Kiliziya yemeje ibyo guhabwa insimburangingo z’inyamaswa.

Vatican yatangaje ko abo muri Kiliziya Gatolika bashobora guhabwa insimburangingo zikomotse ku nyamaswa, mu rwego rwo kuvura indwara zimwe na zimwe. Byatangajwe ku wa 24 Werurwe 2026. Ibi bishingiye ku iterambere rikomeje kugaragara mu buvuzi bwifashishije ingingo z’ingurube cyangwa inka zahinduriwe imiterere karemano y’uturemangingo twazo. Mu nyandiko ya paji 88 igaragaza amabwiriza agomba gukurikizwa kuri […]

Continue Reading

Camp kigali: abanyeshuri batunguwe no kubona mugenzi wabo w’imyaka 16 yabyariye kwishuri.

mu ishuri ryisumbuye rya GS cam kigali riherereye mu karere ka Nyarugenge habaye ibyatunguye benshi aho umwana w’umukobwa w’imyaka 16 wigaga mu mwaka wa wa kane w’amashuri yisumbuye S4 HGL abyariye mu Kigo. Amakuru aturuka ku banyeshuri n’abarimu muriki kigo bakaba bavugako ibyabaye byabatunguye, bikanateza urujijo kuko ntawaruzi ko uyu mwana w’umukobwa atwite ibi byabaye […]

Continue Reading

Amajyepfo: Gahunda yo kugaburira abana ku ishuri bose barayivuga imyato ariko bakavuga ko hari ibitagenza neza.

Bamwe mu bayobozi b’ibigo by’amashuri bavuga ko gahunda yo kugaburira abana ku ishuri ari ingirakamaro cyane kuko yagize uruhare rukomeye mu kongera umubare w’abanyeshuri bitabira amasomo, nubwo hari ibibazo by’ibikorwa remezo bikiri kugaragara. Umuyobozi w’ishuri rya GS Mushubi riri mu Karere ka Nyamagabe, UMUJA Ancille, avuga ko iyi gahunda yafashije abana benshi kwitabira ishuri kuko […]

Continue Reading