Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko ingabo zose ziri mu mujyi wa Bunia ufatwa nk’umurwa mukuru w’intara ya Ituri muri Repubulika Iharanira...
Amakuru aremeza ko umutwe wa M23 wamaze kugera mu Mujyi wa Bukavu ndetse kuva ku mugoroba wo ku wa gatanu nyuma y’uko ingabo za leta n’abayobozi...
Frédéric Bamvuginyumvira wabaye Visi Perezida w’u Burundi kuva mu 1998 kugeza mu 2001, yanenze Perezida Evariste Ndayishimiye uherutse gusaba Abarundi kwitegura intambara yabo n’Abanyarwanda. Ndayishimiye wari...
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yatangaje ko ubutegetsi bwe butazaganira n’umutwe witwaje intwaro wa M23 nubwo bwabisabwe n’abakuru b’ibihugu by’umuryango wa Afurika...
Papa Francis, w’imyaka 88 yoherejwe mu Bitaro bya Policlinico Agostino Gemelli i Roma, aho yagiye kwivuriza indwara ifata mu myanya y’ubuhumekero amaranye igihe izwi nka ‘bronchite’...
Urukiko rwa Gisirikare rwa Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rwahanishije igihano cy’urupfu abasirikare barenga 200 kubera guhunga urugamba bahanganyemo n’umutwe witwaje intwaro wa...
Umuvugizi wa AFC/M23 ku rwego rwa politiki, Lawrence Kanyuka, yatangaje ko abarwanyi babo bafashe burundu ikibuga cy’indege cya Kavumu, giherereye mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo. M23...
Umutwe witwaje intwaro wa M23 kuri uyu wa 14 Gashyantare 2025 wafashe centre y’ubucuruzi ya Katana nyuma y’imirwano ikomeye wagiranye n’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya...
Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yongeye kuburira abantu ko hari kompanyi zikora ubucuruzi bw’amafaranga bukorerwa kuri interineti mu buryo butemewe n’amategeko, igaragaza ko hari kompanyi enye...
Urwego rukuriye Abasenyeri muri Congo Kinshasa rwemeje ko intumwa zarwo zahuye na Perezida Paul Kagame mu rwego rwo kuganira ku mahoro arambye mu Burasirazuba bwa Congo...