Christophe Baseane Nangaa wahoze ari Guverineri w’Intara ya Haut-Uélé mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yamaze guhunga nyuma kiriya gihugu y’igihe aterwa ubwoba. Baseane...
Ihuriro AFC/M23 ryashyizeho abayobozi bashya bazafasha mu kugenzura imari rusange, imisoro, ishoramari no kugenzura ibijyanye n’inguzanyo. Ni mu itangazo ryashyizwe hanze n’Umuvugizi wa AFC/M23 mu bya...
Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yateye utwatsi ibirego bya Leta y’iki gihugu bimushinja kuba akorana n’umutwe witwaje intwaro wa...
Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na Félix Tshisekedi wa DR Congo bahuriye i Doha muri Qatar bahujwe n’umukuru w’iki gihugu, bemeranya guhera hano bagakomeza ibiganiro biganisha...
Mu rwego rwo gusobanurira Abanyarwanda imishahara n’ibindi by’ingenzi bigenerwa abayobozi bakuru b’igihugu, dukora ubushakashatsi kuri bamwe mu bafite inshingano zikomeye. Tugiye kugaruka ku mushahara ndetse n’ibindi...
Umutwe wa M23/AFC wari watangaje urutonde rw’abazajya muri Angola wahinduye icyemezo cyo kwitabira ibiganiro byo muri Angola. M23/AFC, mu itangazo yashyize hanze igaragaza ko ihagaritse kwitabira...
Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, kuri iki Cyumweru, itariki 16 Werurwe, yahuye n’umudepite wo muri Amerika, Ronny Jackson, kugira ngo baganire ku...
Guverinoma y’u Rwanda yamenyesheje iy’u Bubiligi ko yahagaritse umubano wayo nabwo mu bya dipolomasi, inategeka Abadipolomate b’iki gihugu kuba bavuye ku butaka bwarwo mu gihe kitarenze...
Umuvugizi wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, yatangaje ko kuri uyu wa Mbere tariki 17 Werurwe 2025 intumwa zigizwe n’abagera kuri Batanu bazahagararira Ihuriro AFC/M23 berekeje i Luanda...
Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko izajya mu biganiro bitaziguye n’inyeshyamba za M23. Angola isanzwe ari umuhuza muri ibi biganiro , yatangaje ko...