Yakatiwe igifungo azira gutwika ifoto ya Perezida

Umusore w’imyaka 24  witwa Shadrack Chaula,uzwi cyane mu gushushanya, yakatiwe gufungwa imyaka ibiri nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gutwika ifoto ya Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan. Benjamin Kuzaga, Umuyobozi wa polisi mu Karere ka Rungwe, yatangaje ko Chaula yatawe muri yombi tariki ya 30 Kamena nyuma yo gushyira amashusho ku rubuga rwe rwa TikTok […]

Continue Reading

Dr yatanze igisubizo ku bibazo byugarije urubyiruko rw’akarere ka Gakenke

Ubwo yiyamamazaga mu KARERE ka Gakenke ku itariki ya 5Nyakanga 2024, Hon Dr Frank Habineza yagarutse ku bibazo byugarije urubyiruko rw’akarere ka Gakenke ndetse atanga igisubizo kirambye cyanyuze imbaga y’abitabiriye ibikorwa bye. Ibi bikorwa byo kwiyamamaza byabereye mu isoko rya Gakenke ku munsi waryo wa 12 hamamazwa Dr Frank Habineza ku mwanya wa Perezida ndetse […]

Continue Reading

Abanya-Bugesera ba bukereye kwamamaza Paul Kagame wa FPR Inkotanyi uko kwiyamamaza byagenze (Amafoto)

Rwandanews24 iguhaye ikaze kuri Site ya Kindama mu Karere ka Bugesera aho Umuryango FPR Inkotanyi wakomereje ibikorwa byo kwamamaza Umukandida wawo ku mwanya wa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, mu matora yo ku wa 15 Nyakanga 2024. UKO KWIYAMAMAZA PAUL KAGAME I BUGESERA BIRI KUGENDA: 12:58 Paul Kagame yasabye Abanyarwanda gushyira igihugu cyabo imbere Ati […]

Continue Reading

Rutsiro: Mpayimana Philippe yavuze ko azashyiraho umushahara wa mudugudu

Mpayimana Philippe, umukandida wigenga ku mwanya wa Perezida wa Repubulika, yabwiye abaturage b’Akarere ka Rutsiro ko mu migabo n’imigambi ye harimo gushyiraho umushahara ku bayobozi b’imidugudu no kubaka hoteli y’icyitegererezo ku musozi wa Congo Nil. Yabitangarije mu isantere ya Congo Nil mu murenge wa Gihango ku wa 5 Nyakanga 2024. Mpayimana yavuze ko kuba Umuyobozi […]

Continue Reading

PSD iraharanira ko umushahara utarenze 100 000 Frw utasorerwa

Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza (PSD) ritangaza ko ririmo guharanira ko umushahara w’umukozi utarenze ibihumbi 100 by’amafaranga y’u Rwanda wakurirwaho imisoro, kuko byafasha Abanyarwanda benshi kwiteza imbere. Ni bimwe mu byo PSD yagarutseho kuri uyu wa Gatanu tariki ya 5 Nyakanga 2024, Mu Karere ka Gasabo, mu Murenge wa Rusororo mu Kagali ka Mbandazi, mu […]

Continue Reading

Polisi yafunze umugore wakase igitsina cy’umugabo we

Polisi ya Uganda yataye muri yombi umugore witwa Susan Namuganza, w’imyaka 34, nyuma y’ibyumweru birenga bitatu yihishe, akekwaho guca igitsina cy’umugabo we, Moses Kawubanya. Iki gikorwa kibabaje cyabaye ku itariki ya 10 Kamena ubwo Namuganza yakase igitsina cy’umugabo we akoresheje ikintu gityaye, nyuma akamuhunga. Umuvugizi wa Polisi mu karere ka Busoga y’Amajyaruguru, Micheal Kasadha, yemeje […]

Continue Reading

Kamonyi: Umuturage yarumye mugenzi we izuru ararica amuziza ko aririmbye indirimbo ya FPR INKOTANYI

Uwihoreye Jean Marie, uzwi nka Papa Boyi, arwariye mu bitaro bya Remera Rukoma nyuma yo kurumwa izuru rigacika na mugenzi we, Damascene uzwi ku izina rya Talibani. Uwihoreye avuga ko yaramuwe izuru ashinjwa kuririmba indirimbo y’Umuryango wa FPR Inkotanyi ndetse no kuba yarariye wenyine ku mafaranga ya FPR. Ibi byabereye mu Mudugudu wa Kiranzi, Akagari […]

Continue Reading

Rulindo: DGPR nibatorwa Gaz bazayigura bitewe n’ingano y’amafaranga y’umuguzi

Umuyobozi w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu KARERE ka Rulindo yabwiye abaturage ko nibatorwa umuturage ushaka kugura gazi ntibizagombera ko afite amafaranga aguze icupa ryose rya Gaz. Ibi nibyo yatangarije mu gikorwa cyo kwamamaza Hon Dr Frank Habineza ku mwanya wa Perezida ndetse n’abadepite ba DGPR cyabereye mu murenge wa Base kuri uyu wa […]

Continue Reading

Mpayimana Philippe ashaka ko u Rwanda rwajya rutegura Africa Day

Umukandida Mpayimana Philippe yavuze ko u Rwanda rushobora kuba inkingi y’ubumwe Nyafurika kugira ngo aba abanyafurika baje biyumva mu Rwanda nk’abari iwabo. Yemeza ko ari byo bivugwa mu ngingo 50 z’amagambo yakubiye mu bikorwa by’iyandikwa ry’ibikorwa bya politiki y’igihugu yatangiranye ku wa 22 Kamena. Umukandida Mpayimana Philippe yavuze ko natorwa azashyigikira ko u Rwanda rwajya […]

Continue Reading

Brig Gen Rwivanga yavuze ko kuvanga ingabo byabaye intangiriro yo kunga Abanyarwanda

Brig. Gen. Ronald Rwivanga yagaragaje ko ingabo za RPA zari zimaze guhagarika Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994, ibyatumye byazanywe ko ingabo zirimo izishyurwa zikomeje gukomeza igisirikare gikomeye mu Rwanda. Yagaragaje ko ayo mahirwe yari yigize mu buryo bwa politiki yari yateguye ubumwe bw’Abanyarwanda kandi ari igikorwa cyiza gikomeje gukora kubaka igihugu. Mu kiganiro na The […]

Continue Reading