Amakuru y’uruzinduko rwa Gen Muhoozi Kainerugaba, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, yakomeje kuvugwa cyane ku mbuga nkoranyambaga. Icyakora, kugeza ubu, nta rwego rwa Leta ku ruhande...
Muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC), mu mujyi wa Bukavu, kuri uyu wa Mbere, tariki ya 3 Werurwe 2025, habaye imirwano ikaze hagati y’umutwe wa...
Umuyobozi w’Inteko Ishinga Amategeko y’u Burundi, Daniel Gélase Ndabirabe, avuga ko umuntu uzafatwa afite amashashi azajya yicara hasi akayahekenye kugeza ayamize. Mu 2018, leta y’u Burundi...
Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 03 Werurwe 2025, Ingabo za Congo (FARDC) n’abafatanyabikorwa bazo, barimo Ingabo z’u Burundi, Wazalendo, na FDLR, bagabye ibitero bikaze ku...
Perezida w’umutwe witwaje intwaro wa M23, Bertrand Bisimwa, yatangaje ko abarwanyi bawo atari ibyihebe nk’uko bivugwa n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ahubwo ko barwanira...
Minisitiri w’Ubwami bw’u Bwongereza ushinzwe Afurika Lord Ray Collins, yavuguruje ibinyoma yatwerereye u Rwanda ko yavuganye na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Olivier J. P. Nduhungirehe ku...
Mu gitondo cyo ku wa 2 Werurwe 2025, Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo yataye muri yombi abakekwaho ubujura bagera kuri 28 mu bikorwa byabereye...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ari yo ikwiye gufatirwa ibihano kuko hari byinshi yanze kubahiriza byari...
Ku mupaka uhuza u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), inzego z’umutekano z’u Rwanda zakiriye Gen Ezéchiel Gakwerere, uzwi ku mazina ya Sibo Stany...
Perezida Donald Trump yahuye na Perezida wa Ukraine amusaba kwemera ibiganiro n’Uburusiya kugira ngo intambara iri mu gihugu cye irangire. Byari ibiganiro birimo impaka, Perezida Donald...