Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB) n’Akarere ka Nyamasheke, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 21 Mutarama 2025, beretse itangazamakuru abantu batanu...
Ntaganzwa Emmanuel uregwa n’ubushinjacyaha icyaha cyo kwica umugore we Mukashyaka Anathalie yasabiwe igihano cyo gufungwa burundu. Icyo gihano yagisabiwe mu iburanisha ryabereye mu ruhame kuri uyu...
Umuyobozi w’ishyaka PODEMOS ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwo muri Mozambique, Venâncio Mondlane, yatangaje ko yiteguye gukorana na Leta iyobowe na Perezida Daniel Chapo. Mondlane yavuze ko yakwemera...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi Musenyeri Mugisha Mugiraneza Samuel, weguye ku buyobozi bwa Diosezi ya Shyira, Itorero rya Angilikani mu Rwanda. Akurikiranyweho ibyaha byo...
Umutwe witwaje intwaro wa M23 mu gitondo cyo kuri uyu wa 21 Mutarama 2025 wafashe santere ya Minova muri teritwari ya Kalehe muri Repubulika Iharanira Demokarasi...
Habanabashaka John w’imyaka 23, wabaga mu Karere ka Nyanza, mu Murenge wa Ntyazo, Akagari ka Cyotamakara, mu Mudugudu wa Karuyumbu, yasanzwe mu giti cya avoka mu...
Mu gihe hirya no hino mu gihugu humvikanye umubare munini w’abanyeshuri batsinzwe ikizamini cya Leta gisoza amashuri yisumbuye bitewe n’impinduka mu kubara amanota, haribazwa uburyo bizagenda...
Ikipe ya APR FC yemeje ko yatandukanye n’Umunya-Nigeria, Godwin Odibo, ku bwumvikane bw’impande zombi. Ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere...
Ndagijimana Elisa w’imyaka 29 yakubiswe n’inkuba ahita apfa, abandi bavandimwe be na Se bajyanywe kwa mu ganga kuvurwa ibikomere n’ihungabana. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa...
Donald John Trump yarahiriye kuba Perezida wa 47 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika (USA), mu muhango wabaye kuri uyu wa Mbere tariki ya 20 Mutarama 2025....