Umuhanzi ukomeye arembeye mu bitaro harakekwa uburozi

Umuhanzi akaba n’umwe mu batunganya umuziki (producer) wo muri Uganda, Kiggundu Sulaiman uzwi ku izina rya McSan, arwaye bikomeye akaba ari mu bitaro aho yitabwaho. Ibi byatangajwe n’abo mu muryango we kuri uyu wa Kabiri tariki 02 Nyakanga 2024, bavuga ko McSan yajyanywe mu bitaro tariki 30 Kamena 2024 nyuma yo kuva mu gitaramo, bakeka […]

Continue Reading

RDC: Rwambikanye hagati ya M23 na FARDC mu gace ka Kaseghe

Hagati y’inyeshyamba za M23 n’ingabo za FARDC zifatanyije n’ingabo z’u Burundi na Wazalendo harimo imirwano muri Kaseghe, Lubero. Iyo mirwano yatangiye kuri uyu wa mbere, tariki ya 1 Nyakanga 2024. Sosiyete sivile y’aho yatangaje ko imitwe ya Wazalendo, FARDC, n’ingabo z’u Burundi aribo bateye umutwe wa M23 kugira ngo baburizemo umugambi wa M23 wo kwigarurira […]

Continue Reading

Perezida Biden akomeje kwitwara nabi mu kiganiro mpaka yakomoje ku kibyihishe inyuma

Perezida wa Amerika, Joe Biden, yavuze ko kwitwara nabi kwe mu kiganiro mpaka aheruka bituruka ku munaniro yatewe n’ingendo ebyiri ku isi mbere y’icyo kiganiro. Yagize ati: “Ntabwo numviye abakozi banjye… nuko habura gato ngo nsinzirire ku rubuga [rw’ikiganiro mpaka].” Biden, w’imyaka 81, yari avuye mu rugendo ku itariki ya 15 Kamena, hafi ibyumweru bibiri […]

Continue Reading

U Rwanda rugomba kwirwanaho igihe cyose ruzaterwa

  Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru kuri uyu wa kabiri Nyakanga 2024, Umuyobozi w’ishyaka DGPR ndetse akaba na Kandida ku mwanya wa Perezida yagarutse ku mutekano uvugwa mu KARERE Aho yatangaje igihe cyose u Rwanda rwaterwa rugomba kwirwanaho natwe rugishije inama. Kuba Perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo yaragiye yigamba kenshi azatera u Rwanda, uyu […]

Continue Reading

RUBAVU: Ishyaka DGPR ryaserukanye umucyo I Mahoko

  Kuri uyu wa Kabiri Nyakanga 2024 ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije DGPR ryakomereje ibikorwa byo kwiyamamaza Aho imbaga y’abaturage yagaragaje akanyamuneza n’umunezero mu kwishimira imigabo n’imigambi iri shyaka ribazaniye. Abiganjemo urubyiruko n’abakuze nibo bari biganje mubari bitabiriye ibi bikorwa byo kwamamaza DGPR barazwe n’umudiho wikiranwaga n’akamwenyu mu maso. Hon Dr Frank Habineza Perezida […]

Continue Reading

Burera: Yahitanwe n’impanuka yitegura kumurika igitabo yanditse muri Kaminuza

Ndihokubwimana Jean Paul wapfuye azize impanuka mu mpera z’icyumweru gishize yababaje abantu benshi basigaye bumijwe n’uburyo abuze ubuzima akiri muto mu gihe yarimo gusoza amasomo ye ya kaminuza. Mu masaha y’umugoroba wo ku wa Gatandatu tariki 29 Kamena 2024, ni bwo hacicikanye amakuru avuga ko Ndihokubwimana Jean Paul wigaga muri Kaminuza y’Ikoranabuhanga ya Byumba (UTAB) […]

Continue Reading

Nyabihu : Dr Frank Habineza n’ishyaka DGPR bakoze ku mutima wa benshi

kuri uyu wa kabiri Nyakanga 2024 mu KARERE ka Nyabihu mu gasanteri ka Mukamira,abaturage ndetse na bamwe mu basirikare bashimiye Dr Frank Habineza bamwifuriza kuba Commandant in chief. Ibi ni ibyatangajwe na Bwana Modeste umurwanashyaka ndetse akaba n’umuyobozi w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije (DGPR) mu ntara y’iburengerazuba yakira abashyitsi yagarutse ku butumwa yahawe n’abasirikare […]

Continue Reading

Abagerageje gukura Tshisekedi ku butegetsi bavuze uko binjiye mu ngoro ye

Abagerageje igikorwa cyo gukura Perezida Félix Tshisekedi ku butegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, basobanuye ko binjiye mu ngoro y’Umukuru w’Igihugu, nta muntu n’umwe ubakomye mu nkokora Mu buhamya abagera kuri 51 bakurikiranweho uruhare muri iki gikorwa cyabaye tariki ya 19 Gicurasi 2024, umwe muri bo, Yusufu Ezangi, yasobanuye ko yamenyanye na Christian Malanga […]

Continue Reading

Paul Kagame yashimiwe n’ab’i Kirehe na Ngoma Uko kwiyamamaza byagenze (Amafoto)

Rwandanews24 iguhaye Ikaze ku kibuga cya Kirehe mu Karere ka Kirehe aho Umuryango FPR Inkotanyi ukomereza ibikorwa byo kwamamaza Chairman akaba n’Umukandida wawo, Paul Kagame, ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu mu matora ateganyijwe ku wa 15 Nyakanga 2024 UKO IBIKORWA BYO KWAMAMAZA PAUL KAGAME I KIREHE BIRI KUGENDA: 1: 14 Chairman Paul Kagame yatangiye ashimira abaturage ba […]

Continue Reading

Louise Mushikiwabo umudari yahawe umudari n’umuperezida ukomeye i burayi

Umunyamabanga Mukuru w’umuryango w’ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa (La Francophonie), Louise Mushikiwabo yahawe umudari na Perezida wa Romania, Klaus Iohannis, uyu umudari w’icyubahiro ufite ishusho y’inyenyeri uzwi nka ‘Etoile de Roumanie’. Uyu mudari yashyikirijwe Mushikiwabo na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Romania, Luminita Odobescu, ku itariki ya 1 Nyakanga 2024, mu birori byabereye i Paris mu Bufaransa. […]

Continue Reading