Umunyarwanda utuye mu Bwongereza, Axel Rudakubana w’imyaka 18 y’amavuko, yakatiwe n’Urukiko igihano cyo gufungwa imyaka 52, nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kwica abana b’abakobwa batatu bari...
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yayoboye inama y’igitaraganya nyuma y’aho ingabo z’iki gihugu zihanganiye n’umutwe witwaje intwaro wa M23 rwagati mu mujyi...
Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, Gen Maj Peter Cirimwami, yishwe arashwe n’umutwe witwaje intwaro wa M23, mu gace ka Kasengezi, nk’uko byemejwe n’Umuvugizi wawo mu rwego...
Umutwe witwaje intwaro wa M23 watangaje ko ugiye gufata Umujyi wa Goma ufatwa nk’Umurwa Mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Umuvugizi...
Abaturage batuye mu mujyi wa Goma bavuga ko bafite ubwoba bw’ imirwano isatira uyu mujyi nyuma y’ uko abarwanyi ba M23 bivuzwe ko binjiye mu mujyi...
Inkongi yatewe n’iturika rya Gaz mu nkambi ya Mahama, iherereye mu karere ka Kirehe, mu Burasirazuba bw’u Rwanda, yahitanye umunye-Congo witwa Pengele Jean Kamate. Iyi nkongi yabaye...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko ashobora gufatira u Burusiya ibihano mu gihe bwakwanga kugirana ibiganiro na Ukraine, bigamije guhagarika intambara....
Abasore babiri bari mu kigero cy’imyaka 22 y’amavuko bo mu Karere ka Gisagara mu Murenge wa Save, barashwe n’Umupolisi ubwo yabatahuraga aho bari bihishe nyuma yo...
Ubutegetsi bwa gisirikare muri Kivu ya Ruguru bwabijije urujya n’uruza rw’amato mato akoresha ikiyaga cya Kivu, bwavuze ko ari ku bw’impamvu z’umutekano muke “mu nkengero za...
Minisiteri y’Ubuzima, MINISANTE, yatangaje ko Abajyanama b’Ubuzima bagenerwa agahimbazamusyi kabarwa mu mafaranga kandi kakanyuzwa mu makoperative babarizwamo. Ibi ngo nibyo byatumye hatekerezwa uko Abajyanama b’Ubuzima bashyirwa...