Kevin De Bruyne ukina mu kibuga hagati muri Manchester City, yatangaje ko atazakomezanya nayo nyuma y’uyu mwaka w’imikino wa 2024/25. Ibi bikubiye mu ibaruwa yageneye abakunzi...
Umukuru w’Igihugu cy’u Burundi, aherutse gutangaza uko yatanze ruswa ya miliyoni enye z’amafaranga akoreshwa mu Burundi kugira ngo abone lisansi, ibona umugabo igasiba undi mu Burundi....
U Bubiligi bwahakanye uruhare rwabwo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC), aho bivugwa ko buri gufasha Ingabo za Congo (FARDC), Inyeshyamba za Wazalendo, ndetse n’inyeshyamba...
Mu mpera z’iki cyumweru, biteganyijwe ko mu Mujyi wa Paris mu Bufaransa hazabera imyigaragambyo igamije kwamagana ubufatanye hagati y’ikipe ya Paris Saint-Germain (PSG) n’u Rwanda, binyuze...
Ikipe ya Tsinda Batsinde yandikiye Ishyirahamwe rya Ruhago mu Rwanda (FERWAFA), gusubika umukino yari ifitanye na Gicumbi FC mu irushanwa ry’Icyiciro cya Kabiri mu Rwanda, ku...
Ihuriro rya politiki n’igisirikare AFC/M23 ryatangaje ko ryakuye abarwanyi baryo mu Mujyi wa Walikale ndetse no mu bice biwukikije, nk’uko ryari ryabisezeranyije ku wa 22 Werurwe...
Guverinoma y’u Rwanda, yemeje ko Alain Mukuralinda wari Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda yitabye Imana aho yari arwariye mu Bitaro byitiriwe umwami Faisal i Kigali....