubwo byabanje gukomwa […]

Continue Reading

Kandidatire ya Jacob Zuma wahoze ari perezida w’Afurika y’epfo irashidikanywaho

Jacob Zuma wahoze ari perezida w’Afurika y’epfo, yahuje imbaga abantu kuri uyu wa gatandatu, yumvikanisha ko azasubira ku butegetsi, n’ubwo kadidatire ye ifite ibibazo imbere y’amategeko. Abambari be barenga 30.000 bari bapakiye muri sitade Orlando y’i Soweto. Bari bagiye ku mutega amatwi, aho yijeje abirabura muri Afurika y’epfo, indi mirimo n’imishahara irushijeho kuba myiza. Yababwiye […]

Continue Reading