NESA yateguje ihagarikwa ry’andi mashuri
Umuyobozi mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri, NESA, Boneza Angelique, yavuze ko mu bugenzuzi bakoze hirya no hino mu gihugu, basanze hari amashuri 1.015 akora nta byangombwa afite biyemerera kuba amashuri ‘School Accreditation’. Yabikomojeho mu kiganiro kuri Televiziyo y’u Rwanda, aho yagaragaje ko hari izindi raporo ziri gutegurwa kuri ubu bugenzuzi, ateguza ko zizasohoka […]
Continue Reading
