Umugabo witwa Niyonagize Xavier wo mu Karere ka Nyamasheke yatemye abagore babiri barimo uwo bashakanye war’utwite n’uw’umuturanyi, bahita bahasiga ubuzima, nawe araraswa agapfa. Uwakoze ubu bwicanyi...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Olivier Jean Patrick Nduhungirehe, yavuze ko u Rwanda rushyigikiye inzira y’ibiganiro hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, DRC, n’Ihuriro rya...
Perezida wa Malawi, Lazarus Chakwera, yategetse ubuyobozi bw’Ingabo gutangira gutegura uburyo bwo gucyura abasirikare b’icyo gihugu bari mu ntambara mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yatangaje ko yagiranye ibiganiro bitanga umusaruro n’Umuyobozi w’Inama y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EUC) António Costa, ku bibazo by’umutekano muke muri Repubulika...
Ubuyobozi bw’Ihuriro AFC ry’imitwe ya politiki n’uwitwaje intwaro wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwatangaje bunashyiraho abayobozi b’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru. Bahati...
Imiryango mpuzamahanga ikora ibikorwa by’ubutabazi yatangaje ko nyuma y’agahenge katangajwe na M23, hatangiye ibikorwa byo gushyingura abapfiriye mu mirwano y’ingabo za FARDC zifatanyije n’imitwe irimo Wazalendo...
Abadepite bagize Komisiyo y’Umutekano mu Nteko Ishinga Amategeko ya Afurika y’Epfo basabye Guverinoma yabo gukura Ingabo z’icyo gihugu mu Burasirazuba bwa Kongo, aho zirimo gufatanya n’Ingabo...
Guverineri mushya wa gisirikare w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, Maj. Gen. Evariste Somo Kakule, wasimbuye Maj. Gen. Peter Cirimwami uherutse kwicwa n’abarwanyi ba M23, yatangiriye imirimo ye...
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’Igihugu cya Afurika y’Epfo (SANDF) Gen. Rudzani Maphwanya, yemeje ko ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) ari zo zarashe ibisasu bya...
Umugore w’imyaka 39 wahingaga wo mu Karere ka Rutsiro n’umusore w’imyaka 18 watemaga igiti mu Karere ka Rutsiro batahuye ibisasu byo mu bwoko bwa gerenade bitandukanye,...