Umutwe witwaje intwaro wa CODECO ukorera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo warekuye abaturage 161 wari uherutse gushimuta mu ntara ya Ituri. CODECO yashimutiye...
Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yamaganywe nyuma yo kugaragaza ko mu burasirazuba bw’iki gihugu nta Banye-Congo bavuga Ikinyarwanda babayo. Intandaro y’uku kwamaganwa ni ibisobanuro...
Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere,RGB, kuri uyu wa kane tariki ya 6 Werurwe 2025, rwatangaje ko rwahagaritse imiryango ishingiye ku myemerere, ibiri ariyo Elayono Pentecostal Blessinga Church riyobowe...
Ihuriro rya AFC/M23 ryashyize umucyo ku basirikare 130 ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC, baherutse gufatirwa mu bitaro by’i Goma bari bihishemo, ariko Umuryango w’Abibumbye...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuva mu mwaka wa 2023 u Rwanda rushyize imbaraga mu guteza imbere urwego rw’ubuzima kugeza ubu abarwayi 44 bamaze guhindurirwa impyiko bikorewe...
Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF) bwatangaje itangazo rihamagarira urubyiruko rwifuza kwinjira mu ngabo kwiyandikisha, ibikorwa bikazatangira ku wa 08 Werurwe 2025 kugeza ku wa 06 Mata...
Umutwe wa M23 wavuze ko amakuru avuga ko kuri uyu wa 5 Werurwe 2025 bagiye koherereza igisirikare cy’u Rwanda (RDF) Gen Ntawunguka Pacifique, uzwi nka Omega...
Mu ijoro ryo ku wa Gatatu, tariki ya 5 Werurwe 2025, habaye imikino ibanza ya 1/8 cya UEFA Champions League aho amakipe akomeye y’i Burayi yahuye...
Ubuyobozi bw’Umurenge wa Kivumu mu Karere ka Rutsiro, bwatangaje ko umuturage witwaga Harelimana Bonaventure uherutse kwicwa ariko abaturage bakanga kumushyingura bavuga ko batazi urupfu yapfuye, kuri...
Minisitiri w’Ikoranabuhanga n’ibikorwaremezo w’u Budage, Dr. Volker Wissing, yavuze ko u Rwanda ari igihugu cyiza, gifite abantu beza n’ibyiza nyaburanga, ashishikariza abantu kurusura. Yabitangaje kuri uyu...