Imva mutima za Rucagu Boniface wahanaguweho igisebo yari amaranye imyaka 30

Rucagu Boniface wabaye mu butegetsi bwa Repubulika ya mbere n’iya kabiri ndetse akaba n’Umudepite, yatangaje ko yishimiye kuba ukuri ku byamuvugwagaho ko yandikiye ikinyamakuru Kangura atuka ndetse anaharabika Inkotanyi kwashyizwe ahagaragara, bituma igisebo kimuvaho. Mu 1993 ikinyamakuru Kangura cyari icya Ngeze Hassan wari umuhezanguni wamunzwe n’ingengabitekerezo yo kwanga Abatutsi, muri No 46/93 yacyo hasohotsemo inyandiko […]

Continue Reading

Imibereho y’Abasigajwe Inyuma n’Amateka mu Karere ka Rubavu yahindutse Kuko u Rwanda Rwibohoye

Abasigajwe inyuma n’amateka bo mu Karere ka Rubavu, Umurenge wa Mudende, batangaza ko aho igihugu cy’u Rwanda kibohorewe, imibereho yabo yahindutse cyane. Aba baturage, bari bamaze imyaka myinshi birengagizwa kubera imiyoborere mibi, bavuga ko nyuma y’uko Inkotanyi zihagaritse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, babonye ubuzima bushya. Kalimingenge Francois, umwe mu basigajwe inyuma n’amateka wo mu […]

Continue Reading

Bukavu: Amazu arenga 100 yibasiwe n’inkongi y’umuriro

Mu karere ka Nyalukemba mu mujyi wa Bukavu muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, inkongi y’umuriro yibasiye amazu arenga 100 ku wa Gatatu, tariki ya 03 Nyakanga 2024. Amakuru aturuka aho byabereye avuga ko ku ikubitiro, amazu agera kuri 30 ari yo yabanje gufatwa n’inkongi, hanyuma uwo muriro ugenda ukongeza andi mazu kugeza arenze 100. […]

Continue Reading

Abapolisi babiri bo muri Sudan y’Epfo bafatiwe muri Congo baje gushimuta abantu

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo cyatangaje ko cyafashe abapolisi babiri bo mu gihugu cya Sudan y’Epfo, nyuma y’uko bari baje gushimuta bamwe mu baturage bari bafitanye amakimbirane. Aba bapolisi batawe muri yombi ku wa Gatatu, tariki ya 03 Nyakanga 2024, mu Ntara ya Bas-Uele. Urwego rushinzwe Iperereza rwavuze ko aba bapolisi binjiye muri […]

Continue Reading

Minisitiri w’Ingabo muri kenya yabwiye Perezida Ruto kumusaba kwegura niba yumva yaramutengushye

Minisitiri w’Ingabo muri Kenya, Aden Duale, yatangaje ko adafite urwicyekwe kubera ibibazo by’imyigaragambyo bimaze iminsi byibasira igihugu, ndetse ashimangira ko yiteguye kwegura niba Perezida William Ruto abona atari kuzuza inshingano ze nk’uko bikwiriye. Ku Cyumweru, Perezida Dr. William Ruto yatangaje ko hari bamwe mu bayobozi bafatanyije kuyobora Kenya bamutereranye mu gihe cy’imyigaragambyo ikomeje kuba muri […]

Continue Reading

Perezida wa Amerika yanze kurekura ubuyobozi

Nyuma y’aho bamwe mu bari imbere mu ishyaka ry’aba-Démocrates basabye Perezida Joe Biden ko yareka kwiyamamariza kongera kuyobora Amerika, bitewe no kutitwara neza mu kiganiro mpaka aherutse kugirana na Donald Trump, Perezida Biden yashimangiye ko adateze kwegura uko byagenda kose. Mu nama yahuje abayobozi b’ibikorwa byo kwiyamamaza mu ishyaka ry’aba-Démocrates, Perezida Biden yavuze ko ari […]

Continue Reading

“Agaciro kari muri twe nta n’umwe wakatwambura” – Perezida Kagame uko ibirori byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 30 yo Kwibohora byagenze (Amafoto)

U Rwanda rwizihije isabukuru y’imyaka 30 rwibohoye mu birori by’imbonekarimwe byabereye kuri Stade Amahoro ivuguruye byitabiriwe n’abantu b’ingeri zitandukanye batangiye kugera ahabereye iki gikorwa Saa Kumi n’imwe z’igitondo. Muri iyi myaka 30 ishize, Ingabo z’u Rwanda zakoze ibikorwa byinshi by’ubushakashatsi kandi bitandukanye byateza imbere imibereho myiza y’abaturage. Hano ni iyi nkuru ikoresheje iyo mirongo y’abantu […]

Continue Reading

RDC: Abasirikare 25 bakatiwe urwo gupfa bazira guhunga urugamba

Ku wa Gatatu tariki ya 3 Nyakanga 2024, abasirikare 25 ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bakatiwe urwo gupfa n’Urukiko rwa Gisirikare rwa Butembo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, bazira “guhunga umwanzi” mu gihe bari bahanganye n’abarwanyi b’umutwe wa M23. Urwo rubanza rwari rubereyemo abantu 31, barimo abasirikare 27 n’abagore bane ba bamwe muri […]

Continue Reading

Kwibohora30: Imyaka 30 y’Iterambere Ry’u Rwanda Ubuhamya bw’abaturage

Mu myaka 30 ishize, Abanyarwanda bavuye mu icuraburindi rya politiki mbi y’amacakubiri n’ivangura byagejeje kuri Jenoside yakorewe Abatutsi. Mu gihe cy’imyaka 30, igihugu cyabonye iterambere ry’ibikorwa remezo n’imibereho y’abaturage, bigaragazwa n’imibereho y’abaturage mu bice bitandukanye by’igihugu. Iterambere mu mibereho y’abaturage: Hari umubyeyi wo mu Karere ka Karongi wavuze ko rusake z’iwabo zitakimenya amasaha yo kubika […]

Continue Reading

Loni yanze gukuraho ibihano yafatiye imitwe yitwaje intwaro ikorera muri RDC

Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe umutekano kagumishijeho ibihano kafatiye abo mu mitwe yitwaje intwaro ndetse n’abandi bashinzwe umutekano bakorera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Ibi byemezo byafashwe tariki ya 1 Nyakanga 2024, nk’uko byatangajwe na Ambasade ya RDC muri Loni, bizamara umwaka umwe kugeza tariki ya 1 Nyakanga 2025. Ibihano byagumishijweho birimo gukumira ubugure […]

Continue Reading