Axel Rudakubana yemereye urukiko rwa Liverpool mu Bwongereza ko yishe abana batatu tariki ya 29 Nyakanga 2024, abateye icyuma. Yanemeye kandi icyaha cyo kugerageza kwica abandi...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje kuri uyu wa mbere tariki ya 20 Mutarama 2025 ko rwataye muri yombi abantu 9, barimo Kwizera Emelyne uzwi cyane kubera...
Imirwano irakomeje mu nkengero z’imisozi ikikije umujyi wa Sake muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), mu bilometero bitagera kuri 30 ngo ugere mu mujyi wa...
Muri Kanama 2024 ni bwo Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB), rwahagaritse insengero, kiliziya n’imisigiti bitari byujuje ibisabwa bigendanye n’amabwiriza abigenga. Amezi agiye kuba atanu icyo cyemezo gifashwe...
Gasore Simeon w’imyaka 39 wo mu Mudugudu wa Kabwenge, Akagari ka Nyagisozi, Umurenge wa Busogo, Akarere ka Musanze yagwiriwe n’itaka ubwo yibaga iryo guhomesha inzu ye...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yababajwe n’urubyiruko rukomeje kwiyandarika by’umwihariko urwiyambika ubusa ku karubanda, asaba abayobozi n’ababyeyi guhagurukira ibyo byonnyi byibasiye Umuryango Nyarwanda. Perezida...
Mu gihe habura umunsi umwe ngo Donald Trump, arahirire kuba Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, abagera mu bihumbi biganjemo abagore biraye mu mihanda ya...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rwataye muri yombi umunyamakuru Uwineza Liliane rwahamagaje ngo asobonure ibirebana n’ibiganiro yatambutsaga kuri YouTube byashoboraga kubiba amacakubiri akanga kwitaba. Umuvugizi wa RIB, Dr....
Umujyi wa Kigali watangaje ko hatangiye igeragezwa rizatuma bisi zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange zizajya zihagurukira igihe kizwi, ibitandukanye n’ibyari bisanzwe aho rimwe na rimwe...
Rutahizamu w’Umunya-Uganda, Charles Bbaale, yandikiye Rayon Sports ayisaba gusesa amasezerano bafitanye kubera ko asanga atagifite imbaraga zo kuyifasha muri uyu mwaka w’imikino. Bbaale yari amaze umwaka...