NESA yateguje ihagarikwa ry’andi mashuri

Umuyobozi mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri, NESA, Boneza Angelique, yavuze ko mu bugenzuzi bakoze hirya no hino mu gihugu, basanze hari amashuri 1.015 akora nta byangombwa afite biyemerera kuba amashuri ‘School Accreditation’. Yabikomojeho mu kiganiro kuri Televiziyo y’u Rwanda, aho yagaragaje ko hari izindi raporo ziri gutegurwa kuri ubu bugenzuzi, ateguza ko zizasohoka […]

Continue Reading

Rubavu: Ikamyo yo mu bwoko bwa Howo yacitse feri igonga ibitaro bya Gisenyi ikomeretsa bane

Mu Karere ka Rubavu, ku muhanda winjira mu Mujyi wa Rubavu ahazwi nko kwa Gacukiro, habereye impanuka ikomeye y’ikamyo yinjiye mu bitaro bya Gisenyi. Ni impanuka yabaye kuri uyu wa Kabiri tariki 07 Mutarama 2025 aho iyi kamyo yinjiye mu Bitaro bya Gisenyi nyuma yo gukora impanuka ikomeye biturutse ku kubura feri. Iyo modoka yari […]

Continue Reading

Karongi: Inkuba yakubise abantu 12 bane muri bo bahita bapfa

Murambi mu karere ka Karongi Ku cyumweru tariki 05 Mutarama 2025, inkuba yakubise abantu 12 bari bugamye mu nzu imwe, bane muri bo bahita bapfa abandi 8 bajyanwa mu bitaro bahungabanye. Ubuyobozi bw’akarere bwemereye TV1 dukesha iyi nkuru  ko mu mvura yaguye ku mugoroba wo ku cyumweru tariki 05 Mutarama 2025, inkuba yakubise abantu 12 […]

Continue Reading

Burera: Hari abagikoresha agatadowa

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Cyanika, Akagari ka Gisovu mu miryango 15, babangamiwe no kuba bagicana udutadowa kandi insinga z’umuriro w’amashanyarazi zinyura hejuru y’ingo zabo. Izo ngo ni izo mu Midugudu ya Gisovu, Rutongo na Samiro, Akarere ka Burera; bavuga ko baterwa ishavu no kuba insinga z’umuriro w’amashanyarazi unyura hejuru y’ingo zabo,bagasaba ko bahabwa […]

Continue Reading

Uwimaniduhaye Rebecca arashinja nyina kumutwara umugabo

Uwimaniduhaye Rebecca utuye mu Karere ka Gicumbi mu Murenge wa Byumba yatangaje ko ari mu gahinda gakomeye kuko nyina yamutwaye umugabo, ubu bakaba babana mu nzu nk’abashakanye. Ibyo ngo byatangiriye mu rugo rwa Uwimaniduhaye n’umugabo bari barashakanye, ubwo uwo mugore yari arwaye. Ubwo burwayi bwa Uwimaniduhaye bwaje gukomera noneho biba ngomba ko nyina w’imyaka 42 […]

Continue Reading

Umupolisi yarashe Abashinwa babiri ahita ahunga

Umupolisi warindaga umutekano w’abavugurura umuhanda mu ntara ya Lomami muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yishe arashe Abashinwa babiri bakorera sosiyete yitwa Crec 6. Umushinjacyaha w’igisirikare mu gace ka Mwene-Ditu karasiwemo aba Bashinwa, Col Bora Uzima Justin, yasobanuye ko byakozwe n’umupolisi witwa Mutombo Kanyemesha wari uzwi nka ‘Méchant Méchant’, ahita ahunga. Col Bora yasobanuye ko […]

Continue Reading

Abasirikare bagera kuri 23 ba FARDC bagejejwe mu rukiko bashinjwa guhunga M23

Abasirikare 23 ba FARDC bitabye urukiko kuva ku wa Mbere, itariki 30 Ukuboza 2024 imbere y’urukiko rwa gisirikare rwimukiye muri Gereza ya Butembo, muri Lubero-Centre, nibura mu bilometero 50 uvuye ku murongo w’imbere w’urugamba. Nk’uko umuvugizi w’ibikorwa bya Sokola 1 Grand Nord abitangaza, ngo aba basirikare barwanya inyeshyamba za M23 mu karere ka Lubero bakurikiranyweho […]

Continue Reading

Kigali: Ahantu hane hazaturikirizwa urufaya rw’urumuri mu kwinjira mu 2025

  Umujyi wa Kigali watangaje ko ahantu hane hazaturikirizwa urufaya rw’urumuri mu rwego rwo gusoza umwaka wa 2024 no kwinjira mu mushya wa 2025. Mu itangazo ryanyujijwe ku rukuta rwa X [Twitter], Umujyi wa Kigali watangaje ko ibi bikorwa bizabera ku i Rebero kuri Canal Olympia, Imbuga City Walk, Kigali Convention Centre no kuri Serena […]

Continue Reading

Perezida Kagame yashimye inzego z’ubuzima zarwanyije Marburg

  Perezida Paul Kagame yashimye abakozi bo mu nzego z’ubuzima, abakorerabushake n’abandi bose bagize uruhare mu guhangana n’Icyorezo cya Marburg. Yabigarutseho ku wa 30 Ukuboza 2024, ubwo we na Madamu Jeannette Kagame bari bakiriye Abanyarwanda mu ngeri zitandukanye mu isangira ryo guherekeza umwaka ryabereye muri Kigali Convention Centre. Umukuru w’Igihugu yavuze ko n’ubwo umwaka wa […]

Continue Reading

Menya ahazarasirwa ibishashi byo kwishimira gusoza umwaka muri Kigali

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko ahantu hane hazarasirwa ibishashi by’umuriro (fireworks) mu rwego rwo kwishimira gusoza umwaka neza wa 2024 no gutangira uwa 2025. Ni ibintu bisanzwe bikorwa muri uwo mujyi buri saa sita z’ijoro zo ku itariki ya 1 Mutarama ya buri mwaka, aho u Rwanda n’Isi muri rusange baba bishimira umwaka mushya […]

Continue Reading