Ibiganiro by’amahoro hagati ya Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’inyeshyamba za M23 byari biteganijwe kuri uyu wa Gatatu i Doha byasubitswe, nk’uko amakuru aturuka...
Joseph Kabila wabaye Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo akaba yari ari muri Afurika y’Epfo kuva mu Ukuboza 2023, yatangaje ko agiye gusubira mu gihugu...
Ibiro by’Umukuru w’igihugu, Village Urugwiro ,byatangaje ko Perezida Paul Kagame, kuri uyu wa Kabiri tariki 8 Mata 2025, yakiriye Massad Boulos, Umujyanama wihariye wa Perezida wa...
Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwahagaritse ubufatanye n’ababuhuzaga n’ubwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu biganiro byerekeye ubucukuzi n’itunganywa ry’amabuye y’agaciro. Kuva muri Gashyantare...
Tariki 8 Mata mu 1994 nibwo Gen. Maj. Paul Kagame wari uyoboye Ingabo zahoze ari iza RPA yamenyesheje amahanga ko agiye gufata icyemezo cyo guhagarika Jenoside...
Mu mezi atatu gusa guhera tariki 7 Mata 1994, u Rwanda rwinjiye mu gitabo kibi cy’amateka y’Isi ubwo Abatutsi guhera ku ruhinja kugeza ku mukambwe bahigwaga...
Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron, yavuze ko Igihugu ayoboye kigiye gushyira imbaraga nyinshi mu guta muri yombi abakekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Umukuru...
Perezida Paul Kagame yitabiriye Urugendo rwo Kwibuka ruzwi nka Walk to remember rwabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa 7 Mata 2025. Uru rugendo rwasorejwe kuri...
Mu ijoro ryo ku itariki ya 6 rishyira iya 7 Mata 1994, nyuma y’ihanurwa ry’indege Falcon 50 yari itwaye perezida Habyarimana Juvenal nibwo Interahamwe n’abasirikare bo...
Abagize umutwe wa AFC/M23 n’abahagarariye Guverinoma ya Leta Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu buryo bw’ibanga, batangiye ibiganiro bigamije gushaka igisubizo ku kibazo cy’umutekano muke kimaze...