U Rwanda rwavuze kubyo Umuvugizi wa Leta ya Congo warushinje gufotora Minisitiri wa RDC rwihishwa mu nama iheruka kubahuza

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko amafoto ya Minisitiri wungirije w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aganira na bagenzi be bo mu Rwanda yafashwe mu buryo bwemewe n’amategeko, bitandukanye n’ibyatangajwe na Minisitiri akanaba Umuvugizi wa Guverinoma ya Congo, Patrick Muyaya. Ku Cyumweru tariki ya 7 Nyakanga 2024, ni bwo Nduhungirehe yagiranye […]

Continue Reading

Inkende zagabye igitero ku biro by’Akarere zituma abayobozi badatanga serivisi

Amakuru aturuka mu gihugu cya Uganda aravuga ko hari inkende nyinshi zagabye igitero ku biro by’Akarere ka Mubende gaherereye muri kiriya gihugu, zikaba zigakoresha uko zishatse ndetse ngo zinatuma batanga serivisi mbi kuko zihora zitera abakozi ubwoba. Aya makuru y’uko babangamirwa n’izi nkende yemejwe n’umwe mu bayobozi bo muri aka Karere witwa Samuel Mayanja, wavuze […]

Continue Reading

Abana bagororerwa muri Gereza ya Nyagatare batangiye gukora ibizamini bya Leta

Abana 16 bari kugororerwa muri Gereza y’abana ya Nyagatare batangiye gukora ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza, aho bari gukorana n’abandi banyeshuri kuri site ziri gukorerwaho ibizamini bya Leta mu Karere ka Nyagatare. Kuri uyu wa Mbere tariki ya 8 Nyakanga 2024, ni bwo mu gihugu hose hatangijwe ku mugaragaro ibizamini bya Leta bisoza amashuri […]

Continue Reading

BUGESERA :Dr Frank Habineza yemereye abaturage umuhanda n’uruganda rukora amagare

kuri uyu wa 8 Nyakanga 2024, mu karere ka BUGESERA, Dr Frank Habineza Perezida w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije (DGPR) akaba na Kandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika ubwo biyamamazaga muri aka karere yemereye abaturage amazi meza umuhanda wa kaburimbo n’uruganda rukora amagare bishimisha cyane abaturage bitabiriye ibi bikorwa. Ibi bikorwa byatangiriye mu […]

Continue Reading

Hagiye kumurika imashini yakoze izajya ifasha abantu bashaka gupfa mu gihe gito cyane

Dr. Philip Nitschke, uzwi ku izina rya Dr. Death, arateganya kumurika imashini izajya ifasha abantu bashaka gupfa mu buryo bwihuse kandi mu mahoro. Nk’uko ikinyamakuru cyo mu Budage, Neue Zürcher Zeitung, cyabitangaje, izi mashini zishobora gutangira gukoreshwa mu Busuwisi bitarenze Nyakanga 2024. Iyi mashini yitwa “Suicide capsules” ifite ubushobozi bwo gufasha umuntu gupfa mu gihe […]

Continue Reading

Polisi yamaze impungenge ku mikorere ya Camera zigenzura umuvuduko

Polisi y’u Rwanda yatangiye gukoresha camera zigenzura umuvuduko mu 2019, aho camera ya mbere yashyizwe i Kanzenze mu Karere ka Bugesera. Nyuma yo kubona umusaruro mwiza, camera zashyizwe ahandi hantu nka Nyagasambu, Kamonyi, Ryabega, na Kanyinya. Ubu, izi camera ziri hose mu mihanda y’u Rwanda, harimo no mu Mujyi wa Kigali no mu ntara.   […]

Continue Reading

Abarenga ibihumbi 200 bagiye gukora ibizamini bizosa amashuri abanza

Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko abanyeshuri 202,999 bagiye gukora ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza by’umwaka w’amashuri wa 2023-2024.   Aba banyeshuri barimo abahungu 91.189 n’abakobwa 111.810 basoje icyiciro cy’amashuri abanza bagiye gukora ibizamini bizatangira kuri uyu wa 8 Nyakanga 2024.   Biteganyijwe ko abayobozi mu nzego z’uburezi bazatangiza ku mugaragaro ibyo bizamini hirya no hino […]

Continue Reading

Abanyamerika batandatu bafunzwe bazira gufotora ishuri rya Perezida w’Inteko

Abakerarugendo b’Abanyamerika batandatu n’umushoferi wabo batawe muri yombi na Polisi ya Uganda ubwo bafatwaga bari gufotora ikigo cy’amashuri cya Anita Among, Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko. Aba bakerarugendo bari mu bagize umuryango utegamiye kuri Leta ufasha bimwe mu bigo by’amashuri muri Uganda ndetse n’abanyeshuri bo mu mashuri abanza n’ayisumbuye.   Ubwo bari mu rugendo berekeza muri […]

Continue Reading

NYAMAGABE: Abaturage twahanye igihango gikomeye” Dr Habineza Frank”

Kuri iki cyumweru tariki ya 7 Nyakanga 2024, Mu murenge wa Gasaka akarere ka Nyamagabe Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije DGPR,  riratangaza ko ryahanye igihango n’abaturage b’akarere kuko mu bibazo bajyanye mu nteko 70% byarakemutse naho ibindi bakurikiranye nyuma 50% byagezweho. Hon Dr Habineza yagarutse kubyo bakoze birimo ibibazo bajyanye mu nteko uko byakemutse […]

Continue Reading